Abafashijwe gutura no kwiga mu mahanga na EDVISA, sosiyete itanga serivisi zo kujya kwiga no gutura mu mahanga, barayivuga imyato nyuma yo kugira inzozi zabo impamo.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > HomeAdvert
HomeAdvert
Articles
-
Abo EDVISA yafashije kwiga no gutura hanze, barayivuga imyato
11 September 2022, by Byiringiro Osée Elvis -
KTN Rwanda yorohereje abifuza gutura i Ndera na Nyarugunga kubona ibibanza
21 November 2022, by Byiringiro Osée ElvisIkigo gihuza abaguzi n’abagurisha, KTN Rwanda, gikomeje gufasha abashaka gutura mu Mujyi wa Kigali kubona ibibanza byiza kandi bya make, aho kuri iyi nshuro hagezweho abifuza ibibanza mu murenge wa Ndera, Nyarugunga ndetse na Rugende.
-
Intumbero za Niyo Travels and Ventures yifuza kuba icyambu cy’ubukerarugendo bushingiye ku burezi
13 January 2023Ubukerarugendo ni imwe mu nkingi ikomeye u Rwanda rwinjirizamo agatubutse binyuze muri gahunda zinyuranye zishamikiye kuri Visit Rwanda igamije gukurura abarusura.
-
Global Line Safaris yateguriye abakundanye ingendo zo gusura ibyiza bitatse u Rwanda
27 January 2023, by Igizeneza Jean DésiréIkigo gikora ibijyanye no gutembereza ba mukerarugendo haba imbere ndetse no hanze y’igihugu, Global line safaris, cyateguye urugendo ruzazenguruka ibice by’Intara y’Iburasirazuba mu buryo bwo kwinjiza abakundana mu munsi wabahariwe, bareba ibyiza nyaburanga bitatse u Rwanda.
-
KTN Rwanda yagabanyirije ibiciro abashaka gutura mu Mujyi wa Kigali
31 January 2023, by IGIHEIkigo gihuza abaguzi n’abagurisha, KTN Rwanda, gikomeje gushyira imbaraga mu gufasha abashaka gutura mu Mujyi wa Kigali kubona ibibanza byiza, binagabanyirijwe ibiciro biherereye i Ndera, Nyarugunga, Rusororo ndetse na Rugende.
-
AOC Shengen izwi mu gufasha Abanyafurika kwiga i Burayi yafunguye ishami mu Rwanda
3 February 2023, by Uwase KevineIkigo AOC Shengen gitanga serivise zo gufasha abanyeshuri bifuza gukomereza amashuri ya kaminuza ku mugabane w’i Burayi, cyafunguye ishami mu Rwanda.
-
Abanyamigabane ba INTERHOUSE Ltd bashyize ku isoko igorofa bafite i Kigali
16 February 2023, by IGIHEAbanyamigabane b’ikigo cy’ubucuruzi cya INTERHOUSE Ltd batangaje ko bashaka kugurisha inzu zabo ebyiri zirimo igorofa n’inzu nto isanzwe, ziherereye mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Kacyiru ahazwi nko ku Kazu k’Amazi.
-
Ibyo wamenya kuri ‘Promo itwika’ Canal+ yageneye abakiliya bayo
27 February 2023, by Nsengiyumva EmmyMu gihe turi gusoza ukwezi kwa Gashyantare 2023 twitegura kwinjira muri Werurwe 2023, ubuyobozi bwa Canal+ bwashyiriyeho ‘poromosiyo’ abakiriya bayo bise ‘Promo itwika’.
-
Action Driving and Language School yahinduye izina yitwa Action College
15 March 2023, by Idukunda Kayihura Emma SabineIkigo cyigisha ibintu bitandukanye ‘Action Driving and Language School’ cyahinduye izina cyitwa ‘Action College’ nyuma yo kwagura ibikorwa no kongera serivisi gitanga.
-
KTN yashyize ku isoko ibibanza mu mujyi wa Nyamata na Rugende
3 April 2023, by IGIHEIkigo kimaze kumenyerwa mu guhuza abagurisha n’abaguzi by’umwihariko mu mitungo itimukanwa, KTN Rwanda, cyashyize ku isoko ibibanza biri mu mujyi wa Nyamata mu karere ka Bugesera, ndetse na site nshyashya muri Rugende.
IGIHE