Shyaka Blaise uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Blaise Niels arashinja umusore mugenzi we witwa Cyusa Alpha Serge usanzwe uzwi mu muziki nka Serpha, kumubeshya urukundo ariko akamuca inyuma ndetse bikagera ubwo amucucura utwe.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeImyidagaduro
HomeImyidagaduro
Articles
-
Umuhanzi Serpha arashinjwa ubushukanyi n’umusore baryamanaga
21 September 2024, by Uwiduhaye Theos -
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye gutangwa ibihembo ku bashyigikira abafite ubumuga
23 October 2024, by Uwiduhaye TheosKu nshuro ya mbere mu Rwanda, binyuze mu Muryango 1000 Hills Event n’ibindi bigo bitandukanye, bagiye gushimira abagira uruhare mu iterambere ry’abafite ubumuga ndetse banagaragaze impano n’ibikorwa byabo mu cyiswe ‘Rwanda Disability Inclusion Art Festival and Awards 2024’.
-
Maranatha Family Choir yashyize umucyo ku byo guhagarikwa nyuma yo kuririmbana na Knowless
21 September 2024, by Uwiduhaye TheosMaranatha Family Choir yahoze mu Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi, yasobanuye ibyavuzwe byo guhagarikwa, nyuma y’indirimbo bakoranye na Butera Knowless bise “Nyigisha” yagiye hanze mu mezi atatu ashize.
-
Itsinda rya The Bright 5 Singers rigiye kwifashisha umuziki mu guhangana n’ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe
14 December 2024, by Uwiduhaye TheosAbaririmbyi n’abacuranzi bahuriye muri ’The Bright 5 Singers’, bagiye gutangira urugendo rw’ibitaramo bizenguruka u Burayi mu mushinga wo gutanga ubutumwa bw’ihumure no gufasha benshi bafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe.
-
Yararaga amajoro ababyeyi batabyumva: Urugendo rwa Kina Beat wiyeguriye Hip Hop
29 September 2024, by Uwiduhaye TheosKina Beat ni umwe mu batunganya indirimbo bagezweho mu Rwanda cyane cyane mu rubyiruko bamwe bakunda Gen-Z, ndetse indirimbo nyinshi ziganjemo izikozwe mu njyana nka Drill na Trap Music zigezweho i Kigali cyangwa mu Rwanda aba afitemo ukuboko.
-
Jeff Bezos yahakanye ibyo gukora ubukwe na Lauren Sanchez
23 December 2024, by Kangabe NadiaUmuherwe Jeff Bezos yashyize umucyo ku byavugwaga ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we, Lauren Sanchez, buzaba kuri Noheli, yemeza ko ayo makuru adafite ukuri.
-
Iby’urukundo rwe na Diamond na Kevin Kade, n’isano afitanye n’u Rwanda: Jasinta yabivuye imuzi (Video)
12 December 2024, by Uwiduhaye TheosNi umwe mu bakobwa bafite inkomoko mu Rwanda umaze kwigarurira imitima ya benshi mu ruganda rw’imyidagaduro muri Afurika, ndetse amaze kugaragara mu mashusho y’indirimbo zakunzwe z’ibyamamare bitandukanye muri Tanzania, u Rwanda, Uganda n’ahandi. Uwo nta wundi ni Jasinta Makwabe.
-
Bruce Melodie yashyize umucyo ku mubano we na The Ben
14 December 2024, by Uwiduhaye TheosBruce Melodie yavuze ko nta kibazo afitanye na The Ben, nyuma y’uko hari amakuru yakunze gucicikana agaragaza ko aba bahanzi bombi bafite amazina akomeye mu Rwanda badacana uwaka, uretse ko ibi uyu muhanzi yabyihakanye.
-
Kivumbi King yamuritse album ye nshya(Amafoto)
29 December 2024, by Uwiduhaye TheosUmuhanzi Kivumbi King yamuritse album ye nshya yamurikiye imbere y’ababyeyi be, bari bitabiriye igitaramo yakoreye muri Kigali Universe.
-
Uko gupfusha umugore na nyirabukwe icyarimwe, byatumye Mbera uzwi muri sinema atekereza ku bafite ibibazo byo mu mutwe
7 March 2025, by Uwiduhaye TheosMbera Jean Claude uri mu banyamideli banubatse izina muri sinema y’u Rwanda ndetse no mu bindi bice bitandukanye by’imyidagaduro birimo no kwandika ibitabo, yagaragaje ko ubwo yapfushaga umugore we na nyirabukwe binyuze muri ‘Arts Therapy’ yifashishije ubuhanzi ngo akire ibikomere yagize muri ibyo bihe.
IGIHE