Benshi mu bakobwa batandukanye batuye mu mujyi wa Kigali bemeza ko amakariso yongera ibibuno ari mu myenda bakunze cyane kuko kenshi hari icyo ibongerera mu gutuma bagaragara neza imbere y’abakunzi babo cyangwa se ababareba.
Nyuma y’aho bigaragariye ko mu bihugu byateye imbere hari amakariso yakorewe igitsina gore afasha abakobwa kongera ikibuno.
Umwe mu bacuruza iyi myambaro mu mujyi wa Kigali witwa Twahirwa Emmanuel yabwiye IGIHE ko aya makariso ari mu myenda iharawe ubu n’abakobwa (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeWaruziko
HomeWaruziko
Articles
-
Kigali: Abakobwa badateye neza babonye igisubizo ku makariso yihariye
22 October 2013 -
Juba: Abagande babiri bamizwe n’Isi bareba
3 March 2014Abagabo babiri b’Abagande bakoraga ikiraka cyo gucukura umusarane w’umwe mu bacuruzi bo mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo, Juba, bahuye n’impanuka bamirwa n’ubutaka bwo mu musarani bacukuraga, ubuzima bwabo burangira uko.
Arumadri Candia, warokotse iyi mpanuka avuga ko abapfuye ari uwitwa Jimmy Oloya na Samson Ochan bose bavuka mu karere ka Nebbi ho uri Uganda.
Candia avuga ko bari babonye ikiraka cyo gucukurira umukire wo muri Sudani umusarani wa metero 35 z’ubujyakuzimu.Uyu mugabo (…) -
U Bushinwa bwamuritse indege nshya y’intambara yo mu bwoko bwa J-20
3 November 2016, by Kanamugire EmmanuelU Bushinwa bwatangaje ku mugaragaro indege ebyiri z’intambara zo mu bwoko bwa J-20, zifite ikoranabuhanga rizibashisha kugaba ibitero rwihishwa.
-
Hoteli yubatswe mu ishusho y’impeta hejuru y’amazi
17 March 2013, by Mathias HitimanaMuri Huzhou mu Bushinwa, hubaswe hoteli ifite umwihariko wo kuba ifite ishusho y’impeta hejuru y’ikiyaga.
Nk’uko tubikesha urubuga Gentside s osiyete y’Abashinwa izwi ku izina rya Sherton ifite amahoteli hirya no hino ku isi, yubatse hoteli hejuru y’ikiyaga cyaTai, bayiha ishusho y’impeta yambarwa mu rutoki bayita Sherton Huzhou hot spring resort.
Iyi hoteli ifite ibyumba 321 byo kuraramo, muri byo 300 bikaba biri ahitegeye ku buryo bigaragaza neza umujyi wa Huzhou n’inkengero zawo. (…) -
Nijeriya: Telefone z’agaciro zahawe abatumirwa mu bukwe bw’umukobwa wa Perezida
14 April 2014Umukobwa w’imfura wa Perezida Goodluck Jonathan yashyingiranwe n’umukunzi we Godswill Osim Edward mu mujyi wa Abuja, aho abatumirwa bahawe impano ya telefone zo mu bwoko bwa iPhone zisizeho zahabu.
Izi telefone ziri kuvugisha benshi mu batuye Nijeriya zirahenze cyane zari zanditseho amazina y’abageni Faith na Godswill.
Abitabiriye ubu bukwe bw’umukobwa wa Perezida Goodluck ubusanzwe ni abakire bakomeye barimo abacuruzi n’abanyepolitiki nabo babasha gutunga ibintu bihenze, none (…) -
Amabanga y’uburyo Perezida wa Amerika ashobora gutera igisasu cya kirimbuzi
7 August 2016, by Israel IshimweBisaba umutwe ufunguye kandi utekereza vuba kuba Amerika igihugu cy’igihangange gishobora gushotorwa n’imitwe y’abarwanyi nka Islamic State (IS), abakuru b’ibihugu bakacyendereza nyamara Perezida wacyo agendana ikarita n’agakapu karimo urufunguzo rw’ibisasu bya kirimbuzi ashobora guturitsa igihe abishakiye mu rwego rwo kwirinda umwanzi.
-
Urutonde rw’abantu 100 bavuga rikijyana kurusha abandi ku Isi
22 April 2016, by Munyengabe Murungi SabinKu nshuro ya 13 ikinyamakuru cyo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Time Magazine cyasohoye urutonde rw’abantu ijana ba mbere bavuga rikijyana kurusha abandi mu mwaka wa 2016.
-
Umururumba n’ubusambo bitera kwibagirwa
4 April 2013, by Rene Anthere RwanyangeUburwayi umuntu agira ahanini buterwa n’ibintu bitandukanye. Burimo ubwo mu mubiri, ubwo mu mutwe n’ubuhangabanya ibitekerezo by’umuntu biva ku mpamvu zitandukanye zirimo n’ubusambo butera kwibagirwa.
Igitabo “Pour un bon équilibre mental et spirituel”, gitangaza ko ubusambo, umururumba no gutegekwa n’inda bituma umuntu ahinduka mu bitekerezo bye byose, bikamuviramo kwibagirwa ibintu byinshi.
Umururumba n’ubusambo akenshi bituma umuntu adacya mu maso, akaribwa mu nda rimwe na (…) -
Brazil: 27 barahatanira Miss w’ibibuno byiza kurusha abandi (amafoto)
11 August 2014Mu Rwanda hamenyerewe ba nyampinga na ba rudasumbwa mu bwiza n’abandi batandukanye ariko ntiharagera aho hashakishwa Nyampinga cyangwa se uhiga abandi mu kugira amabuno y’ibitangaza ku buryo uyabona uti “Ririya ni ibuno ndemeye”.
Muri Brazil rero ho siko ibintu bimeze kuko bamenyereye kwitorera Nyampinga w’amabuno (Miss Bumbum) buri mwaka ariko ayo mabuno akaba umwimerere w’abanya-brezil.
Nyuma y’irushanwa rya 2013, ubu noneho abakandida 27 bagomba kuvamo uwegukana ikamba rya nyampinga (…) -
Inzu idasanzwe ikoze mu isura y’urukweto (Amafoto)
9 January 2017, by Jean Pierre TuyisengeUmunyabugeni akaba n’Umwubatsi w’Umunyamerika witwa Dan Phillips yubatse inzu ifite imiterere idasanzwe iteye nk’urukweto rw’abashumba baragiraga amatungo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu myaka yo hambere.
IGIHE