Ni kenshi uhura n’umuntu wambaye imyambaro myiza imubereye, ukagira amatsiko yo kumenya abamwambika ariko kubera ko muba mutaziranye ukabura aho uhera ubimubaza.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > HomeAdvert
HomeAdvert
Articles
-
Kwambara ukaberwa birashoboka igihe uhishuriwe ibanga ryaho uhahira
15 December 2018, by IGIHE -
Call Rwanda yashyizeho igabanuka rya 30% kubera iminsi mikuru
28 November 2018, by IGIHEIkigo Call Rwanda gifasha ibigo bito n’ibinini ndetse n’abantu ku giti cyabo koherereza abakiriya ubutumwa bugufi cyangwa kubahamagara cyatanze ubunani ku bakiriya bashya ndetse n’abasanzwe.
-
Impamvu abanyamakuru bamaze kuba intyoza bava kuri Radio Salus
15 March 2013, by Olivier MuhirwaKuva Radio Salus yashingwa mu mwaka wa 2005, abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu abanyamakuru bayo iyo bamaze kuba intyoza mu mwuga w’itangazamakuru bayicika.
Mu gusubiza izi mpungenge bisaba kujya mu mateka y’ishingwa ry’iyi Radiyo ya Kaminuza Nkuru y’u Rwanda i Butare.
Ubwo yatangiraga ibiganiro byayo mu kwezi k’Ugushyingo 2005 ku bufatanye na UNESCO, imwe mu ntego zayo yari uguha ubumenyingiro abanyeshuri bo mu Ishuri ry’Itangazamakuru rya Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (EJC), kugira (…) -
Orient Park Hotel yateguye ibirori byo kwifuriza abana Noheli nziza
4 December 2018, by IGIHEHamijwe kwifuriza abakiliya umwaka mwiza wa 2019 no kwifuriza abana Noheli nziza, Orient Park Hotel yateguye igitaramo cy’abahanzi batandukanye kizaba tariki ya 8 Ukuboza 2018 kandi bukeye bwaho hakazaba ibirori byo gusangira noheli n’abana.
-
Kuri Saint Valentin Hotel Villa Portofino izaryohereza abakundana
13 February 2015, by Philbert HagengimanaHoteli Villa Portofino ihishiye amafunguro y’akataraboneka abazahasohokera kuri Saint Valentin, Umunsi w’abakundana wizihizwa kuwa 14 Gashyantare.
Iyo hoteli yagabayije ibiciro ku byumba, ku mafunguro ndetse ikaba inabafitiye itsinda rizacuranga live (imbonankubone).
Ikirori cyo kwizihiza umunsi wa Saint Valentin kizatangira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba hakurikireho ifunguro rya nimugoroba (dinner) ku buntu ku bazaba bitabiriye kuhasohokera bibukiranya iby’urukundo rwabo. Hazaba kandi (…) -
Expo2017: KCB iramurikira abayisura uko bahabwa inguzanyo nta ngwate
24 August 2017, by Tombola FelicieMu gihe ingwate ari ihurizo ku bantu bamwe na bamwe bifuza inguzanyo mu mabanki ngo bagere ku iterambere bifuza, KCB Bank yashyiriyeho abakiliya bayo uburyo bashobora kwaka inguzanyo iciriritse kuri telefone kandi nta ngwate basabwe.
-
‘Manners in Rwanda’ igitabo ku ibango ry’ibanga ku migenzereze mu Rwanda
23 June 2015, by Philbert GirinemaIki gitabo giherutse gusohorwa n’ inzu yabugenewe yitwa Inkwater Press yo muri Portland muri America, cyanditswe n’Umunyarwandakazi utuye i La Haye mu Buholandi, Joy Nzamwita Uwanziga, kigaragaza ishingiro-muzi ry’imigenzereze yo mu Rwanda no kubaho mu buryo bwa Kinyarwanda.
-
Ibyuma by’ikoranabuhanga rihanitse mu gutanga umwuka mu nzu byageze ku isoko ry’u Rwanda
14 April 2014Sosiyete Samsung n’umufatanyabikorwa wayo Akagera Business Group zagejeje ku isoko ry’u Rwanda ‘Climatseurs’ zikoranye ikoranabuhanga rigezweho, by’umwihariko zijyanye n’iterambere ry’imijyi ahanini irangwa n’inyubako ndende.
Ibyuma bitanga umwuka uhehereye mu nzu cyangwa climatiseurs (air conditioner) byo mu bwoko bwa Digital Variable Multi System (DVMS), nibwo bwoko bufite ikoranabuhanga riherutse, zikaba zikoranye ubuhanga bukomeye ku buryo zibasha gutanga umwuka mwiza kandi uhangije (…) -
Masaka: Smart Rwanda Urukundo yashyize ku isoko inzu igurishwa miliyoni 22Frw
15 September 2022, by IGIHEIkigo gisanzwe kizobereye mu bijyanye no kugurisha imitungo itimukanwa cya Smart Rwanda Urukundo, cyashyize ku isoko inzu iherereye i Masaka mu Karere ka Kicukiro, igurishwa miliyoni 22 Frw.
-
Prime’s Financial Statement
31 March 2023, by Philbert Girinema
IGIHE