Ikigo Mega Global Link, cyashyizeho amahirwe ku babyifuza bose baba bari mu Rwanda cyangwa mu mahanga, yo kuzitabira urugendo ruzabera muri Singapore rwiswe ‘urugendo rwo komora ndetse n’ubucuruzi’, ruzakorwa muri gahunda yiswe ‘Tembera Singapore’.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > HomeAdvert
HomeAdvert
Articles
-
Abanyarwanda bashyiriweho amahirwe yo kugirira urugendo rudasanzwe muri Singapore
19 December 2023, by Idukunda Kayihura Emma Sabine -
Mr Roof yatangiye guhugura ba rwiyemezamirimo
8 January 2024, by Mugisha ChristianIkigo gikora ibisenge, Mr Roof, cyatangiye urugendo rwo guhugura abari basanzwe ari abatekinisiye bacyo mu rwego rwo kubahindura ba rwiyemezamirimo bigenga.
-
Ikigo Fumigation Services Company cyiyemeje kuba igisubizo ku bibazo by’isuku mu ngo
9 February 2024, by Mugisha ChristianKu bantu bakunda kwita ku bikoresho byo mu ngo cyane nk’intebe, ibitanda cyangwa amatapi barabizi ko kugira ngo bigumane ubwiza n’ubuziranenge bwabyo bisaba kubikorera isuku byibuze inshuro imwe cyangwa ebyiri mu mwaka.
-
Prime Insurance yajyanye serivisi nshya muri Tour du Rwanda
17 February 2024, by Byiringiro Osée ElvisUko Isi itera imbere ni ko n’abayituye barushaho gushaka uburyo bagendana kuri uwo muvuduko, by’umwihariko babifashijwemo n’ikoranabuhanga.
-
Inyange Industries ikomeje kuba ubukombe muri Tour du Rwanda
20 February 2024, by Byiringiro Osée ElvisUruganda Inyange Industries, rutunganya bimwe mu binyobwa bidasembuye, rwitabiriye Tour du Rwanda ku nshuro ya 11 muri 16 imaze gukinwa.
-
Serivisi nshya Prime Insurance yaserukanye muri Tour du Rwanda 2024
22 February 2024, by Byiringiro Osée ElvisBinyuze muri Tour du Rwanda, Ikigo gifite uburambe mu gutanga Serivisi z’Ubwishingizi, Prime Insurance Ltd cyasobanuriye abaturarwanda bitabiriye iri siganwa, serivisi nshya bafite ziganjemo izo bashobora kwikorera bitabaye ngombwa kujya ku ishami.
-
Abaguzi ba internet ya CANALBOX bashyiriweho poromosiyo
15 March 2024, by Idukunda Kayihura Emma SabineSosiyete Group Vivendi Africa-Rwanda (GVA-Rwanda) isanzwe itanga Internet ya CANALBOX, yashyize igorora abakiliya bayo by’umwihariko abagura iyo internet ngo bayikoreshe mu ngo, ibashyiriraho poromosiyo yiswe ‘ Itumba Special Offer’ aho ‘router’ na ‘Installation’ ya Internet byagizwe ubuntu.
-
Mega Global Link yagabanyije ibiciro ku bashaka kwiga mu mahanga
31 May 2024, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbuyobozi bw’Ikigo gifasha abantu b’ingeri zinyuranye kujya kwiga mu mashuri atandukanye mu mahanga, Mega Gobal Link bwatangaje ko bwagabanyije 20% ku giciro cya serivisi bacaga umuntu ushaka kujya kwiga mu mashuri yo hanze y’u Rwanda.
-
Mega Global Link yagabanyije 20% ku kiguzi gicibwa abajya mu biruhuko mu mahanga
3 June 2024, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbuyobozi bw’Ikigo Mega Global Link bwatangaje ko abantu baziyandikisha mu bashaka kujya mu biruhuko mu bihugu nka Canada, Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Burayi bazagabanyirizwa ibiciro ku ijanisha rya 20% kuri buri muntu.
-
Choplife yafashije Aba-Rayons kwishimira Rayon Day 2024
5 August 2024, by Byiringiro Osée ElvisSosiyete y’Imikino y’Amahirwe "Choplife" yashinzwe n’Umuhanzi Mr Eazi yafashije Aba-Rayons kwishimira Umunsi w’Igikundiro (Rayon Day 2024) inatanga igikombe kuri Azam FC yatsinze Gikundiro igitego 1-0.
IGIHE