Kamonyi: Kugira ngo imihigo y’Akarere y’umwaka utaha wa 2012-2013 izagerweho ku gipimo gishimishije, Ubuyobozi bw’Akarere burasaba abafatanyabikorwa mu iterambere kurushaho kugaragaza uruhare rwabo no kugena ibikorwa byabo bashingiye ku mihigo y’Akarere, kuko aribyo bizatuma ibyo imibereho y’abaturage irushaho kuba myiza.
Ibi Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi Wungirije Ushinzwe Ubukungu Imari n’Iterambere Madamu Uwineza Claudine, yabisabye abafatanyabikorwa mu nama yabahuje kuri uyu wa (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_doingbusiness
a_doingbusiness
Articles
-
“Guhuza imihigo y’Akarere n’iy’abafatanyabikorwa bizihutisha iterambere”
31 March 2012 -
Perezida Kagame yafunguye agace k’inganda z’ubuhinzi
23 August 2013, by Mathias HitimanaPerezida Kagame yafunguye igice cy’inganda zitunganya umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi, zubatse ahagenewe inganda mu murenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo.
Iki gice cy’inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi cyafunguwe kuri uyu wa Gatanu, kigizwe n’ihunikiro rifite ubushobozi bwo guhunika toni 20,000 n’uruganda rutunganya imbuto z’ibinyampeke.
Perezida Kagame mu ijambo rye yasabye Abanyarwanda gushirika ubute bagakoresha ubwenge ati “Isi turimo ubu irasaba kwihuta mu byo umuntu akora (…) -
Kigali: Abagenzi guhera ku muhanda byaciwe, amasosiyete abatwara yahawe imirongo mishya
12 August 2013, by Mathias HitimanaUmujyi wa Kigali ufatanyije n’Ikigo ngenzura mikorere (RURA) byashyizeho uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu mujyi wa Kigali mu guhashya ikibazo cy’abagenzi bahera ku mirongo bategereje imodoka.
Ubu buryo bushya bwashyizweho amasosiyete atwara abantu yagabanyijwe amazone, kandi ngo nta modoka izongera kumara iminota itanu ku cyapa itegereje abagenzi ku buryo yakerereza abagenda. Imodoka izajya ijya ku cyapa igiye gukuramo abagenzi cyangwa abashyiramo gusa, bikazatangira kubahirizwa mu (…)
IGIHE