Kamagaju Jeanette w’imyaka 60, umuforomo ku bitaro bya Gahini washyingiranwe n’umumotari Habimana Mohamed w’imyaka 23 kuri uyu wa Gatandatu, yanenze bikomeye abantu bavuze amagambo meshi bashaka kubaca intege ngo ubukwe bwabo budataha.
Nyuma y’umunsi umwe akowe, asabwe, akanashyingirwa mu rusengero, bigakurikirwa n’ibirori byiza byakuruye imbaga, Kamagaju yabwiye IGIHE ko yamenye ko hari abantu bashatse kuwica ubukwe bwabo bakwirakwiza amakuru ko ari amahano mu muco.
Usibye ayo (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeWaruziko
HomeWaruziko
Articles
-
Umuforomo w’imyaka 60 warongowe n’umumotari wa 23 yababajwe n’abashakaga kubicira ubukwe
14 September 2014, by Mathias Hitimana -
Yakutse amenyo atwitswe n’itabi mu kanwa
18 January 2017, by Mukaneza M.AngeUmugabo ukomoka muri leta ya Idaho imwe muzigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu gahinda yatewe no gukuka amenyo ubwo itabi rikozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga (electronic cigarette) ryamuturikiraga mu kanwa.
-
Inkomoko y’umugani ’Yigize kabushungwe’
9 January 2017, by Kanamugire EmmanuelYigize kabushungwe ni umugani baca iyo babonye umuntu wigize indakoreka, bamugoragoza akaba ikinani; ni bwo bagira, bati: "Naka uriya yigize kabushungwe". Wakomotse kuri Bushungwe w’i Kageyo mu Cyingogo (Gisenyi); ku ngoma ya Mutara Rwogera.
-
Imwe mu myitwarire y’abagabo itesha umutwe abagore babo
18 January 2017, by Mathias HitimanaAbagabo n’abagore batandukaniye mu byo bakunda, mu byo banga, mu byo bakunda gukora ,mu byo bakunda kurya n’ibindi n’ibindi, ariko hakaba ibyo bamwe bashobora guhuriraho.
-
Abana 1000 buri mwaka bavukana ibibazo byo kuremara ibirenge
13 October 2016, by Philbert GirinemaNubwo hari intambwe igenda iterwa kugira ngo abana bavukana ubumuga bwo kuremara ibirenge buzwi nka clubfoot bavuzwe, urugendo ruracyahari kuko usanga nko mu bana 1000 bavukanye icyo kibazo abasaga gato kimwe cya kabiri aribo babona ubuvuzi.
-
U Bufaransa bwongeye kuba ubwa 3 mu bihugu bikurura abanyeshuri b’abanyamahanga
19 November 2013Nyuma y’imyaka 14 igihugu cy’u Bufaransa gisubiye inyuma ku rutonde rw’ibihugu bikurura abanyeshuri b’abanyamahanga kurusha ibindi, ubu noneho cyongeye kwisubiza umwanya wa gatatu cyahoranye nyuma y’ingamba nyinshi cyafashe.
Ubu kiraza inyuma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza, kigakurikirwa kuri urwo rutonde, na Australia.
Umuntu wese ashobora kwibaza impamvu igihugu cyishimira cyangwa se giharanira kuba cyaza kwigwamo n’abanyamahanga benshi, akumva nta shingiro byaba (…) -
Nigeria: Inyoni yahindutse umukecuru
25 May 2014, by ClaudeI Lagos mu Murwa Mukuru wa Nigeria (Nijeriya) habereye ibintu bidasanzwe igihe inyoni yagurukaga mu kirere yaguye ihita ihinduka umugore ushaje (umukecuru).
Ababonye ibyabaye byarabatunguye cyane.
Uwitwa Emeka wabyiboneye n’amaso yavuze ko yari yicaye imbere y’igipangu n’umukunzi we, nuko babona inyoni eshatu z’umukara ziguruka mbese zimeze nk’izikina.
Emeka yaje kubwira umukunzi we ko inyoni ebyiri muri zo ari ingabo ziri kurwanya ingore imwe.
Bamaze guseka nibwo inyoni mwe yaguye (…) -
Uganda: Umugore yivuganye umugabo we amuhaye inzaratsi mu biryo
24 December 2013Mu gikorwa gitangaje, umugore wo mu karere ka Tororo yatumye umugabo we apfa ubwo yamuhaga ibiryo yateguye ashyizemo icyatsi yizeye ko cyari gutuma urukundo rwabo rwiyongera.
Uyu mugore witwa Mitchell Amwono yari yishyizemo ko urukundo rwabo rwagombaga gutera imbere nyuma yo kurya, nyamara atungurwa no kubona urukundo rwe ruvuyemo imiborogo.
Umugabo we, Davis Ekwau w’imyaka 40 yabanje gutaka mu nda nyuma yo kurya kuri iryo funguro ry’urukundo ataranarimara, aza gupfa ubwo yerekezaga ku (…) -
Uburyo butatu mwarimu yakoresha kugira ngo afashe abana batsindwa cyane mu ishuri
19 August 2016, by Kanamugire EmmanuelMu myigire ntabwo abana mu ishuri bagendera ku muvuduko umwe, ntibaba bafite ubushobozi bumwe bwo gufata ibyo bigishijwe ndetse ntibakoresha n’uburyo bumwe bwo kwiga.
-
Bwa mbere mu myaka 75 ku Isi ikiyaga cy’amazuku cyavukiye mu kirunga cya Nyamuragira
29 November 2014, by Herve UgirumukundaAbashakashatsi bavumbuye ikiyaga cy’amazuku mu kirunga cya Nyamuragira cyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ni nyuma y’imyaka 75 nta kirunga kiremamo icyo kiyaga ku Isi.
Amazuku ni igikoma gituruka ku bibuye byashonze byo mu nda y’Isi. Kiba gishyushye bikabije, iyo cyarushije imbaraga ubutaka kibukubita kizamuka bikabyara ikirunga.
Umushakashatsi Benoit Smets avuga ko mu mukugiro w’ikirunga cya Nyamuragira hagaragara amazuku adashira ariyo bita “Ikiyaga cy’Amazuku” (Lava (…)
IGIHE