Abanyeshuri 126 bo mu Ishuri ribanza rya Saint Joseph basoje amashuri abanza, basabwa gukomeza kurangwa n’indangagaciro bahawe n’iri shuri mu myaka itandatu ishize.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > HomeAdvert
HomeAdvert
Articles
-
Kicukiro: Abarangije amashuri abanza muri Saint Joseph basabwe kutazatatira indangagaciro bahawe
13 July, by Mukundwa Angelique -
I&M Bank Rwanda igiye guhugura aba-Agents ba Karame Twaje barenga 800
9 July, by Léonidas MuhireI&M Bank Rwanda PLC yatangiye guhugura aba-Agents bayo ba Karame Twaje barenga 800 bo hirya no hino mu gihugu, hagamijwe kubongerera ubumenyi ku mitangire myiza ya serivisi, kurinda amakuru y’abakiliya n’ibijyanye no kubahiriza amategeko yo kurwanya ibikorwa by’iyezandonke n’ibyo gutera inkunga iterabwoba.
-
I&M Bank Rwanda na Simba Supermarket byiyemeje gufasha imiryango kuryoherwa n’ibiruhuko
16 July, by Tuyishimire Umutesi CelineMuri iki gihe abana bari mu biruhuko, I&M Bank Rwanda PLC ku bufatanye na Simba Supermarket, byashyizeho gahunda zo gufasha imiryango kuryoherwa n’ibyo biruhuko bafashwe guhaha ibintu bitandukanye, n’izindi serivisi zitangwa na Simba Supermarket.
-
RUBiS Energy Rwanda na Castrol byakiriye ba Chana mbere ya Rwanda Mountain Gorilla Rally
9 July, by IGIHESosiyete icuruza ibikomoka kuri peteroli ya RUBiS Energy Rwanda, ku bufatanye n’Ikigo cyo mu Bwongereza kizwi mu bucuruzi bw’amavuta y’imodoka cya Castrol, ikomeje kugaragaza uruhare rwayo mu guteza imbere siporo yo gusiganwa mu modoka, aho kuri iyi nshuro ishyigikiye imwe mu makipe akomeye yo muri Afurika y’Iburasirazuba izahatana muri Rwanda Mountain Gorilla Rally 2026’, ari yo y’abavandimwe Jasmeet Chana na Ravi Chana.
-
CEVR na Rentco Africa Rwanda mu bufatanye bwo korohereza ibigo kubona imodoka z’amashanyarazi
29 July, by Utuje CedricIkigo CEVR, gicuruza imodoka z’amashanyarazi kikaba kinahagarariye uruganda rwa Gelly mu Rwanda, cyinjiye mu bufatanye na Rentco Africa Rwanda, bugamije korohereza ibigo bya Leta n’iby’abikorera kubona imodoka z’amashanyarazi zikodeshwa mu gihe kirekire.
-
Abayigannye bwa mbere baragabanyirizwa! Upper Hill Fitness Gym yashyize igorora ab’i Rusororo (Amafoto)
23 July, by IGIHEAbatoza b’imyitozo ngororangingo bagaragaza ko gukora siporo mu buryo buhoraho ari ingenzi ku buzima bw’umuntu kuko bimufasha gukorana ibakwe mu kazi ke, gukangura imikorere y’ubwonko, kurinda umunabi mu rungano no guhorana itoto rishingiye ku buzima bwiza buzira kurwaragurika.
-
StarTimes yashyize igorora Abanyarwanda mu mikino ya ‘pre-season’ y’amakipe amwe y’i Burayi
4 August, by IGIHEIkigo gicuruza kikanasakaza amashusho ya televiziyo cya StarTimes, cyatangaje ko kuva mu mpera z’ukwezi gushize kwa Nyakanga, binyuze kuri shene zacyo z’imikino, hari gutambukaho imikino ya ‘pre-season’ y’amakipe atandukanye yo ku Mugabane w’u Burayi.
-
Imyaka 18 ya Simba Supermarket mu Rwanda: Iterambere, ubuziranenge na serivisi zinoze
14 August, by Igizeneza Jean DésiréSimba Supermarket iri mu cyumweru cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 18 imaze itanga serivisi zinoze ku baturarwanda, igihe cyaranzwe no gukomeza kwagura ibikorwa byayo no gushimangira umwanya wayo nka rimwe mu maguriro manini acuruza ibicuruzwa bitandukanye mu Rwanda.
-
Kopa Telecom mu bufatanye na World vision muri gahunda yayo igamije gufasha abana bafite imirire mibi
19 August, by Iradukunda OlivierKopa Telecom ni umwe mu bateye inkunga irushanwa rya Golf ryateguwe na World Vision, mu rwego rw’ubufatanye bugamije gufasha abana bafite imirire mibi kuzahuka.
IGIHE