Ambasaderi w’u Budage mu Rwanda, Peter Fahrenholtz, yasabye Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere mu Rwanda ( RDB) kujya kureshya abashoramari b’Abadage bakaza gushora imari yabo mu Rwanda bamaze gusobanurirwa neza amahirwe ahari yabyazwa inyungu mu ishoramari.
Fahrenholtz yagaragaje ko u Budage bubona icyizere mu Rwanda. ubwo bari mu muhango wo kwizihiza Umunsi Mukuru w’Ubumwe bw’u Badage, wabereye mu ngoro ya ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda i Kigali tariki ya 1 Ukwakira 2014.
Yagize ati (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_doingbusiness
a_doingbusiness
Articles
-
RDB yasabwe kujya kwereka Abadage aho bashora imari mu Rwanda
2 October 2014, by Claude -
Amabanki yo mu Rwanda ashobora kugabanya inyungu ku nguzanyo
22 February 2012Kuba mu Rwanda hakomeje kugaragara ubwiyongere bwa za banki z’ubucuruzi bishobora kuzaba byiza ku baturage bakazungukira mu guhangana ku isoko kw’izi banki kuko zishobora kugabanya inyungu yakwa ku nguzanyo.
Amabanki y’ubucuruzi mu gihugu mu mpera z’umwaka ushize yari yongeje inyungu isabwa ku nguzanyo kugira ngo bizigamire inyungu mu gihe kizaza ubwo agaciro k’ifaranga kazaba kagabanutse.
Nk’uko tubikesha ikinyamakuru The East African, ibarurishamibare riheruka ryerekana ko inyungu ku (…) -
CORAR n’abakiriya bayo mu kwishimira igihembo yahawe mu gutanga serivisi zinoze
9 February 2014, by Mathias HitimanaIkigo cy’ubwishingizi “CORAR AG LTD” cyasangiye n’abakiriya ibyishimo by’ibikorwa by’indashyikirwa cyagezeho, kuri uyu wa Gatanu, byatumye kinaza ku isonga mu ruhando rw’ibigo bitanga serivise nziza mu Rwanda mu bushakashatsi ku itangwa rya serivisi buherutse gushyirwa ahagaragara n’ikinyamakuru The Service Mag.
Ibirori byo gusangira ibyishimo n’abakiriya, CORAR yabiteguye ishimira imikoranire myiza bagiranye, ari nayo yabahesheje guhiga ibindi bigo bahuriye ku murimo umwe wo gutanga (…) -
MTN yatanze ibihembo bitandukanye ku banyamahirwe
9 August 2012Iri rushanwa ryiswe SHARAMA na MTN, ryatangiye Tariki ya 23 Nyakanga rikaba rigomba kumara iminsi 60. Iri rushanwa Ritangirwamo ibihembo bitandukanye buri cyumweru. Kugira ngo winjire muri iri rushanwa, uhamagara ku ‘155’ cyangwa ukohereza ubutumwa bugufi SMS ku ‘155’ kugira ngo ugwize amanota akongerera amahirwe yo gutsinda.
Ibihembo byatanzwe ni ibi bikurikira:
Abantu 200 buri wese yatsindiye ama inite ya Rwf 500
Abantu 10 buri wese telefoni yo mu bwoko bwa LG
Abantu 5 buri (…) -
U Rwanda ku isonga mu guha amahirwe abashoramari b’abanyamahanga
5 January 2014, by Rene Anthere RwanyangeMu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, u Rwanda ruri ku isonga kuko rwinjije miliyoni 54 z’amadolari ya Amerika akomoka ku ishoramari ry’abanyamahanga mu mwaka wa 2012. Ibi byagaragajwe muri Raporo y’ibihugu bigize akarere mu 2013. Mu mwaka wa 2013, u Rwanda rwavuye ku mwanya wa 52 rujya ku wa 32 mu koroshya ubucuruzi, ruza ku mwanya wa 2 ku Isi nyuma ya Ukraine.
