Nyuma y’igihe gisaga ukwezi harimo kuba amarushanwa yo gushaka umunyamideri wa mbere mu Rwanda, ryasorejwe i Gikondo ku wa Gatanu tariki 28 Ukuboza 2012, Musie Tekle (ukomoka muri Eritrea) mu bahugu na Uwera Alexia Mupende mu bakobwa bahize abandi.
Ku munsi wa nyuma w’irushanwa ryo kumurika imideri, inkumi 12 n’abasore 12 babanje kujya biyerekana mu ntambuko n’imyambaro bitandukanye, abatanga amanota bakora akazi kabo.
Nyuma yo kwiyereka, itsinda ry’abakemurampaka barimo Makuza Laurent, (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > showbizslide
showbizslide
Articles
-
Tekle na Uwera babaye abanyamideri ba mbere mu Rwanda
29 December 2012, by Mathias Hitimana -
Gakondo Group mu kugarura umuco
7 May 2013, by Rutaganda JoelGakondo Group ni abahanzi bakomoka kuri Mzee Sentore Athanase, kuri ubu bari muri gahunda bise ukwezi k’urubyiruko aho bazazenguruka igihugu bigisha uburyo umuco gakondo wagaruka mu banyarwanda.
Aganira na IGIHE, Massamba Intore ari nawe washinze Gakondo Group, abajijwe nimba nta ngorane abona zizaba mu guhindura urubyiruko rw’ubu, imyitwarire, imivugire, n’imyambarire yagize ati: “ Bishobora kuzafata umwanya utari muto bitewe nuko imbaraga zijyanye no kugarura umuco zikiri nke, ariko (…) -
Mu gitaramo Happy people, ubwiza n’imyambarire byarivugiraga
2 January 2013, by Nsabimana EmileIgitaramo ngarukamwaka kizwi nka ’Happy people’ cyabereye kuri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga mu ijoro ryo ku ya 31 Ukuboza 2012, cyaranzwe n’imyambarire y’abari itangaje, by’umwihariko abenshi mu basore bari bahari bakaba baratashye bavuga ko banyuzwe n’ubwiza bw’inkumi zari zihari.
Iki gitaramo cyasusurukijwe n’aba ‘DJ’ babiri mpuzamahanga barimo uw’Umunyamerika.
N’ubwo hari impungenge ko gishobora kugira imbogamizi zo kutabona abantu bahagije kuko cyari cyakuwe aho cyagombaga kubera (…) -
Indirimbo “Icyana” ihuriyemwo n’abahanzi 10 iravugwaho byinshi
4 June 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’aho hari hamenyerewe indirimbo ihuriwemwo n’amazina y’abahanzi akomeye cyane, kuri ubu abahanzi bagera 10 bazwi ariko badafite amazina akomeye cyane bashyize hanze indirimbo bise “Icyana” babifashijwemo n’umwe mu banyamakuru witwa Rukundo Patrick uzwi cyane ku izina rya Patcope. Iyo ndirimbo “Icyana” yateye bamwe mu bakurikirana muzika nyarwanda kwibaza nimbi abo bahanzi baje guhangana n’andi mazina yari asanzwe ahurira mu ndirimbo akomeye, aho bakunda gukoresha ijambo “All Stars”. (…)
-
Groove Awards 2013: Abegukanye ibihembo baraye bamenyekanye
2 June 2013, by Audace Willy MucyoKu mugoroba wo ku wa gatandatu tariki 1 Kamena 2013, habaye umuhango wanitabiriwe n’umukuru w’igihugu cya Kenya, Perezida Uhuru Kenyatta, ahatangarijwe abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana begukanye imyanya ya mbere mu marushanwa ya ’Groove Awards’ asanzwe abera muri Kenya, agategurwa ku bufatanye n’umuryango wigenga wa Skiza, agashami ka ka Safaricom.
