Alicia Keys umuhanzi w’Umunyamerika umaze gutsindirira irushanwa ryitwa ‘Grammy Award’ inshuro zigera kuri 14, iryo rushanwa rikaba rihuza bimwe mu bihangange bya muzika muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kuri ubu arategura urugendo azakorera mu Rwanda aje gufasha bamwe mu banduye virus itera Sida akazanagera muri bimwe mu bihugu by’Afurika.
Inkuru dukesha Fortmilltimes iravuga ko Alicia Key washinze umuryango yise "Keep A Child Alive" ’KCA’ mu magambo ahinnye mu mwaka wa 2003, afatanyije (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > newinmakuru
newinmakuru
Articles
-
Alicia Keys na Prizeo bagiye gufasha abanduye Sida mu Rwanda
20 June 2013, by Rutaganda Joel -
Dore impamvu ’Ndi uw’i Kigali’ yakozwe
2 June 2013, by Audace Willy MucyoIndirimbo ya mbere abahanzi K8, Meddy na The Ben bakoranye ngo yaba ifite impamvu yo kugaragariza ubibazaho cyangwa ubabona ko ari ab’i Kigali.
Ni ku nshuro ya mbere aba abasore batatu bakorera hamwe umuziki wabo muri ’Press One’ mu gihe byari bimenyerewe ko buri wese yakoraga ku giti cye, nyamara indirimbo igakundwa kandi koko ifite injyana ihimbitse, none ubu bose bahuriye ku ndirimbo imwe.
Nk’uko umuhanzi Meddy abitangaza ku rubuga rwe rwa Facebook yagize ati: “Ndi uw’i Kigali! Iyi (…) -
Producer Cedru aravuga ko nyuma yo gukumbura mu Rwanda hari byinshi bateganya gukora kuri Muzika
22 March 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’aho berekeje muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Cedru, The Ben, Meddy, Lick Lick na K8 Kavuyo, kuri ubu Cedru aravuga ko nyuma y’uko akumbuye mu Rwanda hari na byinshi bifuza guhindura kuri muzika nyarwanda.
Mu kiganiro kirekire yagiranye na IGIHE, Cedru yagize ati“ Hano ni heza, bateye imbere cyane mu buryo bwose bw’ubuzima ariko mu rugo hahora ari mu rugo ntahaharuta. Hano muri america haba amashuri ateye imbere kandi atanga ubumenyi buhambaye utasanga mu Rwanda. haba (…) -
Mu itororwa rya Miss USA, abahatana bagaragaje igihunga kidasanzwe
18 June 2013, by Dean IrakMu marushnwa yo gutora Nyampinga uhiga abandi, muri Late zunze Ubumwe z’Amerika (Miss USA), yabereye i Las Vegas, hagaragaye ikibazo cy’ubwoba bukabije biviramo bamwe gusubiza ibiterekeranye, ndetse no gutsindwa irushanwa.
Nubwo abitabiriye irushanwa rya Nyampinga wa USA bari bamaze igihe mu myiteguro, kugeza ku munsi wa nyuma kuri iki Cyumweru tariki ya 16 Kamena, bamwe bagaragaje igihunga kidasanzwe muri iri rushanwa ryegukanywe na Erin Brady.
Amakuru dukesha urubuga TMZ avuga ko, umwe (…) -
Kim Kardashian yibarutse umukobwa
16 June 2013, by Dean IrakNyuma y’amagambo menshi yavuzwe mu itwita rya Kim Kardashian , ijoro ryatambutse nibwo yaraye yibarutse umukobwa ari nawe w’imfura ye.
Ahagana mu ma Saa tatu z’ijoro( 21h00), kuri uyu Gatandatu ,nibwo Kim yibarutse umukobwa mu bitaro bya “Cedars-Sinai Medical Center” biri i Los Angeles, aho yajyanywe kuri uyu wa Gatanu nyuma yo gufatwa n’ibise.
