Ubushakashatsi bwakozwe ku ndwara zigera kuri 300 mu bihugu 195 ku Isi, bwagaragaje ko hari intambwe imaze guterwa mu kugabanya impfu zishamikiye ku ndwara zitandukanye, ndetse ko muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara, u Rwanda rufite umubare muto w’abahitanwa n’indwara z’ubuhumekero.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeWaruziko
HomeWaruziko
Articles
-
U Rwanda ku isonga mu kugabanya impfu zituruka ku ndwara z’ubuhumekero
10 October 2016, by Uwishyaka Jean Louis -
Mu rugamba rwo kubohora igihugu, Gen. Kabarebe yarwanye n’intare
29 July 2013, by Richard Dan IraguhaMu rugendo ruganisha ku rugamba rwo kwibohora ingoma yavanguraga abanyarwanda bamwe, igamije kubaheza i shyanga, Gen. Kabarebe James avuga ko Abanyarwanda bahuye n’ibigeragezo byinshi, akaba hari aho yageze nawe akarwana n’intare.
-
U Buhinde:Umukecuru afatwa nk’intangarugero ku bwo gukemura ikibazo cy’abituma ku gasozi
3 November 2016, by Kanamugire EmmanuelUmukecuru w’imyaka 105, utuye mu Karere kitwa Dhamtari yabaye icyitegererezo cyo kurwanya ikibazo cyo kwituma ku gasozi cyari cyarabaye umuco, nyuma yo kwiyubakira umusarane.
-
USA: Umukobwa w’imyaka 17 yakubiswe n’inkuba mu gihe yikinishaga
28 July 2014Jennifer Connery wo mu mujyi wa Hoagland muri leta ya Nebraska muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakubiswe n’inkuba ubwo yikinishaga munsi y’igiti.
Urubuga stopmasturbationnow.org ruvuga ko se w’uyu mukobwa yagize ati “Ntitwemerera abana bacu kwikinishiriza mu rugo, ubwo niyo mpamvu yikinze aha hantu.
Abaganga bavuga ko nubwo uyu mukobwa atapfuye, ashobora kugira ibibazo mu myanya ndangagitsina ye kuko ashobora kutazongera kugira ubushake.
Umuganga witwa Carol Rogers yagize ati (…) -
Imbeba mu igeragezwa ryo kuvumbura ibisasu biteze mu butaka
1 May 2013, by Aisha Bonaventure RutayisireIkigo cyigenga cyo mu Bubiligi kitwa APOPO cyatangiye kwigisha imbeba kujya zivumbura ibisasu bitabye mu butaka.
Amakuru dukesha urubuga rwa Deutsche Welle avuga ko izo mbeba zirimo kwigishwa ari nini kurusha izisanzwe. zirageragerezwa mu mujyi wa Morogoro muri Tanzania.
Izo mbeba zifite ubushobozi bwo guhumurirwa kurusha imbwa, bitewe n’uko amazuru yazo yegera ubutaka ari na yo azifasha kuvumbura aho ibisasu bitabye.
Byari bimenyerewe ko inzego z’umutekano zifashishaga imbwa mu (…) -
Kugira igitsina kigufi byamutanyije n’umugore
22 March 2013, by Rene Anthere RwanyangeUmugore Zhang ukomoka mu gihugu cya Taiwan ufite imyaka 52, yasabye gatanya n’umugabo we Zhou bamaranye imyaka itanu, kubera ko igitsina cy’umugabo ari gato cyane, kadashobora kumukorera ibyo yifuza.
Zhang avuga ko igitsina cy’ umugabo we kitamukorera ibyo yifuza na gato. Agira ati "Ni gato cyane ku buryo nkangana n’ak’umwana, kareshya na santimetero eshanu gusa. Mu mibanire yacu ntabwo twigeze dutera akabariro.”
Zhang na Zhou bakaba barahuye kuva muri Nyakanga 2008. Aho bamariye (…) -
Urukingo rushya rwa kanseri ruri gutanga icyizere
13 June 2016, by Philbert GirinemaAbashakashatsi b’Abadage batangaje ko bamaze kuvumbura urukingo rushobora guhangana na kanseri iyo ariyo yose, binyuze mu guha ubushobozi ubwirinzi bw’umubiri wa muntu kandi bavuga ko rugaragaza icyizere ko ruzakora neza.
-
Bamwe mu bagore batanyuzwe n’uko baremwe ntibireba mu ndorerwamo
11 July 2013, by Richard Dan IraguhaAbagore batanyuzwe n’uko baremwe ntibakunda kwireba mu ndorerwamo, bakaba bavuga ko kwireba mu ndorerwamo bibatera agahinda, mu gihe abanyunzwe nuko baremye, bireba buri munsi, bakanagira inshuro imwe mu cyumweru bireba bakuyemo imyenda yose. Amakuru dukesha terrafemina avuga ko abagore 42% bo mu gihugu cy’u Bufaransa banyunzwe n’uko imibiri yabo iteye, abagera 26% ntibishimira uko baremwe, mu gihe abagera kuri 15% bo batayunzwe n’uko baremwe, bavuga ko babona bameze nk’ababana (…)
-
Abakobwa muri Ukraine ntibazongera kuryamana n’abagabo b’Abarusiya
27 March 2014Itsinda ry’abagore bo muri Ukraine, bafatiye ingamba bita ko zikaze abagabo bo mu Burusiya zo kubima igitsina, amatangazo abyamamaza byashyizwe ku mipira iri ku isoko.
The Moscow Times dukesha iyi nkuru yatangaje ko aba bagore bafashe icyemezo cyo kudakorana imibonano mpuzabitsina n’abagabo b’Abarusiya bitewe n’ikibazo ingabo z’Abarusiya zakuruye zijya mu gace ka Crimée gasanzwe ari aka Ukraine.
Ubutumwa bwabo babucishije ku mipira bambaye yanditseho iti “Ntimukimuhe , cyangwa (…) -
Kigali: Temarigwe aritegura guhangana n’Umunyamerika Bertoletti mu kurya cyane
8 September 2013Umunyarwanda wa mbere uzwiho kurya kurusha abandi Temarirwe Abdallah arizeza Abanyarwanda ko yiteguye neza gutsinda Umunyamerika w’umuryi Patrick Bertoletti uzwiho nawe kurya cyane, mu irushanwa bazahanganiramo mu kwezi k’Ukwakira muri uyu mwaka wa 2013.
Temarigwe Abdallah w’imyaka 60, utuye mu Rwampara i Nyamirambo, afite umugore n’abana batatu: umuhungu umwe n’abakobwa babiri. Avuga ko afite ubushobozi bwo kurya ibilo 40 by’ibiryo n’ukuguru kw’inka n’ihene ebyiri ndetse akarenzaho (…)
IGIHE