Bruce Melodie uri mu bahanzi bakomeye mu Rwanda, yavuze ko umuziki urimo amafaranga kandi wakurura ba mukerarugendo benshi mu gihe waba uhawe agaciro, n’abahanzi bagashorwamo imari, nk’uko ishorwa mu bikorwa biteza imbere ubukerarugendo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeImyidagaduro
HomeImyidagaduro
Articles
-
Igihe kirageze ngo Leta idufate nk’ingagi - Bruce Melodie (Video)
9 January, by Byiringiro Osée Elvis -
Umunsi ‘Yantumye’ ya King James ihesha agatubutse Bruce Melodie (Video)
8 January, by Byiringiro Osée ElvisBruce Melodie yahishuye uko indirimo izwi nka ‘Yantumye’ ya King James yamuhesheje agatubutse ubwo abo yari yagiye kuririmbira bari bazi ko ari we nyirayo .
-
Kevin Kade yizihije imyaka itanu mu muziki; Ali Kiba ashimisha bicagase abanyamujyi (Amafoto)
1 January, by Uwiduhaye TheosAbahanzi batandukanye bashimishije benshi mu gitaramo Kevin Kade yizihirijemo imyaka itanu amaze akora umuziki, Ali Kiba yongera gushimangira ubuhangange bwe muri muzika.
-
Impanuka yihutishije ubukwe bwe n’impamvu abona amadini nk’ubukoloni: Riderman twaganiriye (Video)
2 February, by Byiringiro Osée ElvisUmuraperi Riderman yahishuye ko impanuka yakoze mu 2014 yatumye yihutisha ubukwe kubera ko yari amaze kubona ko gupfa k’umuntu byoroshye.
-
Baratugarukiye-Riderman ku babise ‘amapede’ kubera kuvanga rap n’izindi njyana (Video)
4 February, by Byiringiro Osée ElvisNiba mu myaka irenga 10 ishize warakurikiraga umuziki w’u Rwanda by’umwihariko injyana ya Rap, uribuka inkundura y’abiyitaga abaraperi b’ukuri, abagerageje guhindura injyana bakaririmba nka Afrobeat, Reggae n’izindi bakitwa ‘amapede’.
-
Bushali, Bwiza na Ruti Joel mu bahanzi bazitabira Tour du Rwanda Festival 2026
18 February, by Byiringiro Osée ElvisAbakunzi b’umuziki batekerejweho mu Irushanwa ryo gusiganwa ku Magare ‘Tour du Rwanda 2025’ cyane ko kugeza ubu hamaze kwemezwa ko rizaherekezwa n’ibitaramo bizwi nka ‘Tour du Rwanda Festival’ bigiye kuba ku nshuro ya kane.
-
Nifuje gupfa- Chance wo mu itsinda Ben & Chance ku bihe byo gupfusha umwana (Video)
26 March, by Byiringiro Osée ElvisMbanza Chance wo mu itsinda Ben & Chance ryamamaye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yahishuye ko yifuje urupfu mu gihe imfura ye yari yitabye Imana ifite amezi atanu.
-
‘Nyash’ zirakabirizwa- Umunyamakuru Iradukunda Michèle
26 July, by Byiringiro Osée ElvisUmunyamakuru wa RBA, Iradukunda Michèle, yagaragaje ko atumva impamvu abagabo bakunda cyane abagore n’abakobwa bafite ikibuno kinini (nyash), kugeza aho bamwe mu bagore bajya kwibagisha bagishaka, bamwe bakanahaburira ubuzima.
IGIHE