Umukino wa Quick Lotto ni umukino wa tombola yihuse ikorwa buri minota 10 buri munsi amasaha 24. Umuntu ukina ahitamo umubare umwe mu hagati ya 00 na 34.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > HomeAdvert
HomeAdvert
Articles
-
Byinshi ku mukino wa ‘Quick Lotto’ wagufasha gutsindira amafaranga mu gihe gito
28 April 2022, by Iradukunda Serge -
Poromosiyo ya Pasika kuri StarTimes; aba mbere batangiye gusangira Miliyoni 200Frw
5 April 2022, by IGIHEAbanyamahirwe batandukanye bakomeje gutsindira ibihembo bitandukanye birimo n’amafaranga y’ishuri muri poromosiyo ya Pasika kuri StarTimes yiswe ’Inyongera yihuse dusangira Miliyoni 200’.
-
Ba Rwiyemezamirimo bato bashyiriweho amahugurwa n’igishoro ku kiguzi gito
13 May 2022, by IGIHEMuri iki gihe Isi ikataje mu iterambere ryifashishijwe ikoranabuhanga mu bikorwa bitandukanye, u Rwanda ntirwasigaye inyuma, dore ko ku mugabane wa Afurika ruza no ku isonga.
-
Kaminuza ya Kigali yatangiye kwakira abanyeshuri bashya, Impamvu 7 ikwiriye kuba amahitamo yawe
27 April 2022, by IGIHEUri umubyeyi ushaka kaminuza yaha umwana wawe uburezi bufite ireme? Uri umunyeshuri warangije ayisumbuye cyangwa umukozi ushaka kwiyungura ubumenyi buzaguhesha agaciro ku isoko ry’umurirmo ku rwego rw’igihugu, urw’akarere cyangwa ku rwego mpuzamahanga haba mu cyiciro cya kabiri cya kaminuza cyangwa ibindi byisumbuyeho, Kaminuza ya Kigali yakubera amahitamo meza.
-
Canal+ yashyize igorora amahoteli azakira abazitabira BAL na CHOGM
13 May 2022, by Nsengiyumva EmmyBinyuze mu ishami ryitwa B2B (Business to Business) Ritanga serivisi zo gufasha amahoteli, ibigo bya gisirikare, amagereza n’ibitaro n’ahandi hahurira abantu benshi, Canal + yashyize igorora amahoteli arimo azakira abashyitsi bazitabira imikino ya BAL n’inama ya CHOGM.
-
Kubera iki ari ngombwa gushora imari mu biro?
13 June 2022Amwe mu masomo abantu bavuga ko bigishijwe n’icyorezo cya COVID-19, ni uko babonye ko atari ngombwa ko abantu bajya gukorera ku biro buri munsi ko ahubwo bakorera mu rugo kandi akazi kakagenda neza, ibi bituma benshi mu bakoresha basigaye bibaza niba ari ngombwa ko bakongera gushora imari mu gukodesha ibiro.
-
Abanyamahirwe ba mbere batsindiye amezi 30 y’ifatabuguzi ry’ubuntu muri Canal+
14 June 2022, by Nsengiyumva EmmyAbanyamahirwe 30 ba mbere batsindiye ifatabuguzi ry’ubuntu rya Canal+ muri poromosiyo yashyizweho mu rwego rwo kwizihiza imyaka 30 iki kigo kimaze gitangije ibikorwa byacyo ku mugabane wa Afurika.
-
CANAL+ Ikomeje Kudabagiza Abanyarwanda yizihiza imyaka 30 imaze
28 June 2022, by Nsengiyumva EmmySosiyete icuruza amashusho ya Canal+ yahembye abanyamahirwe ba kabiri bagera kuri 30 batsindiye ifatabuguzi ryo kureba amashene yose ku buntu mu mezi 12 n’amezi 30 muri poromosiyo yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 imaze ikorera ku Mugabane wa Afurika.
-
Inama ngishwanama y’abafatanyabikorwa mu mushinga w’imbabura zigezweho wa Société Pétrolière (SP) ifatanyije na QEC na BB Energy
30 June 2022, by IGIHESP ifatanyije na QEC (ikigo gikorera mu Rwanda gikora imbabura zigezweho) hamwe na BB Energy, irateganya gutanga imbabura zigezweho mu gihugu hose. Uyu mushinga uzatanga imbabura zigezweho zisimbura izikoresha uburyo bwo gucana bwa gakondo (traditional cooking methods).
-
Impamvu ukeneye kwishingirwa na Zion Insurance Brokers Ltd
21 July 2022, by Mugisha ChristianUshobora kwibaza nka nyir’umushinga cyangwa ubucuruzi, ubwoko bw’ubwishingizi waba ukeneye. Uzabona ibisubizo bitandukanye bitewe n’ibyo ukora ariko biba ingenzi iyo utekereje ku buryo bw’ubwishingizi butandukanye.
IGIHE