Abashoramari b’abanyamahanga bagana u Rwanda bariyongereye, kuko mu ishoramari binjije miliyoni 590.5 (…) -
Abashoramari b’Abafaransa mu rugendoshuri mu Rwanda
3 September 2013, by Rene Anthere RwanyangeAbashoramari bikorera hamwe n’abanyenganda b’Abafaransa basaga umunani, bazaba bari mu rugendoshuri mu Rwanda kuva ku itariki ya 10-12 Nzeri 2013. Baje mu Rwanda mu rwego rwo kunoza ubuhahirane hagati y’u Bufaransa n ‘u Rwanda.
Aba bashoramari hamwe n’abanyenganda, baje kugirira urugendoshuri mu Rwanda, muri bo babiri barikorera, bazaba baje kuganira n’abashamari b’Abanyarwanda, hagamije kurebera hamwe uko na bo bashora imari yabo mu Rwanda, uko bakora ubuhahirane n’ubucuti bwimbitse. (…) -
Ikawa y’u Rwanda: Ikawa y’umwaka wa 2014 muri Norvège
2 April 2014Ikawa y’u Rwanda itunganywa na koperative Coko yo mu ntara y’Amajyaruguru y’u Rwanda niyo yegukanye umwanya wo kuba ikawa y’umwaka wa 2014 muri Norvège.
Uwo mwanya yawugenewe na sosiyete mpuzamahanga yo muri Norvège yitwa Solberg & Hansen itunganya ikanacuruza ikawa ziturutse mu bihugu bitandukanye ku Isi yose.
Ikawa n’icyayi by’u Rwanda bikaba bimaze kubaka izina rikomeye mu bakunzi babyo muri muri aka gace k’u Burayi bita Scandinavie.
Ku rubuga vagabond.no rw’ikinyamakuru (…) -
Kigali: Abatsindiye gutanga serivise nziza mu gutwara abagenzi babisinyiye
29 August 2013, by Mathias HitimanaIbigo byatsindiye isoko ryo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali byasinye amasezerano n’Umujyi wa Kigali hamwe n’ Ikigo cy’igihugu ngenzuramikorere (RURA) yo gutwara abagenzi.
Ibigo byatsindiye isoko ryo gutwara abagenzi , KBS, R.F.T.C na Royal, byashyize umukono kuri ayo masezerano yo gutwara abagenzi akubiyemo za kirazira zitandukanye, n’ibihano bizajya bihanishwa abatazubahiriza ibyo bashyizeho umukono.
Ayo masosiyete avuga ko kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 30 Kanama, nk’itariki (…) -
mVisa uburyo bwo gukoresha telefoni igendanwa muri gahunda za Banki
26 December 2013, by Rene Anthere RwanyangeTelefoni igendanwa isanzwe imenyerewe mu guhamagara, kohererezanya ubutumwa bugufi, kohererezanya amafaranga no kubitsa cyangwa kubikura amafaranga yabikijweho. Ubu hashyizweho uburyo bushya bwo gukoresha telefoni muri gahunda za banki, bwise mVisa aho umuntu akoresha telefoni atiriwe ajya kuri banki akorana na yo. Ubu harigwa uburyo mVisa yakoreshwa mu guhana amafaranga kuri konti mu mabanki atandukanye, hifashishijwe telefoni.
Ubu buryo bumaze gushyirwa ahagaragara Umunyamakuru wa IGIHE (…) -
"Gutanga serivisi inoze ni inshingano ya buri wese"
31 August 2013, by Rene Anthere RwanyangeUNA-Rwanda ikomeje ibikorwa byayo byo gushishikariza Abanyarwanda ko habaho impinduka mu mitangire ya serivisi mu nzego zose, ibi bikazagerwaho buri wese abigizemo uruhare ku bufatanye n’abanyeshuri biga muri za Kaminuza.
Umuryango nyarwanda ugamije kuba ikiraro hagati y’abatuye isi n’Umuryango w’Abibumbye, (United Nations Association-Rwanda) hagamijwe kureba niba inshingano zayo zigezwa ku batuye Isi ku buryo bunoze.
Mu kiganiro abayobozi b’uyu muryango bagiranye n’abanyamakuru i (…)
IGIHE