Hambere aha iyo wabazaga amashuri meza atsindisha mu barangije icyiciro cy’abanza cyangwa ayisumbuye kandi umwana akarangiza afite ikinyabupfura gikwiye uwarezwe, urutonde rwiganzagamo ayo mu Mujyi wa Kigali azwiho kwishyura akayabo, ariko ibi byarahindutse kuko muri Gahogo Adventist Academy batanga uburezi n’uburere byose biri ku rwego rwo hejuru.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > HomeAdvert
HomeAdvert
Articles
-
Umwihariko wa Gahogo Adventist Academy, ishuri riteza imbere uburezi bushingiye ku ndangagaciro za gikirisitu
2 September 2024, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Mega Global Link yagabanyije ibiciro ku bifuza kujya kwiga hanze y’u Rwanda
13 June 2024, by Zigiranyirazo BajecteurIkigo gifasha abifuza kujya kwiga hanze y’u Rwanda, Mega Global Link, cyagabanyije 20% ku biciro byacyo mu rwego rwo korohereza abifuza gukomereza amasomo yabo hanze y’u Rwanda, by’umwihariko bakifuza gutangirana n’umwaka w’amashuri utaha, uzatangira muri Nzeri uyu mwaka.
-
COPEDU Plc yahembye umugore wahize abandi muri Action College
7 September 2024, by Léonidas MuhireIkigo cy’Imari cya COPEDU Plc cyifatanyije na Action College mu muhango wo gutanga impamyabushobozi ku barenga 400 basoje amasomo mu ndimi n’imyuga itandukanye mu myaka itanu ishize, kinatanga igihembo cy’ishimwe ku mugore wahize abandi mu manota meza.
-
Bralirwa Plc yamuritse icupa rishya rya Cheetah Energy
9 September 2024, by IGIHEUruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Bralirwa Plc, rwashyize hanze icupa rishya rishyirwamo ikinyobwa cya Cheetah Energy rikozwe mu kirahuri.
-
Bethany Hotel yazanye umwihariko mu bukerarugendo bukorerwa ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu
27 September 2024, by IGIHEBethany Hotel iri muri hoteli zibarizwa mu kigo Bethany Investment Group, yatangijwe uburyo bwihariye bugamije gutuma abatemberera ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu by’umwihariko i Karongi na Rubavu, barushaho kuryoherwa.
-
Abahanzi bitabiriye ibitaramo bya ’ Iwacu Muzika Festival’ bahawe amahirwe yo gusura uruganda rwa BRALIRWA
23 October 2024, by Nsengiyumva EmmyAbahanzi bose bari bitabiriye ibitaramo bya ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ byari bimaze iminsi bizenguruka igihugu mbere y’uko bisorezwa mu Karere ka Rubavu ku wa 19 Ukwakira 2024, bahawe amahirwe yo gusura uruganda rwa BRALIRWA.
-
Umusanzu wa CANAL+ Rwanda mu kubungabunga ibidukikije
29 October 2024, by Iradukunda OlivierSosiyete icuruza amashusho ya Canal+ Rwanda yatanze inkunga mu kwishyurira ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) ku miryango y’abatishoboye ndetse inagaragaza akamaro ko kubungabunga ibidukikije.
-
KTN RWANDA yashyize ku isoko ibibanza mu mujyi wa Kigali no mu ntara y’Iburasirazuba
13 November 2024, by Twagirayezu PatrickIkigo kimaze kuba indashyikirwa mu guhuza abaguzi n’abagurisha by’umwihariko imitungo itimukanwa, KTN RWANDA, cyongeye kibashyira igorora aho cyashyize ku isoko ibibanza bitandukanye, birimo ibyo guturamo, ubutaka bwo gukoreramo ubuhinzi n’ubworozi ndetse n’ibibanza byo kubakamo inganda.
-
Ikigo 1000 Hills Events cyahembye imishinga y’abafite ubumuga yitwaye neza
6 December 2024, by Twagirayezu PatrickIkigo 1000 Hills Events cyatanze ibihembo ku mishinga y’abafite ubumuga yitwaye neza, byiswe “Rwanda Disability Inclusion Art Festival & Awards 2024” bigamije kugaragaza ko n’abafite ubumuga bashoboye.
-
Kheri Group Ltd yashimiye abakiliya bayo bitwaye neza
12 December 2024, by Léonidas MuhireKheri Group Ltd ihagarariye Ikigo gicuruza imodoka zituruka bihugu bya Aziya Be Forward mu Rwanda, yasabanye n’abakiliya bayo mu mu buryo bwo kubashimira no kubifuriza impera z’umwaka nziza.
IGIHE