Malariya ikomeje kwibasira Isi ndetse ihindagurika ry’ibihe riratuma irushaho kugira ubukana cyane nko munsi y’Ubutayu bwa Sahara mu gihe mu myaka ishize yari imaze kugabanuka.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeWaruziko
HomeWaruziko
Articles
-
Ese koko kurarana n’inkoko byarinda umuntu kurumwa n’umubu utera malariya?
7 August 2016, by Philbert Girinema -
Vatican: Umwana yicaye ku ntebe ya Papa Francis yanga kuyivaho
1 November 2013Kuwa Gatatu tariki 30 Ukwakira ubwo hizihizwaga umunsi wa Mutagatifu Petero i Vatican, ubwo Papa yafataga ijambo imbere y’imbaga umwana w’umuhungu yamusanze imbere atangira kumwitegereza no kumuzenguruka impande zose yicara no ku ntebe ye maze yanga kuyivaho.
Abakalidinari bagerageje gukoresha uburyo bwose ngo bamushuke amanuke bamuha bombo, ariko umwana akomeza kwanga.
Papa Francis yahise amukora mu mutwe araseka ariko uyu mwana aramwihorera yikomereza ibyo yari yibereyemo aza no (…) -
Ikoranabuhanga rishya rigiye kuruhura abahoranaga ‘sharijeri’ na ‘Power Bank’
6 June 2016, by Kanamugire EmmanuelMu gihe ikoranabuhanga rikataje, ntibikiri ngombwa ko uhora ugendana ‘charger cyangwa ‘Power Bank’ ngo ubashe gucomeka telefoni cyangwa tablet itaramya umuriro, ahubwo akuma gato gashyirwa kuri telefoni ugendandana gashobora koroshya icyo gikorwa mu buryo nziramugozi.
-
U Burusiya: Yatorotse Gereza irinzwe cyane, akoresheje ikiyiko
9 May 2013, by Aisha Bonaventure RutayisireOleg Topalov w’imyaka 33 yabashije gucika Gereza ya Matrosskaya Tishina, imwe muri gereza zirinzwe cyane mu ku Isi, acukurishije ikiyiko kugeza abonye aho kunyura mu cyumba yari afingiyemo.
Topalov wari afungiye kwica abatu babiri n’icyaha cyo gucuruza intwaro, yacukuye inyuma ya ventilateur yari hejuru ku idari y’akumba yabanagamo n’izindi mfungwa 7, azamuka ku gisenge birangira amanutse ku bibambasi bya gereza akoresheje amashuka.
Amakuru dukesha Sky News atangaza ko uyu mugabo (…) -
Havumbuwe inyandiko zihamya ko Gaddafi yafashije Sarkozy uri mu bamwivuganye
29 September 2016, by Uwishyaka Jean LouisUrukiko rwo mu Bufaransa rwavumbuye igitabo cy’uwahoze ari Minisitiri muri Libya ku butegetsi bwa Col Muammar Gaddafi, cyerekana ko Gaddafi yahaye Nicolas Sarkozy akayabo ka miliyoni 6.5 z’amayero zo gukoresha mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora u Bufaransa mu 2007.
-
Ingumi ye yamurokoye urwasaya rw’ingona
22 April 2013, by Rene Anthere RwanyangeYoann Galeran w’imyaka 29 y’amavuko ukomoka mu Bufaransa ariko ukorera muri Australia, yakize ingona yari yafashe umutwe we ku buryo butangaje. Yayihase amakofe menshi kugeza ubwo na yo ibonye ko bikomeye, iramurekura ihita iyabangira ingata.
Nk’uko ibinyamakuru byo muri Australia bibitangaza, uwo musore ubundi ukora mu mato y’uburobyi muri Australia, ku cyumweru ubwo yarimo koga ashaka ibintu yari yasize mu mazi mu mwijima mwinshi ahitwa Nhulunbuy mu majyaruguru ya Australia, yafashwe (…) -
Umubiri w’umuntu wapfuye wabitswe imyaka 2100 ariko umusatsi uracyari umwimerere
2 December 2016, by Israel IshimweUmubiri wa Xin Zhui witabye Imana mu myaka irenga ibihumbi bibiri ishize wagaragaye, benshi batungurwa no gusanga hari ibice byawo nk’ umusatsi ndetse n’uruhu bigifite umwimerere karemano.
-
Ku myaka 96, Robertine anywa hagati y’amacupa 12 na 20 y’inzoga ku munsi
2 December 2016, by Israel IshimweRobertine Houbrechts utuye mu gace ka Muizen mu Ntara ya Anvers mu Bubiligi yemeza ko ku munsi ashobora kunywa hagati y’amacupa 12 na 20 y’inzoga kandi ntibigire ikibazo bimutera.
-
Amafoto 25 agaragaza ingorane bamwe mu bana bagira bagana ku ishuri
3 September 2014Mu bihugu bimwe na bimwe, bamwe mu bana banyura mu nzira zigoranye cyane kugira ngo bagere ku mashuri yabo. Amafoto yashyizwe ku rubuga pulptastic.com agaragaza uburyo bamwe mu banyeshuri bo mu bihugu nk’u Bushinwa, u Buhinde, Colombia, Indonesia n’ibindi, babayeho mu buzima bugoranye cyane cyane mu gihe bagana ku ishuri.
Amwe muri aya mafoto yashyizwe ahagaragara yagize akamaro kuko hari uduce tumwe na tumwe twatabawe hubakwa amashuri hafi ndetse n’ahandi hubakwa ibiraro bikomeye (…) -
Umwana umwe muri barindwi ku Isi agerwaho n’ingaruka z’imyuka ihumanye
1 November 2016, by Israel IshimweUbushakashatsi bw’Umuryango w’Abibumbye bugaragaza ko abana miliyoni 300 ku Isi bagerwaho n’ingaruka zo guhumeka imyuka ihumanye, Ishami ry’uwo muryango ryita ku bana, UNICEF, rikaba rihamagarira abakuru b’ibihugu kugira icyo bakora kuri icyo kibazo.
IGIHE