Mu bitaramo ateganya gukora imbere, umuhanzikazi Beyoncé Knowless yavuze ko nta mufotozi w’umwuga uzigera uzabijyamo kubera ko yababajwe n’amafoto asebeje bamufashe mu gitaramo cye cya Super bowl.
Mu gitaramo ’Super bowl’ Beyonce aheruka gukora, yagiye afotorwa amafoto atamuhesha agaciro, kandi ahita anashyirwa ku mbuga za Interineti, ayamubabaje cyane akaba ari amugaragaza afite incakwaha, ayo bagaragaje umwenda we w’imbere, ayo bagaragaje asa n’umuntu ushaje cyane n’ayandi.
Mu rwego (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > newinmakuru
newinmakuru
Articles
-
Beyonce yakumiriye abafotozi mu bitaramo bye
25 April 2013, by Audace Willy Mucyo -
Impinduka zikomeye muri Salax Awards 2012
1 November 2012, by Samuel IshimweMu gihe hari gutegurwa itangwa ry’ibihembo bya Salax Awards 2012, impinduka ni nyinshi mu buyobozi bushya bwa Ikirezi Group itegura ibihembo, kandi n’ibyiciro by’abahatanira Salax Awards bigiye kugabanywa.
Ntirenganya Emma Claudine, umuyobozi mushya wa Ikirezi Group yatangarije IGIHE ko Salax Awards 2012, harimo impinduka nyinshi bitewe n’uko Ikirezi Group kimaze gufata icyerekezo gihamye cy’icyo bashaka, bityo bimwe mu byaranze Salax Awards mu myaka ishize bijyanye n’umurongo bafite (…) -
Muzika nyarwanda ishobora guteza umuntu imbere- Producer Lion
29 May 2013, by Audace Willy MucyoN’ubwo byamugoye kwihangira umurimo mu gukora umuziki, Producer Vuguziga Ange, uzwi ku izina rya Lion, ukorera muri ’Resurrection Record’, imwe mu mazu atunganya muzika iherereye i Nyamirambo, yemeza ko ubu bishoboka mu Rwanda kandi hari aho byageza ubikoze.
Mu kiganiro na IGIHE, Producer Lion wamenyekanye ubwo yakoraga indirimbo nka ’Igitambo’ ya Fireman, P Fla na Queen Cha, yatanze ubuhamye ku mizamukire ye mu ruhando rwo gutunganya umuziki kugera ku rwego agezeho ubu.
Yagize (…) -
Producer Fazzo yakuze yumva azakora ibijyanye na muzika
1 April 2013, by Rutaganda JoelCyiza Fabien uzwi ku izina rya Fazzo, ni umwe mu batunganya ibihangano by’abahanzi nyarwanda, avuga ko yakuze yifuza kuzakora muzika. Imwe mu mpamvu yabimuteye gukunda muzika cyane, ni uko yajyaga gusenga kenshi akumva muzika imuryoheye.
Nk’uko yabitangarije Sunday night, Fazzo yagize ati” njye nakuze numva nkunze umuziki cyane, ariko kubera hari izindi nshingano nari mfite nagombaga gukora, naje gutangira muzika mu mwaka wa 2010. Gusa gahunda yanjye numvaga nzayikora nko muri 2018”. Fazzo (…) -
Miss Rwanda yifurije Perezida Kagame umwaka mushya muhire n’imigisha
1 January 2013, by Olivier MuhirwaMu gihe ubu abantu bose barimo guhura imvugo ikaba umwaka mushya muhire, Nyampinga w’u Rwanda Mutesi Aurore nawe yifurije Perezida wa Repubulika Paul Kagame umwaka mushya muhire abinyujije kurukuta rwe rwa Twitter.
Mu magaboye y’icyongereza Miss Rwanda yagize ati “Happy new year may God continue to bless you”. Ugenekereje mu Kinyarwanda yagize ati “Umwaka mushya muhire Imana ikomeze kuguha umugisha.”
