Bamwe mu byamamare ku isi bazwi cyane kubera ibyo bagiye bakora, bavumbura, bandika n’ibindi, Umurusiyakazi ufite imyaka 41 y’amavuko, Svetlana Pankratova, yabaye icyamamare kubera amaguru maremare.
Urubuga washingtong.com rugaragaza ko Svetlana Pankratova ubusanzwe ukora akazi k’ubutoza mu mukino wa basketball, areshya na metero 1 na santimetero 95, amaguru areshya na metero 1 na santimetero 32, angana na 2/3 by’uko areshya.
Ibi byatumye aba icyamamare ku isi yose kandi (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeWaruziko
HomeWaruziko
Articles
-
Umugore yaciye agahigo k’amaguru maremare ku isi (m1,32)
18 March 2013, by Mathias Hitimana -
Kwihugiraho cyane bishobora gutera umuntu kwivugisha
22 May 2013, by Mathias HitimanaKutagira umwanya wo gusabana n’abandi, ugahora wihugiyeho kubera impamvu zitandukanye, biri mu bishobora gutera umuntu kugenda yivugisha.Ibi ariko bishobora gukira iyo hamenyekanye icyabiteye, kigashakirwa umuti.
Hari abantu bagenda bivugisha n’ijwi riranguruye mu nzira bitewe n’impamvu zabo bwite, ibi biterwa n’ibintu bitandukanye nk’uko inzobere mu bijyanye n’uburwayi bwo mu mutwe zibitangaza.
Dr. Munyandamutsa Naasson, Umuyobozi wungirije mu Kigo cy’Ubushakashatsi n’Ubusabane bugamije (…) -
Kumenya ubwoko bw’uruhu rwawe bigufasha kumenya uko urwitaho
21 September 2013, by Rene Anthere RwanyangeUruhu rufitiye umubiri akamaro ntagereranywa mu kugaragaza ubwiza, hamwe no kurinda izindi ngingo zose z’imbere, kugira ngo zitangizwa na mikorobe zitandukanye. Kugira ngo ubashe kurwitaho uko bikwiye, bisaba kuba uzi ubwoko bwaryo, ukirinda kurufata uko ubonye, kuko bishobora kurugiraho ingaruka zitandukanye.
Uruhu rugizwe n’ibintu bitatu by’igenzi, ari byo: Igice cyo hejuru, icyo hagati, n’icyo munsi. Uruhu kandi rugizwe n’ubwoko bwinshi bw’imvubura, harimo izishinzwe gusohora ibyuya, (…) -
Ku myaka ibiri ni we musinzi muto kurusha abandi ku Isi
25 June 2014Ubutegetsi mu Bushinwa buhangayikishijwe n’ubuzima bw’umwana witwa Cheng Chenge w’imyaka ibiri ufatwa nk’umunywi w’inzoga muto kurusha abandi ku Isi, aho yatangiye kunywa divayi afite amezi 10 gusa, amara icupa rya byeri ataragira umwaka umwe.
Daily Mail ivuga ko uyu mwana wo mu ntara ya Anhui aririra inzoga maze ababyeyi bakayimuha. Ngo birabagora ko bamuha amata cyangwa ibindi binyobwa bidasembuye kuko iyo abonye inzoga ari bwo acogora.
Byatangiye ubwo se yamusomyaga ku nzoga ngo (…) -
Ibiro by’abaperezida byiza kurusha ibindi muri Afurika
16 April 2015, by Philbert HagengimanaIkinyamakuru Afrique360.com cyashyize ahagaragara urutonde rw’ingoro zikorerwamo n’Abaperezida muri Afurika zihiga izindi mu bwiza.
-
Imyaka 19 irashize Mobutu wafatwaga nk’umunyagitugu muri RDC aguye mu buhungiro
7 September 2016, by Uwishyaka Jean LouisHashize imyaka 19, uwafatwaga nk’umunyagitugu Mobutu Sese Seko Kuku Ngbendu wa Zabanga wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (yitwaga Zaïre) kuva mu 1965-1997 aguye mu buhungiro muri Maroc.
-
Umugabo muremure ku isi yakoze ubukwe budasazwe
29 October 2013Sultan Kösen umugabo ufite metero 2 na centimetero 51 (m2,51), ku Cyumweru nibwo yakoze ubukwe n’umugore we ufite uburebure bwa metero 1 na centimetero 75 (m1,75).
Inkuru dukesha le Figaro ivuga ko Cyumweru tariki ya 27 ukwakira 2013, uyu mugabo muremure ku isi yakoze ubukwe n’Umunyasiriyakazi Merve Dibo ugera umugabo we mu rukenyerero.
Sultan Kösen w’imyaka 31 ukomoka mu Gihugu cya Turukiya n’ibyishimo byinshi yagize icyo atangariza abanyamakuru, ati” Nishimiye ko mbonye unyemera uko (…) -
Umwana w’Umushinwa yavukanye intoki 15 n’amano 16
5 May 2016, by Ferdinand ManiraguhaUbusanzwe umuntu agira intoki 10 n’amano 10, ariko mu buryo budasanzwe mu Bushinwa umwana w’umuhungu yavukanye intoki n’amano 31.
Hong Hong yavukiye mu ntara ya Hunan muri Mutarama uyu mwaka afite intoki 15 n’amano 16,ndetse n’ibiganza bibiri ariko byose nta rutoki rw’igikumwe ruriho.
Abaganga bamusuzumye basanze ikibazo afite gikomoka ku buryo bwitwa polydactylism buba ku bantu, imbwa n’injagwe bugatuma bagira intoki n’amano bidasanzwe.
Ikigo kivura abana cya Atlanta muri Leta (…) -
Ubuzima bw’impanga zishaje zaravutse zifatanye bwabereye benshi ibitangaza
12 March 2015, by ClaudeKu myaka 64 y’amavuko, Ronnie na Donnie Galyon ni zo mpanga zavutse zifatanye zishaje kurusha izindi zavutse muri ubu buryo ku Isi.
-
Ingeragere yasimbukiye mu modoka yuzuye abakerarugendo ihunga urusamagwe
11 July 2013, by Richard Dan IraguhaMuri Pariki ya Kruger, muri Afurika y’epfo, ku munsi w’ejo hashize tariki ya 10 Nyakanga 2013, ingeragere yo mu bwoko bw’Impala yiroshye mu modoka yarimo abakerarugendo ku bw’ubwoba n’igihunga ikiza amagara yayo, ubwo ibisamagwe bibiri byari biyibasiye ngo biyirye.
Umukerarugendo witwa Samantha Pittendrigh yafashe video itangaje muri pariki nkuru ya Kruger muri Afurika y’epfo, ubwo iyi impala nyinshi zahungaga ibisamagwe bibiri byari ku muhigo, maze imwe muri zo yari yihishe ivumbuwe (…)
IGIHE