Ishyaka rya Gisosiyalisiti Rirengera Abakozi mu Rwanda (PSR) ryatoye abayobozi bashya mu Nteko Rusange yaryo ya 11 yabereye i Kigali, ku wa 9 Ugushyingo 2025, aho ryatoye, komite na komisiyo, abahagarariye ishyaka mu ntara n’uturere by’igihugu.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > HomeAdvert
HomeAdvert
Articles
-
Ishyaka PSR ryatoye abayobozi bashya
19 February, by IGIHE -
Hatangijwe urubuga ‘Murika’ rugamije guteza imbere urwego rw’ubuhanzi n’ibihangano mu Rwanda
23 February, by IGIHEMu Rwanda hafunguwe urubuga rushya rwiswe ‘Murika’ rutanga urusobe rw’ikoranabuhanga ritunganyije rigamije gufasha abahanzi n’abanyamideli guteza imbere umwuga wabo, bakabona amahirwe arimo kubahuza n’abakiliya, no gukorana n’ibigo bitandukanye.
-
Abifuza kurerera muri Ntare Louisenlund bahawe rugari
27 February, by Utuje CedricIshuri Mpuzamahanga rya Ntare Louisenlund ryatangaje ko hashyizweho umunsi wihariye wagenewe ababyeyi bifuza kuzaharerera abana babo mu bihe biri imbere, ku buryo barisura bagasobanurirwa amasomo ahigishwa n’imikorere y’ikigo.
-
MUA Insurance Rwanda yashimiye aba-agents ku ruhare bagira mu iterambere ryayo
2 March, by Tuyishimire Umutesi CelineSosiyete y’Ubwishingizi, MUA Insurance Rwanda, yashimiye aba-agents bayo bakorera hirya no hino mu gihugu ku ruhare bagize mu kuzamura iyi sosiyete binyuze mu kugeza ku bantu serivisi zayo byoroshye.
-
REG yashimiye abakozi bayo b’abagore ku ruhare bagira mu iterambere ry’igihugu
14 March, by Mukundwa AngeliqueAbakozi n’abakina Basketball mu ikipe ya Sosiyete y’Igihugu ishinzwe Ingufu (REG), bifatanyije n’abanyeshuri biga muri Collège Ste Marie Reine Kabgayi na École des Sciences st Louis de Montfort Nyanza mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore.
-
RD Tech Rwanda irakataje mu gufasha ibigo kwimakaza ikoranabuhanga mu mikorere ya buri munsi
27 March, by IGIHEIkigo RD Tech Rwanda gitanga serivisi zijyanye no kubika amakuru mu buryo bw’ikoranabuhanga, cyagaragaje uburyo cyatangije bugamije kuba ubukombe mu gufasha ibigo n’inzego kwimurira mu ikoranabuhanga amakuru yo mu nyandiko yashoboraga kwangirika.
-
Ibyo wamenya kuri ‘Itel A200’ telefone nshya yashyizwe ku isoko
16 May, by Ayera BelyneSosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda, ifatanyije n’uruganda rukora rukanacuruza ibikoresho by’ikoranabuhanga rwa Itel, byashyize ku isoko telefone igezweho ya ‘Itel A200’, igura 168.200 Frw.
IGIHE