The FORK, restaurant izwiho amafunguro afite umwihariko wa Kinyafurika na serivisi z’indashyikirwa mu gushyira abantu ibyo kurya aho bari (outside catering), yateguye uburyo budasanzwe buzatuma abantu basoza umwaka bafata amafunguro aryoshye kandi bitegeye ibishashi bizaba biturikira mu kirere cya Kigali.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > HomeAdvert
HomeAdvert
Articles
-
Restaurant The FORK yateguye uburyo budasanzwe bwo kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka
24 December 2018, by IGIHE -
Konka Group yagabanyije ibiciro by’ibyuma biteka umuceri n’imashini zimesa
16 October 2015, by Yvonne MpinganzimaKonka Group yazanye ibyuma biteka umuceri, imashini zimesa imyenda n’ibindi bikoresho byinshi by’ikoranabuhanga, inagabanya ibiciro mu gufasha Abanyarwanda kuzasoza neza umwaka wa 2015 bafite ibikoresho byiza kandi biramba mu ngo zabo, ndetse no mu kazi aho bakorera.
-
BEGERE: Serivisi yihariye IGIHE yageneye ibigo byifuza kwegera abakiliya babyo mu minsi mikuru
3 December 2018, by IGIHEIGIHE.com, Ikinyamakuru cya mbere gisomwa kurusha ibindi bikorera kuri Internet mu Rwanda, cyazanye serivisi yihariye yitwa ‘BEGERE’, igamije korohereza ibigo bito n’ibinini ndetse n’abantu ku giti cyabo kurushaho kwegera abakiliya muri iki gihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka.
-
Ibitegereje abizihiriza Saint Valentin kuri Kigali Convention Centre mu gitaramo cy’ubuntu
14 February 2018, by Dusabimana AimableUmugoroba w’agahebuzo ku bakundanye utegereje abizihiriza umubano wabo kuri Radisson Blu & Convention Centre Kigali mu gitaramo cy’uburyohe cyakomatanyijwe no kwerekana imikino ikomeye ihuza amakipe yabaye aya mbere mu bihugu ku mugabane w’u Burayi, UEFA Champions League.
-
RRA irakangurira abishyura servisi bahabwa n’inzego za Leta kwifashisha ikoranabuhanga
5 October 2014, by ClaudeIshami ry’Imari mu Kigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) ryatangaje ko guhera tariki ya 31 Ukwakira 2014, nta muntu n’umwe uzaba acyakirwa ku biro bya RRA ashaka kwishyura amafaranga ajyanye na servise zitangwa n’inzego za Leta.
Mu Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’iri shami, rivuga ko abifuza kubona izo servisi bagomba kujya bifashisha ikoranabuhanga banyuze ku rubuga rwa RRA ari rwo www.rra.gov.rw kugira ngo babone urupapuro cyangwa se bakiyoherereza ubutumwa bugufi (sms) buriho imibare (…) -
Umwihariko mu Iserukiramuco rya Christmas Kids Festival rigiye kuba ku nshuro ya gatatu
8 December 2018, by IGIHEIserukiramuco rya Christimas Kids Festival rigiye kuba ku nshuro ya gatatu, ryazanye umwihariko w’imikino idasanzwe yagenewe abana bazitabira ndetse bagataramirwa n’umuhanzi Israel Mbonyi, ukunzwe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.
-
Ku nshuro ya 10, ULK yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 1696
14 February 2014, by Rene Anthere RwanyangeKu nshuro ya 10 Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK) yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri baharangije mu cyiciro cya kabiri cya Kaminuza bagera ku 1696, muri bo abagabo ni 755 ni ukuvuga 44.5% na ho abagore ni 941 bangana na 55.5%.
Uyu muhango wabereye muri Stade ya ULK, witabiriwe n’abantu banyuranye barimo Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidel Ndayisaba, Chancellor wa ULK Prof Kalisa Mbanda ari na we wemeza izi mpamyabumenyi. Hari kandi umuyobozi w’inama Nkuru ya ULK Prof Rwanyindo Ruzirabwoba (…) -
Itangazo rya RSSB ku gutanga isoko ry’ibikoresho by’ikoranabuhanga
2 March 2016, by Philbert Girinema -
Kicukiro: Hatashywe Hoteli nshya “Classic Hotel”
8 February 2013, by Rene Anthere RwanyangeMu mujyi wa Kigali mu rwego rwo gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera cyawo, no gukomeza gushishikariza Abanyarwanda gushora imari mu kubaka amahoteli, mu karere ka Kicukiro ahitwa Sonatubes, ku wa 5 Gashyantare hafunguwe Hoteli nshya yiswe Classic Hotel.
Iyi hoteli yubatse ku muhanda ujya i Remera, nk’uko bitangazwa n’Umuyobozi mukuru wayo, Niyoniringiye Jean Paul, ifite akarusho kuko ngo abakozi bafite babizobereyemo. Agira ati “Abakozi bacu ni inzobere mu mwuga kuko tutazanye abaje (…) -
Canal+ yatanze Noheli kare igabanya igiciro cya dekoderi ya HD kugera ku 15000Frw
26 November 2018, by Mukaneza M.AngeSosiyete icuruza ibijyanye n’amashusho ya televiziyo, Canal+ yatangiye kwinjiza Abanyarwanda mu birori by’iminsi mikuru isoza umwaka, ibagabanyiriza igiciro cya dekoderi ya ‘HD’, ifite umwihariko wo kugaragaza amashusho meza n’amajwi asohoka neza.
IGIHE