Sosiyete Group Vivendi Africa Rwanda (GVA Rwanda) isanzwe itanga Internet ya CanalBox, yatangaje ko yatangiye gutanga serivisi zayo i Karama mu Karere ka Nyarugenge ahazwi nka ‘Norvège’ mu rwego rwo kurushaho kwegera abaturage.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > HomeAdvert
HomeAdvert
Articles
-
Internet ya ‘CanalBox’ yagejejwe Norvège ya Karama
30 June 2025, by Isabwe Fabiola -
Guteza imbere umuco mu byatumye Techno Market itera inkunga igitaramo cya Inganzo Ngari
1 August 2025, by Uwiduhaye TheosTechno Market itanga serivisi zo gusohora inyandiko ku mpapuro (printing), kwandika ku byapa n’imyenda, gushushanya ku bikoresho n’ibindi bintu (branding) yatangaje ko yahisemo gushyigikira igitaramo cy’Inganzo Ngari kuko rishaka guteza imbere umuco.
-
Ibyo wibaza ku irushanwa rya Tangira Start Up TV rigiye kuba bwa mbere mu Rwanda
4 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuHarabura igihe gito ngo abashoramari bato n’abafite ibitekerezo by’ubucuruzi mu Rwanda bahabwe urubuga rwo kugaragaza impano zabo binyuze mu irushanwa rishya rizajya rica kuri televiziyo ryiswe ‘Tangira StartUp TV Contest’, ryashowemo arenga miliyoni 10 Frw.
-
Mega Global Market yorohereje abantu kubona ibikoresho byayo mu buryo buhendutse
1 August 2025, by Utuje CedricIkigo Mega Global Market cyatangije ku mugaragaro gahunda nshya ya ‘African Wellness Junction’ igiye korohereza abifuza kugura ibikoresho byayo kuri make ndetse no kubigeza ku isoko mpuzamahanga.
-
Great Hotel Kiyovu irakataje mu kudabagiza abayigana
1 October 2025, by Uwiduhaye TheosNtibyayisabye igihe kinini kugira ngo ibe imwe muri hoteli zifite izina rikomeye muri Kigali, kandi zigendwa na buri wese kuko nyuma y’imyaka ine gusa Great Hotel Kiyovu imaze itangiye gukora, ubu imaze kugaragaza umwihariko mu ngeri zitandukanye, ari na byo byatumye benshi bashaka kwica icyaka, kwikiza amavunane cyangwa kurya ibiryo ntagereranywa nta handi batekereza uretse iyi hoteli.
-
Umubyeyi ahabwa ibihumbi 500 Frw: Umwihariko wa Tuza na BK iri gufasha ababyeyi kubona ‘minerval’ y’abana
10 September 2025, by IGIHEIshuri ryatangiye. Ababyeyi benshi bahangayitse, ibyo kugurira abana babo kugira ngo babashe kwitabira ishuri ni byinshi, kuva ku buroso bw’amenyo kugeza ku mafaranga y’ishuri.
-
Imishinga 50 ya ba rwiyemezamirimo bato igiye guhatanira ibihembo mu irushanwa rya mbere mu Rwanda
18 September 2025, by IGIHEAbategura irushanwa rizwi nka ‘Tangira StartUp TV Contest’ batangaje ko ibikorwa byo kwiyandikisha byagenze neza, bagaragaza ko abohereje imishinga yabo bazatoranywamo 50 bazahatanira ibihembo.
-
Dekoderi yashyizwe kuri 3000 Frw; Canal+ yatekereje ku bakiliya bayo muri izi mpera z’umwaka
5 November 2025, by Nsengiyumva EmmyMu gihe umwaka uri kugana ku musozo, abakiliya ba Canal+ bongeye gushyirwa igorora, bashyirirwaho ubwasisi budasanzwe mu rwego rwo kubafasha kurushaho kuryoherwa n’iminsi ya nyuma y’umwaka.
-
Imiterere ya Salama Hotel Kiyovu yinjiye ku isoko ry’amahoteli y’i Kigali (Amafoto & Video)
8 October 2025, by Uwiduhaye TheosUbukerarugendo ni kimwe mu bintu biteza imbere ubukungu bw’igihugu binyuze mu bintu bitandukanye bibukorerwamo. Igice kinini usanga kigira uruhare mu gutuma ba mukerarugendo bamera neza ni icy’amahoteli kuko ari yo baruhukiramo mu minsi baba bafite mu gihugu.
-
U Rwanda na Bboxx byatangije gahunda yo kugeza gaze ku ngo 50.000
4 November 2025, by IGIHEGuverinoma y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA) yatangaje ko ku bufatanye na Bboxx Rwanda yatangije umushinga wo kugeza Gaze za LPG hirya no hino mu gihugu.
IGIHE