Kugeza dukora iyi nkuru Perezida yari atarasubiza uyu mwari uhagarariye ubwiza (…) -
Nyirasenge wa 2Pac ku rutonde rw’abahigwa bukware na FBI
6 May 2013, by Audace Willy MucyoKu rutonde rw’abashakishwa na FBI, hongereweho ‘Joanne Chesimard’ uzwi ku izina rya ‘Assat Shakur’ akaba mushiki w’umugabo wa nyina w’umuraperi nyakwigendera 2Pac Amaru Shakur, ubaye umugore wa mbere muri 25 bakekwaho iterabwoba.
FBI yatangaje ko kuwa kane w’icyumweru gishize aribwo yongeyeho Joanne ‘Assat Shakur’ Chesimard kuri uru rutonde rw’abahntu 25 bahigwa bukware n’ubutabera bwa Leta zunze ubumwe za Amerika kubera ko ashinjwa kwivugana umupolisi ku itariki ya 2 Gicurasi 1973 i New (…) -
Masamba agiye gutangiza ibitaramo bya ’Gakondo’ mu Ntara
29 May 2013, by Dean IrakKuri uyu wa kane tariki ya 30 Gicurasi, abahanzi bagize itsinda Gakondo Group barataramira ahitwa Ahazaza Center mu Karere ka Muhanga guhera saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba.
Bamwe mu bahanzi bagize iri tsinda bazaba bari muri iki gitaramo harimo Intore Masamba, Jules Sentore, Daniel Ngarukiye, Jean Paul Samputu, Mariya Yohana Sofiya Nzayisenga, Michel Ngabo, Manu Habumuremyi, Lionel Mulinda, Abédé, Didier, Tamfum, Claude, Nyamanswa, Teta Birangwa n’abandi.
Muri iki gitaramo (…) -
Russel yamenyesheje Katy Perry ko batandukanye akoresheje ubutumwa bugufi (SMS)
19 June 2013, by Dean IrakMu kiganiro kirambuye aherutse kugirana n’ikinyamakuru Vogue, Katy Perry aherutse gutangaza ibintu atigeze avuga na rimwe bijyanye n’urukundo rwe, aho yavuze ko umukunzi we Russel Brand yamusezereye abinyujije mu kumwohereza ubutumwa bugufi.
Yagize ati “Mu mezi 14 twabanye mu rukundo, Russell Brand nasanze ari umunyabwenge cyane, kandi numvaga mukunze pe, kandi niyo mpamvu twahisemo kwibanira. Gusa navuga ko ntigeze mwumvana iby’uko dutandukanye kuva ubwo yanyoherereje ubutumwa bugufi (…) -
Adam Nditi avuga ko Diamond ari gusebya Tanzania
7 May 2013, by Audace Willy MucyoUmukinnyi ‘Adam Nditi’ ukinira ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereze ariko ufite inkomoko muri Tanzania n’ubwo ubu afite ubwen gihugu bw’u Bwongereza yatangaje ko anenga cyane umuhanzi Diamond Platnumz bakomoka mu gihugu kimwe kuko agenda yisebya ndetse anasebya igihugu cyabo. Abinyujije kuri Twitter, umukinnyi Adam Nditi aravuga ko uyu muhanzi Diamond, kuri uri kubarizwa mu gihugu cy’u Bwongereza aho akomeje kugenda akora ibitaramo ndetse anasabana n’abakunzi be, yerekanye ko nta (…)
-
Emmy Payton yagejejwe imbere ya Parike
5 June 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’aho Emmanuel Itangishaka uzwi cyane ku izina rya Emmy Paytony ashyikirijwe inzego zishinzwe umutekano akekwaho ubufatanya cyaha k’urupfu rw’ umusore wari uzwi ku izina rya Muzungu, Payton yagiye imbere ya Parike.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 3 Kamena 2013 nibwo yagejejwe imbere y’ ubushinjacyaha, mu rwego rwo kumumenyesha ibyo arengwa no kugira ibisobanuro atanga kuri iki cyaha. Nyuma y’ aho Parike yaje gusanga ikirego cye gikwiye koherezwa mu Rukiko rukuru rwa Gasabo ruri i (…)
IGIHE