Nyuma y’amagambo amaze iminsi avugwa, arimo kuba Kanye West yaba yishakiraga abandi aryamana nabo mu gihe Kim atwite n’ibindi, (…) -
Musanze: Abahiga abandi mu buhanzi n’imyidagaduro bagiye guhembwa
30 July 2013, by Dean IrakKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 8 Kanama 2013, Ihuriro ry’abahanzi n’abagira uruhare mu bikorwa by’imyidagaduro “REMO: Rwandan Entertainers and Musicians Organisation” rizahemba abahize abandi mu bijyanye n’imyidagaduro mu Ntara y’Amajyaruguru.
Ibi birori bizabera mu Nzu Mberabyombi y’Ikigo Ndangamuco n’Imyidagaduro cya Muhoza.
Iri huriro ry’abahanzi n’abagira uruhare mu bikorwa by’imyidagaduro “REMO" ryavukiye mu Ntara y’Amajyaruguru mu karere ka Musanze, nyuma y’aho abahanzi n’abandi (…) -
Imyambaro migufi igiye gufatirwa ingamba mu gihugu cya Uganda
16 April 2013, by Rutaganda JoelAbambara imyenda migufi muri Uganda bazajya bafungwa cyangwa bacibwe akayabo k’amashilingi, itegeko rishya rihana ibikorwa by’urukozasoni (Pornography) niryemezwa n’Inteko Ishingamategeko.
Nk’uko tubikesha The Daily Monitor, nyuma y’uko ibikorwa by’urukozasoni (Pornography) bimaze kuba ikibazo gikomeye muri Uganda, aho amafoto afatwa nk’urukozasoni anyura mu bitangazamakuru no mu bikorwa by’imyidagaduro, Inteko Ishingamategeko iri kwiga uburyo hajya hahanwa abiyambika gutyo.
Umushinga (…) -
Umuhanzikazi Lauryn Hill mu nzira zo gufungwa imyaka irindwi
23 April 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzikazi Lauryn Hill ashobora gufungwa igihe kingana n’imyaka igera kuri irindwi azira kutishyura imisoro.
Lauryn Hill wamenyekanye cyane mu itsinda ‘Fugees’ ariko nyuma akaza gutangira kuririmba ku giti cye aho aho yanatsindiye ibihembo byinshi birimo Grammy Awards , arashinjwa kutishyura imisoro igera kuri miliyoni 1.8 y’amadolari ya Amerika, hagati y’umwaka w’2005 n’uw’2007, nk’uko TMZ ibitangaza.
Uyu muhanzikazi akaba n’umubyeyi w’abana 6, waje no mu Rwanda muri FESPAD 2010 (…) -
Bobi Wine ku rutonde rw’ibihe byose rw’ibyamamare bidafite uburanga muri Uganda
26 March 2013, by Audace Willy MucyoMu cyegeranyo cyakozwe mu gihe cy’amezi atatu muri Uganda, abafana b’abantu bakora ibintu bitandukanye bagiye batora, hakorwa urutonde rw’ibihe byose rw’ibyamamare bya Uganda bidafite uburanga; icyamamare muri muzika Bobi Wine yaje ku mwanya wa kabiri muri barindwi bashyizwe ahagaragara.
Dore uko bakurikirana:
1. Ssebabi
N’izina rye rigaragaza ububi afite. Yamenyekanye cyane kubera ububi bwe, akaba aherutse gukora ubukwe n’umukobwa mwiza, ashagawe n’abaturutse imihanda yose.
2. Bobi (…) -
Dj Adams yitabye urukiko
7 June 2013, by Rutaganda JoelNyuma y’igihe kigera ku myaka 2 Dj Adamz bivugwa ko yafashe ku ngufu Irabaruta Nice, ku itariki 5 Kamena 2013 nibwo yitabye urukiko ngo asobanure birambuye kubyo aregwa, gusa urubanza ntirwaciwe kuko barwimuriye undi munsi bitewe n’impamvu zitifujwe ko zajya ahagaragara.
Nk’uko yabitangarije IGIHE, Adams yagize ati: "Nta kibazo na kimwe njye mfite, kuko amategeko arahari kandi n’urega nawe arahari, ubwo umuntu yategera umwanzuro uzava m’urubanza".
Tubibutseko Irabaruta Nice mu minsi (…)
IGIHE