Kuri uyu wa gatandatu mugitondo, Ukobucyeye Estache utwara Tagisi za twegerane yakoze impanuka ebyiri zitandukanye mu minota 15. Yagonze umugore n’umugabo buri wese ukwe kandi ahantu hatandukanye.
Ukobucyeye Estache w’imyaka 65 yakoze impanuka ebyiri zitandukanye mu minota 15 akaba yagonze yagonze umugore n’umugabo we. Impanuka ya mbere Ukobucyeye yayikoreye Nyabugogo ubwo yazaga mu mujyi rwagati agonga Moto yari itwaye umugore, uwo mugore arakomereka cyane.
Gusa nyuma y’aho (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeWaruziko
HomeWaruziko
Articles
-
Mu minota 15 yagonze umugore n’umugabo mu mpanuka ebyiri zitandukanye
22 June 2013, by Rene Anthere Rwanyange -
Yazutse nyuma y’amasaha atatu apfuye
13 July 2013, by Richard Dan IraguhaUmwana w’umukobwa wo mu gihugu cya Bresil, yavuye mu nda ya nyina ahita ashiramo umwuka, umubyaza ntiyahise amwohereza aho bashyira abapfu( Morgue) kuko ngo yumvaga nta mbaraga afite zo kujyana yo urwo ruhinja. Icyatangaje abaganga nuko nyuma y’amasaha atatu umwana yahumetse. Umuganga akaba yemeje ko icyi ari igitangaza.
Inkuru dukesha Medical Daily ivuga ko umwana w’umukobwa witwa Yasmin Gomes victoira yavukiye mu bitaro bya Londrina biri mu mujyepfo y’iguhugu cya Bresil, akimara (…) -
Umusambane yakijije nyir’urugo
18 March 2013, by Rene Anthere RwanyangeNadia S’Kalli-Bouaziza umugore w’imyaka 46 y’amavuko, ukomoka mu gihugu cy’u Bufaransa mu mujyi wa Bordeaux, yafunzwe ashinjwa n’urukiko rwa Bordeaux kugerageza kwicisha umugabo we w’imyaka 60 y’amavuko ukomoka muri Portugal, amuziza ko yamushatse kandi yari afite undi mugore basezeranye.
Amakuru dukesha 7sur7, adutangariza ko uyu mugore yabwiye uwahoze ari umukunzi we mu myaka ya kera mbere y’uko arushinga, iby’urwango afitiye umugabo we n’icyo amuziza, maze basubukura umubano wabo. (…) -
Mu kwezi kwa buki abagore bongera ubushake bwo gutera akabariro
17 July 2013, by Richard Dan IraguhaIgihembwe cya kabiri cy’itwita abahanga bacyise ukwezi kwa bucyi mu gutwita (la lune de miel de la grossesse), gitangira nyuma y’amezi abiri ya mbere aho umubyeyi w’ahazaza aba atagifite agaseseme n’umunaniro, ahubwo agatangira kugira ubushake budasazwe bwo gukora imibonano mpuzabitsina.
Urubuga rwa topsante dukesha iyi nkuru ruvuga ko muri icyi gihembwe amatembabuzi mu gitsina cy’umugore yiyongera, bikaba byanatuma agira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina mu buryo budasazwe.
Mu (…) -
Kigali: Hatashywe inzu izajya isukurirwamo imirambo y’Abayisilamu bitabye Imana
29 April 2016, by Philbert GirinemaNi itegeko ry’Imana ko umuyisaramu wapfuye ashyingurwa yabanje gusukurwa, inzu ya mbere yagenewe gukorerwamo icyo gikorwa ikaba yatashywe ku mugaragaro ku nkunga y’umuryango wo muri Arabia Saudite witwa Hsaan Alkhayiriyah.
