Kugira ngo abantu bajyaga bahuzwa na Facebook bahure imbonankubone, hateguwe igitaramo Facebook Party kugira ngo baganire banamenyane birushijeho.
By’umwihariko iki gitaramo kizatangwamo ubuhamya bw’abantu bagiye bahuzwa na Facebook bakaba bageze ku bintu bikomeye, nko kubaka ingo, ubucuruzi, akazi n’ibindi.
Iki gitaramo kirimo agashya k’uko umusore wabashije kuryamana n’abakobwa icyenda bose abateretera kuri facebook aza kugaragara muri Facebook Party.
Igitaramo biteganyijwe ko kiba (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeImyidagaduro
HomeImyidagaduro
Articles
-
Uwaryamanye n’abakobwa icyenda abikesha Facebook arigaragaza
17 November 2012, by Samuel Ishimwe -
Samputu mu buhuza mu bibazo bya ‘Orchestre Impala nshya’n’imiryango y’Impala za kera
6 November 2012, by Samuel IshimweImiryango y’abahoze muri Orchestre harimo umuhungu wa Soso Mado, umuhungu wa Kali wa Njenje na mushiki we, umuhungu wa Maître Rubangi, n’umugore n’abana ba Sebanini André ntibumvikana n’abongeye kwishyira hamwe bagakora Orchestre Impala nshya ku bintu bimwe na bimwe by’umwihariko ku bijyanye n’umutungo.
Ibi byatumye bashyiraho Jean Paul Samputu nk’umuhuza, kugira ngo abunge mu nzira y’ubwumvikane hafatwe umwanzuro ku byo batumvikanaho.
Aganira na IGIHE, Gasasira Didier, umuhungu wa (…) -
Madonna yakuyemo imyenda yambara ubusa mu gitaramo
14 November 2012, by Dean IrakMu gitaramo cyabereye i Roma kuri uyu wa Mbere i Madison Square Garden ho muri New York, umuhanzi Madona yavanyemo ipantalo nuko yerekana ibibuno bye.
Madonna montre ses fesses à Rome par news-de-stars
Ubwo yakuragamo ipantalo, Madona yavuze ko ari mu rwego rwo gusaba abitabiriye icyo gitaramo ngo bafashe abahuye n’ikibazo cya Serwakira yiswe Sandy bo mu Nkengero z’uburasirazuba bwa Letasa Zunze Ubumwe z’Amerika.
Akimara kumanura ipantalo madona yagize ati "Nerekanye amabuno nambaye (…) -
Perezida Kagame yanenze igenzura n’imitangire y’amanota mu mihigo
13 September 2013Mu gikorwa cyo Kurata imihigo no gusinya iy’umwaka wa 2012-2013, Perezida Kagame yagaragaje ko atanyuzwe neza n’amanota aba yatanzwe mu mihigo, aho mu mihigo ya 2012-2013, buri karere kahawe amanota ari hejuru ya 90%, avuga ko bikwiye guhinduka, amanota akajya atangwa hakurikijwe ukuri nyako guhari, kandi hakagenderwa ku bifatika.
Perezida kagame, mu rurimi rw’icyongereza, yabwiye imbaga yari imukurikiye, aya magambo, ati: “Ibyiza twagezeho bitangaje, ni ukuri nibyo. Koko abantu bakoze (…) -
Kurwana bihoraho kwa Pacson na Kalisa John byageze muri Polisi
13 November 2012, by Samuel IshimweNyuma y’amakimbirane hagati y’umuhanzi Pacson na DJ Kalisa John amaze gufata intera kuko bajya bakozanyaho, ubu ikibazo cyabo bagishyikirije Polisi.
Mu mpera z’icyumweru gishize, aba basore bombi barwanye inshuro ebyiri, zisanga indi imwe bigeze kurwana.
