Isukari nyinshi mu mubiri igira ingaruka zitandukanye zirimo no gutera indwara;abashakashatsi bavumbuye ko ishobora no gutuma umubiri utakaza ubudahangarwa bwawo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeWaruziko
HomeWaruziko
Articles
-
Garama 100 z’isukari zigabanya imikorere y’abasirikare barinda umubiri
26 April 2016, by Kanamugire Emmanuel -
Canada: Bahisemo kwiturira hejuru y’amazi bishakira umutuzo
16 April 2015, by Philbert HagengimanaUmugabo n’umugore bakomoka muri Canada basize ibyo bari batunze byose bajya gutura ku Kirwa gitembera (ile flottante) kugira ngo babone amafu ahagije.
-
U Buhinde: Umwuzukuru wa Mahatma Gandhi yitabye Imana akennye cyane
10 November 2016, by Uwishyaka Jean LouisKanubhai Ramdas Gandhi, Umwuzukuru wa Mahatma Gandhi ufatwa na benshi nk’umubyeyi w’igihugu cy’u Buhinde, yitabye Imana ku wa mbere w’iki cyumweru azize indwara.
-
Philippines: Umurwayi wa kanseri yashyingiwe mbere ho amasaha 10 ngo apfe
28 June 2014Byari agahinda kavanze n’ibyishimo ubwo umusore witwa Rowden Go Pangcoga w’imyaka 29 wari urwariye kanseri mu bitaro byo muri Philippines yashyingiranwaga n’umukunzi we Leizl mbere y’amasaha 10 gusa ngo apfe kuko yari ageze ku gice cya kane cy’iyo ndwara yamugaragayeho muri Gicurasi.
Rowden yari amaze igihe ategura ubukwe bwe n’uyu mukunzi we, aho bwari buteganyijwe muri Nyakanga.
Ubukwe bw’aba bakundanye urudashira bwashyizwe ku rubuga YouTube n’umuvandimwe w’uyu murwayi, aho bumaze (…) -
Uko u Rwanda rwatuwe kuva mu myaka ibihumbi ishize
21 June 2016, by Ferdinand ManiraguhaU Rwanda, igihugu bamwe bivugira, batazi inkomoko y’iryo zina, ruteye amatsiko kumenya igihe rwaturiwe, bamwe bemeza ko ari ejobundi mu mwaka wa 1091 nyuma y’ivuka rya Yezu, abandi bakemeza ko rwamutanze kuvuka.
-
U Burusiya: Hari umutwe w’ingabo ugizwe n’impanga gusa
28 January 2014U Burusiya nka kimwe mu bihugu ku Isi gifite igisirikare gikomeye ndetse igisirikare kikaba kimwe mu bintu Abarusiya bazwiho kwitaho cyane, noneho uretse intwaro zitangaje, bongeye gutangaza abantu bashyiraho umutwe wihariye w’ingabo ugizwe n’abantu b’impanga gusa. Mu nkuru ya BBC yanditse ko uyu mutwe w’ingabo wihariye ugizwe n’impanga gusa, washingiwe mu majyepfo y’u Burusiya, mu mujyi witwa Rostov-na-Donu, mu birometero 1000 mu majyepfo ya Moscow, aho bashinzwe gukumira no kurwanya (…)
-
Indangamuntu y’Isi yose irimo kwigwaho
8 June 2013, by Rene Anthere RwanyangeHarateganywa ko hazabaho indangamuntu y’Isi yose, biteganywa ko ishobora kuzabaho mu myaka ya vuba aha, kuko iri mu migambi igenderewe nk’imwe mu ntego z’iterambere za nyuma ya 2015, zigwaho n’Umuryango w’Abibumbye. Mu nkuru yakozwe na televiziyo y’abanyakenya NTV ku munsi w’ejo hashize ku wa gatanu tariki ya 07 Kamena, ivuga ku nama yahuzaga abafite aho bahuriye n’Umuryango w’Abibumbye ikaba yaraberaga ku nyubako y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye riri i Nairobi muri Kenya, havugiwe (…)
-
Ibyo wamenya ku miyoboro ya Internet ya 4G, 3G na 2G
10 October 2016, by Kanamugire EmmanuelU Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu gukwirakwiza Internet yihuta cyane ya 4G aho kuri ubu imaze kugezwa mu turere 28 tw’igihugu ndetse ikaba yarashyizwe no modoka zitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali.
-
Selfie Olimpics; irushanwa ry’amafoto atangaje ku mbuga za internet
6 January 2014Ku bantu bakunda kwifotora ubwabo twakita mu rurimi ry’icyongereza “Selfie” hari umukino wabateganyirijwe aho watangijwe ku mbuga zitandukanye wiswe izina rya “Selfie Olimpics”.
Selfie Olimpics ukaba wagaragaye ko washimishije abantu benshi cyane, aho bisabwa ko abakoresha urubuga rwa Facebook,Twitter na Instagram kwifotora ifoto zitangaje bakazishyira kuri izo mbuga.
Urubuga rwa Business Insider rwatangaje ko ku rupapuro rwa Facebook rwafunguwe mu masaha make ashize ko byagaragaye ko (…) -
U Bwongereza: Indaya y’imyaka 85 ntiyifuza guhagarika uyu mwuga
21 May 2014Sheila Vogel Coupe, ukomoka mu Bwongereza amaze imyaka itari micye akora umwuga w’uburaya, akaba avuga ko atiteguye guhagarika uyu mwuga nubwo ageze mu za bukuru kandi akaba arwaye ndetse n’umuryango we ukaba utishimiye ibyo akora. Uyu mubyeyi w’abana batatu, akaba afite n’abuzukuru babiri, yatangiye gukora akazi k’uburaya nyuma yo gupfusha umugabo we mu mwaka wa 2004. Avuga ko yasanze kuba indaya aricyo gisubizo cyo kuva mu gahinda n’ubwo abo mu muryango we barimo n’abana be batatu (…)
IGIHE