Padiri Nahimana Thomas wari utegerejwe mu Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 23 Ugushyingo, yaheze i Nairobi muri Kenya kubera ibibazo birimo ibyangombwa by’inzira.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeImyidagaduro
HomeImyidagaduro
Articles
-
Padiri Thomas Nahimana yaheze i Nairobi
23 November 2016, by IGIHE -
Ouagadougou: Umuco nyarwanda wahariwe umunsi mu iserukiramuco"Récréâtrales"
5 November 2012, by Samuel IshimweI Ouagadougou muri Burkina Faso guhera kuwa gatanu w’icyumweru gishize hari kubera iserukiramuco ryiswe Récréâtrales ryerekanirwamo imico y’ibihugu bitandukanye buri mwaka. By’umwihariko u Rwanda rwahariwe umunsi uzerekanirwaho bimwe mu bitatse umuco nyarwanda.
Muri iryo serukimuco ryitabiriwe n’ibihugu bitandukanye, u Rwanda rwahariwe umunsi wa nyuma rizasorezwaho, aho hazerekanwa byinshi mu biranga umuco nyarwanda nk’ibyino n’indirimbo by’itsinda Ikobe, ikinamico (theatre) zizakinwa na (…) -
Mc Mahoniboni yasohoreye indirimbo mu Buholandi
6 November 2012, by Samuel IshimweNyuma y’imyaka itanu avuye mu rw’imisozi igihumbi, Mc Mahoniboni yongeye gusohora indirimbo yakoreye mu BuhoLandi aho atuye.
Mc Mahoniboni ufatwa nk’umuhanzi wabashije gukundisha Abanyarwanda injyana ya Hip Hop yavuye mu Rwanda mu 2007, yerekeza ku mugabane w’i Burayi mu Buhorandi. Gusa abantu basigara bibaza impamvu aho agereyeyo atakomeje gusohora indirimbo ku muvuduko nk’uwo yari ariho mbere y’uko agenda.
Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo indirimbo za Mc Mahoniboni zongeye (…) -
Alpha Rwirangira arategura ibitaramo mu Rwanda
8 November 2012Alpha Rwirangira ubu ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aratangaza ko ateganya kugaruka mu Rwanda mu mpera z’Ukuboza aho azaba aje gukora ibitaramo bitandukanye.
Aganira na IGIHE ku murongo wa telefone, yagize ati “Nkubwije ukuri nkumbuye mu Rwanda cyane, nkumbuye umuryango wanjye ndetse no gutaramira abakunzi banjye. Numva mfite imbaraga zidasanzwe n’ubundi bumenyi nshobora kuba maze kwiyongeraho hano muri USA. Ndifuza kuzaza nkashimisha Abanyarwanda birenze ku byo nakoraga nkiri (…) -
Filime 10 zigezweho kuri Netflix zagufasha kuryoherwa n’icyanga cy’ubuzima
7 July 2024, by Peacemaker PunditNetflix ni urubuga rukoreshwa n’abashaka kureba filime zigezweho kandi zikoranye ubuhanga. Rufite umwihariko wo kugera ku bantu bose bakoresha Interineti.
-
Sherrie Silver yakomoje ku mikoranire aherutse kugirana na Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda
26 June 2025, by Uwiduhaye TheosUmunyarwandakazi umaze kubaka izina ku ruhando mpuzamahanga mu kubyina, Sherrie Silver, yagaragaje ko hari imikoranire aheruka kugirana na Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda, yasize abagore babyaye batarageza imyaka y’ubukure bahugurwa mu bijyanye n’ubudozi.
-
Bruce Melodie, Alyn Sano na Rumaga mu bakoze mu nganzo: Indirimbo nshya za Weekend
26 July 2025, by Uwiduhaye TheosAbahanzi Nyarwanda ndetse n’abo ku rwego mpuzamahanga bakoze mu nganzo muri iki cyumweru ndetse nk’uko bisanzwe, twabateguriye zimwe mu ndirimbo zagufasha kurushaho kugira week-end nziza.
-
Bombori bombori hagati ya Yago na sosiyete yamwemereye ikibanza amaso agahera mu kirere
18 April 2024, by Peacemaker PunditSosiyete ya Marchal Real Estate yemereye Yago Pon Dat ikibanza nk’impano igihe yamurikaga album ye ya mbere yise ‘Suwejo’, gusa akomeza kugitegereza amaso agahera mu kirere.
-
Bamwe bashobora kwibira muri metero 500! Ubushobozi bw’abakobwa ba RDF bari ku rugamba muri Mozambique
13 August 2021, by Philbert GirinemaAho ibihe bigeze, nta muntu ugishidikanya ku bushobozi bw’Abanyarwandakazi, ntabwo bakiri ba bandi barenzwa ingohe, bashoboye imirimo iyo ariyo yose yakorwa na basaza babo. Mu Ngabo z’u Rwanda, naho ni ko bimeze abakobwa bafite ubushobozi buhagije butuma bakora imirimo kera yabonwaga nk’iy’abagabo.
-
Mu ibanga rikomeye, Eddy Kenzo yerekanywe mu rugo na Minisitiri Phiona Nyamutooro
29 June 2024, by Peacemaker PunditUmuhanzi Eddy Kenzo yerekanywe mu muryango w’umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ishinzwe Ubucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro muri Uganda, Phiona Nyamutoro mu buryo bw’ibanga rikomeye.
IGIHE