’Bahati Alphonse’ ku ruhande rw’u Rwanda, ’Redemption Voice’ ku rugande rw’u Burundi, ’Exodus’ ku ruhande rwa Uganda na ’Christina (…) -
Ibihembo bya Salax Awards byabonye ba nyira byo, Urban Boyz ica agahigo
10 March 2013, by Dean IrakItsinda rya Urban Boyz ryafashe agahigo kari gafitwe na King James wegukanye ibikombe bine bya Salax Awards umwaka ushize, kuko nabo begukanye ibikombe bine birimo n’icy’umuhanzi w’umwaka.
Ni mu muhango wabereye kuri Serena Hotel mu ijoro ryo kuri uyu wa Gtandatu tariki 9 Werurwe 2013, ubwo "Ikirezi Group Ltd" yahembaga abahanzi ba muzika bitwaye neza mu mwaka wa 2012.
Muri rusanjye Urban Boyz ari nayo yegukanye ibihembo byinshi birimo icy’umuhanzi w’umwaka, indirimbo nziza mu mashusho (…) -
Miss Rwanda 2012, yateguye ijoro ryo kwibuka urubyiruko rwazize Jenoside
8 April 2013, by Audace Willy MucyoKu bufatanye na Positive Production Ltd, Abahanzi batandukanye, na ba Nyampinga batandukanye, Miss Rwanda 2012, Mutesi K. Aurore yateguye iijoro ryo kwibuka urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu w’1994.
Mu gihe turi mu bihe byo kwibuka abacu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu w’1994, Mutesi Kayibanda Aurore, Miss Rwanda 2012 yatanze umusanzu ategura ijoro rigenewe kwibukirwamo urubyiruko rwatikiriye muri Jenoside.
Aganira na IGIHE, Mutesi Aurore yagize ati, “Ni igikorwa (…) -
Nirere Shanel agiye kwiga mu Bufaransa
29 November 2012, by Nsabimana EmileKuri uyu wa kane, umuhanzikazi Nirere Shanel wamenyakanye mu muziki wo mu Rwanda yitwa Miss Shanel, arerekeza mu Bufaransa kwiga ibijyanye n’umuziki.
Uyu muririmbyi avuga ko yishimira ari uko mu masomo aziga harimo n’ibijyanye no kwigisha, akaba yizeye ko ubwo azaba arangije imyaka ibiri y’amasomo ashobora kuzagira umusanzu atanga mu muziki wo mu Rwanda.
Nirere Shanel yadutangarije ko agiye kwiga mu kigo cyitwa Centre d’Etude de Musique et Dance, ngo akaba yizeye neza ko bigiye gutuma (…) -
Icyo Rwarutabura avuga nyuma yo kurumwa na Kanyombya ku Kibuno
29 May 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’aho mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya gatatu ribaye, ni nako hagenda hagaragaramo udushya twinshi dutandukanye. Mu gitaramo cya bereye i Nyamagabe ku itariki ya 18 Gicurasi 2013, nibwo Rwarutabura umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports yarumwe na Kanyombya ku kibuno ubwo yageragezaga kumusaba kuba yamusubiza hasi Rwarutabura yanze, Kanyombya yitabaje amenyo, kuri ubu Rwarutabura aratangaza ko nta rwango rwari rurimo ku byamubayeho byose .
Mu kiganiro na (…) -
PGGSS III: Tumwe mu dushya twaranze Roadshow yabereye i Nyanza
27 May 2013, by Rutaganda JoelMu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya gatatu ribaye hari bimwe bu bigenda bishimisha abantu baba bitabiriye ibyo bitaramo, ku itariki ya 27 Gicurasi 2013 nibwo ryakomereje i Nyanza nyuma ya Nyamagabe. Gusa hari impinduka zigenda zigaragara mu bahanzi uburyo bw’imyitwarire imbere y’abakunzi babo.
Reba Amwe mu mafoto yaranze icyo gitaramo cyabereye i Nyanza.
IGIHE