Umunyafurika y’Epfo Kamogelo Phetla umaze kumenyekana mu kuvanga imiziki nka Vigro Deep, ategerejwe mu gitaramo yatumiwemo i Kigali.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeImyidagaduro
HomeImyidagaduro
Articles
-
Vigro Deep ugezweho muri Afurika y’Epfo ategerejwe i Kigali
31 March 2025, by Uwiduhaye Theos -
Uwahamijwe kwivugana Radio yasubiye mu nkiko
3 April 2025, by Uwiduhaye TheosUrukiko rw’Ubujurire rwatangiye kuburanisha bundi bushya urubanza rwa Wamala Troy, umugabo wahamijwe icyaha cyo kwica Mowzey Radio wamamaye mu muziki muri Uganda.
-
Miss Umuratwa Anitha yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
13 April 2025, by Uwiduhaye TheosUmuratwa Kate Anitha ufite ikamba rya Miss Supranational 2021 aherekejwe n’urubyiruko rutandukanye rukorana nawe bya hafi, basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi.
-
Akari ku mutima wa Patient Bizimana nyuma y’igitaramo cya mbere cya Pasika yakoreye muri Canada (Amafoto)
20 April 2025, by Uwiduhaye TheosUmuramyi Patient Bizimana yagaragaje ibyishimo nyuma y’igitaramo cya mbere kiri mu bya ‘Easter Celebration’ afite muri Canada, agomba guhuriramo n’abahanzi bubatse amazina akomeye mu Rwanda mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana.
-
Bruce Melodie na BNXN batanze ibyishimo mu gitaramo cyaherekeje imikino ya BAL 2025
25 May 2025, by Byiringiro Osée ElvisUmunya-Nigeria, BNXN na Bruce Melodie batanze ibyishimo ku bitabiriye igitaramo cyaherekeje imikino ya BAL 2025 imaze iminsi ibera muri BK Arena.
-
Angell Mutoni yasogongeje abakunzi be kuri album ye ya mbere (Amafoto na Video)
29 May 2025, by Uwiduhaye TheosAbahanzi batandukanye bakomeye mu Rwanda ndetse n’inshuti za Angell Mutoni uri mu baraperikazi babimazemo igihe mu Rwanda, basogongeye album ye ya mbere agiye gushyira hanze, nyuma y’imyaka irenga 10 amaze akora umuziki.
-
Aline Gahongayire yashimishije benshi mu gitaramo yakoreye mu Bubiligi (Amafoto)
8 June 2025, by Uwiduhaye TheosAbahanzi barangajwe imbere na Aline Gahongayire bashimishije benshi mu gitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana bakoreye mu Bubiligi.
-
Ibikubiye muri ‘Urantokoza’, filime ivuga ku nzira y’inzitane Abatutsi banyuzemo muri Jenoside (Video)
2 July 2025, by Uwiduhaye TheosMu rwego rwo kurushaho gusobanura no kugaragaza amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abantu batandukanye bakoresha uburyo burimo kwandika ibitabo no gukora filime ndetse n’ubundi butandukanye, kandi buri gihangano kikagira umwihariko wacyo.
-
I Kigali habaye ibirori binogeye ijisho byamurikiwemo imyambaro ikorerwa muri ‘Albert Supply Textile’ (Amafoto)
29 June 2025, by Uwiduhaye TheosKu nshuro ya mbere i Kigali habereye ibirori by’imideli hamurikwa imyambaro itandukanye, ikorerwa mu ruganda rwa ‘Albert Supply Textile LTD.’ rwatangijwe na Nsengiyumva Albert umaze igihe kinini ari umwe mu badozi bafite izina mu Rwanda.
-
Ibyo wamenya kuri ‘Hurts Harder’; filime nshya ya Zacu TV irimo abakinnyi bagezweho
28 June 2025, by Uwiduhaye TheosZacu TV imaze kubaka izina mu guteza imbere sinema nyarwanda, inagaragaraho filime zitandukanye zakunzwe, igiye gutangira gushyira hanze filime nshya yiswe “Hurts Harder”; ivuga ku mukobwa wababajwe mu rukundo mu buryo bukabije.
IGIHE