-
Uruhinja rusinziriye rwumva ibyo ababyeyi bavuga
4 May 2013, by Richard Dan IraguhaImpinja zumva neza ababyeyi bazo nubwo zaba zisinziriye iyo bari mu ntonganya, n’igihe bavuga bishimye. Iyo ababyeyi barimo gutongana bigira ingaruka zitari nziza ku buzima bw’umwana, cyane cyane mu mutwe.
Daily mail itangaza ubushashatsi bwakozwe n’impuguke z’Abanyamerika zo muri Kaminuza ya Oregon ku buzima bwo mu mutwe bw’umwana, bugaragaza ko ubwonko bw’uruhinja bufite ubushobozi bwo kumva intonganya z’ababyeyi. Gutongana kw’ababyeyi kugira ingaruka ku mwana mu mikurire ye, (…) -
Rwanda: Umubare w’abagore babana bahuje ibitsina ukomeje kwiyongera rwihishwa
15 April 2013, by Aisha Bonaventure RutayisireMu gihe hirya no hino ku isi muri iki gihe hakomeje impaka ku burenganzira bw’ababana bahuje ibitsina, yaba abagabo cyangwa abagore, mu Rwanda naho umubare w’ababana bahuje ibitsina ukomeje kwiyongera rwihishwa.
Bamwe mu bakobwa bibanira bahuje ibitsina IGIHE yaganiriye nabo batifuje ko amazina yabo atangazwa, bavuze ko bibanira rwihishwa, kuko bitemewe mu Rwanda, bikaba binatandukanye n’umuco nyarwanda.
Nk’uko babisabye IGIHE ko batatangazwa amazina, muri iyi nkuru umwe turamwita (…) -
Kenya: Abarwayi bo mu mutwe batorotse ibitaro
13 May 2013, by Rene Anthere RwanyangeAbantu bagera kuri 40 bafite uburwayi bwo mu mutwe batorotse ibitaro bya Mathari Mental Hospital muri Kenya muri iki gitondo.
Polisi ya Kenya ifatanyije n’abazamu bo ku bitaro batangiye gushakisha aba barwayi batorotse, bakeka ko bari mu mujyi wa Nairobi.
Nk’uko tubikesha ikinyamakuru cyandikirwa muri Kenya, The Standard, aba barwayi batorotse ibitaro bavuga ko umuti bahabwa ntacyo ubamarira. Babanje kurwana n’abazamu bo ku bitaro, babarushije imbaraga bahita bisohokera. -
Drone zigeze aho gukoreshwa mu gucunga ko abanyeshuri bakopera ibizamini
15 January 2014Drone igiye kuzaba igikoresho cyo muri buri rwego rw’ubuzima, uretse kuba yaratangiye abenshi bayifata nk’iyagenewe gukoreshwa mu butasi no ku rugamba kuko ishobora kurinda benshi kuhatakariza ubuzima, ubu noneho nyuma yo kuba bamwe barayishyize mu buhinzi, Ababiligi bo batangiye kuyifashisha mu gucunga ko abanyeshuri badakopera mu bizami.
Mu Bubiligi, muri Kaminuza ya Thomas More de Malines, abarimu bakoze igerageza ku buryo bashobora kugenzura ko nta munyeshuri ukopera mu kizamini (…) -
U Bufaransa: Umugore yiyiciye umugabo, ateka ibice by’umubiri we
21 June 2014Umugore uri mu kigero cy’imyaka 70 wo mu mujyi wa Longwy mu Bufaransa, yishe umugabo we w’imyaka 80 y’amavuko, amukata bimwe mu bice by’umubiri arabiteka.
Uyu mugore watawe muri yombi tariki ya 22 Gicurasi 2014 arashinjwa gukata ibice by’umubiri we birimo umutima, izuru, hamwe n’ibinyita (ubugabo) akabiteka mu isafuriya ariko ngo ntibiramenyekana niba yarabiriye.
Ikinyamakuru Le Nouvel Observateur dukesha iyi nkuru kivuga ko mu ijoro ryo ku itariki ya 21 rishyira iya 22 Gicurasi, uyu (…)
IGIHE