Pacson avuga ko ku wa Gatanu ubwo yari yitabiriye igitaramo cya Dream Boys i Huye, yabonye Kalisa John arimo amufotora, afata n’amashusho y’abasore bagize itsinda rya Tuff Gangs barimo kuvuga amagambo atari meza amwaka apareye ye (…) -
Ubutumwa bamwe mu bahanzi b’Abanyamerika bageneye Obama
9 November 2012, by Dean IrakNyuma yo gutorerwa kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kwa Perezida Barack Obama, abahanzi batandukanye b’ibyamamare bagiye bagaragaza ibitekerezo byabo babinyujije kuri Twitter no mu bindi bitangazamakuru.
Byinshi muri ibi bitekerezo bikubiyemo ubutumwa bw’ishimwe bahaye Obama ku kuyobora manda ya kabiri.
Dore bumwe mu butumwa IGIHE twabashije gukusanya:
-Justin Bieber @justinbieber
we yanditse kuri twitter agira ati "Ibyishimo byinshi muri aka kanya, intsinzi nziza (…) -
Ku myaka 11 umuraperi Babou agiye gusohora imyenda yamwitiriwe
26 November 2012, by Mathias HitimanaUmuraperi Babou, w’imyaka 11 gusa, agiye gushyira ku mugaragaro imyambaro yamwitiriwe izaba yitwa “B Show”, yakozwe mu rwego rwo gushyigikira ubuhanzi bwe, ariko by’umwihariko no guhanga imirimo itari ukuririmba gusa.
Mu kiganiro na IGIHE, Jerome Paterson, umujyanamawe (manager) akaba na nyirarume wa Babou, yadutangarije ko hakozwe imipira y’abana bato n’iy’abantu bakuru n’ingofero z’abato n’abakuze, bizaba byanditseho B Show, “Babou Show”.
Yagize ati “Umuhanzi nta bwo agomba gutungwa (…) -
Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagaragaza ko bashyigikira ubusambanyi
6 November 2012, by Dean IrakBabinyujije mu bihangano byabo, bamwe mu bahanzi bo mu Rwanda bajya banyuzamo bagakoresha amagambo benshi bafata nk’ibishegu (urukozasoni) nyamara ziba zizumvwa n’abantu benshi batandukanye harimo n’abana bato baba badakwiye guhabwa ubutumwa nk’ubwo.
Ingero zifatika ni nko mu ndirimbo nshya ikunze gucurangwa cyane mu Rwanda yitwa ‘Bagupfusha Ubusa’, aho umuraperi Fireman asa nk’uwerura akavuga ibishegu, agira ati ”Ni gute umwana nk’uyu yapfuba ohohooo bakamupfusha ubusa, Icyakumpa (…) -
Ally Soudy n’umuryango we berekeje muri Amerika
7 November 2012, by Dean IrakUmuhanzi n’umunyamakuru Ally Soudy, yerekeje muri Leta ya Utah ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho agiye gutura, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Ugushyingo 2012.
Ally Soudy yajyanye n’umuryango we Carine Umwiza Warris.
Yaherekejwe n’inshuti ze, zirimo abanyamakuru bakoranaga nka Mike Karangwa na bamwe mu bagize itsinda ry’abanyeshuri bo muri APACE bamukunda bishyize hamwe bakiyita ‘Good Act Promoters’
Mu kiganiro aheruka kugirana na IGIHE, Ally Soudy yavuze ko agiye gutura muri (…) -
Fearless yatinyuye abakobwa kugaragara mu mashusho bambaye uduhishamagara gusa
9 November 2012Umukobwa Fearless wamenyekanye cyane mu mashusho y’indirimbo z’abahanzi batandukanye nyuma akaza kuba umuhanzikazi, yagaragaye mu mashusho y’indirimbo nshya ya Lilp (Unaitwa nani) yambaye ikariso n’isutiye (soutien gorge) gusa.
Fearless ubundi mu Cyongereza bishatse kuvuga ko nta kintu na kimwe atinya, abashije kubigaragaza koko ko nta kintu atinya ubwo yemeraga kuba uwa mbere ugaragaye mu mashusho y’indirimbo yakorewe mu Rwanda yambaye ikariso n’isutiye gusa.
Gusa iyi myitwarire (…)
IGIHE