Umushinwa Xiao Shan, akaba n’inzobere mu byo guteka, akora umufa ugizwe n’uruvangitirane rw’inkaka (ibitsina by’imfizi) z’inyamaswa zitandukanye, aho avuga ko utera akanyabugabo mu mibonano mpuzabitsina.
Inkuru dukesha urubuga rwa guineeconakry.info ivuga ko Xiao Shan, ukomoka mu muryango w’abatetsi kabuhariwe bo mu Bushinwa, akora umufa ugizwe n’inkaka z’inyamaswa zitandukanye, ariko ukaba ushingiye, ku nkaka z’ifarashi, kuko ariho haturuka icyanga, kiranga uwo mufa yemeza ko ari mwiza ku (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeWaruziko
HomeWaruziko
Articles
-
Kurya inkaka z’inyamaswa byaba bitera akanyabugabo mu mibonano mpuzabitsina
17 October 2013 -
Irangi ryo mu cyumba bararamo rigira uruhare mu gusinzira
17 May 2013, by Mathias HitimanaAbashakashatsi n’abajyanama ku bijyanye no gusinzira batangaza ko ibara ry’iryangi risize mu cyumba cyo kuraramo rigira uruhare mu gutuma umuntu asinzira neza cyangwa nabi.
Amakuru dukesha DailyMail aravuga ko kugira ijoro ryiza ukabona ibitotsi ari ingenzi mu buzima bw’umuntu. Bikaba ari ngombwa kumenya icyatuma bigenda gutyo.
Chris Idzikowski, inzobere akaba n’umujyanama mu bijyanye no gusinzira, yahamije ko ibara ry’icyumba rigira uruhare runini mu gutuma umuntu asinzira neza, bitewe (…) -
Yamaze iminota 30 arwana n’inzoka yamurumaga ku gitsina
28 May 2016, by Kanamugire EmmanuelMuri Thailande umugabo ari mu bitaro nyuma yo kurumwa n’inzoka ku bugabo, aho yamaze iminota 30 ahangana na yo mbere yo gutabarwa n’umugore we n’umuturanyi.
-
Hakozwe ikariso ikirigita imyanya ndangagitsina
23 April 2013, by Rene Anthere RwanyangeKu mpamvu z’uko hari abatura kure y’abakunzi babo kandi bakaba bakenera gutera akabariro, uruganda Fundwear rwakoze imyenda y’imbere yakirigita imyanya ngandagitsina, ibi bigakorwa utari kumwe n’umukunzi wawe.
Amakuru dukesha 7sur7 aravuga ko iyo myenda y’imbere ikoze ku buryo ikoreshwa cyangwa iyoborwa na porogaramu iba iri muri Telefone.
Dore uko bikorwa
Ku mugore bisaba ko yambara ikariso n’agasamamabere (soutien) umugabo na we akambara ikariso.
Ni ngombwa ko bombi baba bafite (…) -
Amafoto agaragaza imodoka Trump ashobora kuzajya agendamo yashyizwe hanze
10 November 2016, by Israel IshimweNyuma y’amasaha make Umuherwe Donald Trump atorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, hashyizwe hanze amafoto agaragaza igeragezwa ry’imodoka yo mu bwoko bwa limousine bishoboka ko ariyo azajya agendamo.
-
Ibikorwa 10 byiza ariko byakozwe n’abantu babi
1 July 2015, by Philbert GirinemaBimwe mu bituma umuntu yitwa mwiza cyangwa mubi mu bandi, ni ibikorwa bye. Akenshi umubi bisa n’ aho adafite ubushobozi bwo gukora ibintu byiza cyangwa atabikora ku bushake ariko afite ubushobozi.
-
Umugore utwite iy’ibyumweru 34 yirukanse mu gusiganwa m 800
27 June 2014Alysia Montano yirukanse mu marushanwa yiswe US Track and Field Championships asiganwa metero 800 kuwa Kane atwite inda y’ibyumweru 34, abura ibyumweru birindwi ngo abyare imfura ye, nubwo yasoje ari uwa nyuma mu gihe kingana n’iminota ibiri n’amasegonda 32 n’iby’ijana 13.
Daily mail ivuga ko uyu mugore w’imyaka 28 wabiciye muri kaminuza ya California yari ashyigikiwe n’abari bateraniye muri stade ya Hornet maze ubwo yageraga ku murongo usoza ahabwa amashyi menshi.
Montano yagize ati (…) -
Amavu n’amavuko ya AU imaze iminsi ikenkemuye Kigali
14 July 2016, by Kanamugire EmmanuelHashize imyaka irenga 50 ibihugu byinshi bya Afurika byiganzuye ingoma za ba gashakabuhake ‘Abakoloni’, iyi nkundura yo gushaka ubwigenge yashimangiwe no gushinga Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika (Organization of African Unity), nka kimwe mu bimenyetso byerekanye ko gushyira hamwe ariyo mpinduka ishyizwe imbere n’abayobozi ba Afurika.
-
Kwiheba k’umugore utwite bishobora kumuviramo kubyara umwana utuzuye
5 September 2016, by Israel IshimweAbahanga mu by’ubuvuzi bagaragaje ko ukwiheba gukabije gushobora gutuma umubyeyi abyara umwaka utarageza igihe bitewe n’ibibazo ndetse no kwigunga yahuye nabyo mu gihe cyo gutwita.
-
U Buhinde: Uruhinja rwavukanye imitwe ibiri
16 March 2014Mu Buhinde uruhinja rwavutse nyina abazwe rufite ingingo zisanzwe ariko rufite imitwe ibiri, amajosi abiri ndetse n’inti z’umugongo ebyiri.
Urmila Sharma w’imyaka 28 niwe wabyaye uyu mwana w’umukobwa tariki 12 Werurwe mu bitaro bya Cygnus JK mu majyaruguru y’u Buhinde aho ari gukurikiranwa n’inzobere z’abaganga.
Umwe mu baganga yabwiye Daily Mail ko uyu muryango ukennye ati “Ababyeyi bataye umutwe ndetse turi kwikusanya ngo dufashe uyu muryango uko tubishoboye.”
Urmila Sharma n’umugabo (…)
IGIHE