Koperative yo kuzigama no kuguriza igamije guteza imbere imibereho myiza y’abakozi bo mu rwego rw’ubuzima mu Rwanda, Muganga SACCO yakoze Inteko Rusange Isanzwe ya 9 yabereye kuri Lemigo Hotel i Kigali, yemeza ko mu 2026 izongera inguzanyo itanga kandi ikoranabuhanga rikarushaho kwimakazwa.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > HomeAdvert
HomeAdvert
Articles
-
Muganga SACCO yiyemeje kongera inguzanyo itanga no guteza imbere ikoranabuhanga
1 November 2025, by IGIHE -
Golf: NCBA Golf Series 2025 yitabiriwe n’abarenga 200 yasojwe abitwaye neza barahembwa
4 November 2025, by IGIHEImikino y’irushanwa ngarukamwaka rya Golf ritegurwa na Banki y’Ubucuruzi ya NCBA Rwanda PLC ryiswe NCBA Golf Series 2025, ryashyizweho akadomo risiga umubano mwiza mu bakinnyi cyane cyane abashoramari rishyira n’itafari ku iterambere ry’umukino.
-
Equity Bank Rwanda Plc yatangije “Ndi Umunyamuryango”, ubukangurambaga bugamije gushimira abakiliya bayo
5 November 2025, by Mukundwa AngeliqueUbu bukangurambaga bwatangijwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 4 Ugushyingo 2025, bwitabirwa n’abayobozi bayo ndetse n’abafatanyabikorwa. Bukurikiye ukwezi kw’abakiliya, bugamije kwerekana ko Equity atari banki gusa, ahubwo ari umuryango ushingiye ku bufatanye, icyizere n’iterambere rusange.
-
Abafatanyabikorwa ba Chancen International Rwanda bishimira imikoranire bafitanye ku rugero rwa 93,3%
28 November 2025, by Isabwe FabiolaIkigo Chancen International Rwanda cyishyurira abanyeshuri bo muri kaminuza n’abiga amasomo y’igihe gito. Cyahurije hamwe abafatanyabikorwa bacyo bose ku wa 27 Ugushyingo 2025 kunshuro ya gatatu bishimira ibyagezweho mu mwaka wa 2025 ndetse no gutegurira hamwe ibikorwa bizakorwa umwaka utaha wa 2026.
-
MTN Rwanda na TECNO mu bufatanye bufasha abakiliya gutsindira impano
29 November 2025, by Iradukunda OlivierSosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda ifatanyije na TECNO byatangije gahunda yo guha impano abakiliya bazajya bagura telefone zigezweho bagatsindira ibihembo, bakanagabanyirizwa ibiciro.
-
Ifite indyo zirimo izo muri Sénégal: Ibyihariye kuri TR5 Resort yatanze impamyabushobozi bwa mbere
1 December 2025, by Tuyishimire Umutesi CelineTR 5 Resort ni hoteli iri mu Kagari ka Ruyenzi, Umurenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi. Tariki ya 26 Ugushyingo 2025 yahaye impamyabushobozi abanyeshuri 20 barangije amasomo ya serivisi za hoteli zirimo izijyanye n’igikoni no kwakira abantu.
-
Bethany Hotel yagabanyije ibiciro ku bazayigana mu minsi mikuru
3 December 2025, by Utuje CedricBethany Hotel iri muri hoteli zibarizwa mu kigo Bethany Investment Group, yagabanyije 15% by’ibiciro ku byumba byayo, mu rwego rwo kurushaho gufasha abayigana kugira ibihe byiza muri izi mpera z’umwaka.
-
Abakiliya ba Kigali Marriott Hotel na Four Points By Sheraton Kigali bashimiwe
7 December 2025, by Iradukunda SergeHoteli ya Kigali Marriott Hotel na Four Points By Sheraton zasoje icyumweru mpuzamahanga cyahariwe gushimira abakiliya n’abafatanyabikorwa bazo, bashimirwa uruhare bakomeje kugira mu mikoranire hagati yabo n’iyi hoteli.
-
Mastercard Foundation yasabye ibigo by’imari korohereza abagore bo mu cyaro kubona imari
4 December 2025, by Tuyishimire Umutesi CelineMastercard Foundation yagaragaje ko nubwo u Rwanda rwateye intambwe mu kugeza ku Banyarwanda bose serivisi z’imari, hakiri ikibazo ku bagore baturuka mu bice by’icyaro batabona neza izo serivisi bityo ibigo by’imari bikwiye kuborohereza kuzibona.
-
BK Foundation na ALX byatanze miliyoni 26 Frw ku mishinga y’urubyiruko rwa Afurika yahize iyindi
9 December 2025, by Ishimwe Rugamba OrnellaBK Foundation ku bufatanye n’umuryango ALX Rwanda usanzwe uhugura urubyiruko ku kwihangira imirimo, batanze ibihumbi 18$ (asaga miliyoni 26 Frw) ku mishinga itatu y’urubyiruko yahize indi mu marushanwa ya “Do the Hard Things”, yari ahatanyemo imishinga umunani yatoranyijwe mu rubyiruko rwo mu bihugu umunani bya Afurika ALX ikoreramo.
IGIHE