Nyuma yo kubona ko insokozo cyangwa gusuka bya kinyafurika bigezweho muri iyi minsi, twabakusanirije bumwe mu buryo washakisha bwo gukora umusatsi wawe ugasa neza ugaragara nk’umunyafurikakazi nyawe.
Amafoto:
1.
2.
3.
4.
5.
6.
7.
8.
9.
10.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > newinmakuru
newinmakuru
Articles
-
Uburyo 10 bwa kinyafurika watunganyamo imisatsi yawe ugasa neza
21 April 2013, by Audace Willy Mucyo -
Sebanani André wishwe muri Jenoside yari muntu ki?
10 April 2013, by Olivier MuhirwaSebanani André yavutse mu 1952, avukira mu cyahoze ari Komini Kigoma Perefegitura Gitarama, ubu akaba ari Akarere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo. Amashuri yisumbuye yayize i Shyogwe nyuma aza gukomereza muri “Collège Officiel de Kigali: COK” nyamara yaje kwirukanwa hagati ajya gukora nk’umucungamari muri TRAFIPRO i Kabgayi.
Nk’Uko tubikesha Inama y’Igihugu y’Itangazamakuru, SebananiI yaje gukora kuri Radiyo Rwanda muri gahunda zikurikira: “Discothèque-Phonotèque” ya Radiyo Rwanda, (…) -
‘Gakondo Group’ izaba inkingi z’agaciro k’indirimbo n’imbyino gakondo – Massamba
5 April 2013, by Audace Willy MucyoMu rwego rwo gusigasira indirimbo n’imbyino gakondo, hashinzwe itsinda rikora ibitaramo kandi rifite n’intego yo kwagukira mu rubyiruko nk’u Rwanda rw’ejo ryiswe “Gakondo Group”. Aganira na IGIHE, Intore Massamba, umuyobozi wa “Gakondo Group” yatangaje ko iri tsinda ryihaye inshingano yo gusigasira indirimbo n’imbyino gakondo “Gakondo Group” kuko ari bimwe mu ipfundo ry’umuco nyarwanda.
Yagize ati: “Gakondo Group ifite intego yo kuba inkingi z’agaciro k’indirimbo n’imbyino gakondo kuko (…)
IGIHE