Mu gihe akarere ka Rwamagana katangiye kubaka amahoteli akikije ikiyaga cya Muhazi, ubuyobozi bw’aka karere buravuga ko abaturage bazimurwa hafi y’iki kiyaga badakwiye kugira ubwoba, kuko ibikorwa byo kubimura bizajyana no kubaha ingurane zabo bitewe n’uko ubutaka bw’umuntu bungana.
Nyuma yo kubona ko hari ahantu hamwe na hamwe abaturage bagiye bimurwa ariko kubonerwa ingurane bikagorana, abaturage bo mu mirenge ya Gishari, Fumbwe, Musha, Munyiginya na Muhazi ikikije ikiyaga cya Muhazi, (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_doingbusiness
a_doingbusiness
Articles
-
Rwamagana: Kuzengurutsa Muhazi amahoteli 5 ntibizateza ikibazo ku ngurane
2 September 2013 -
Tigo ikomeje guha ubumenyi buteza imbere urubyiruko ikorana narwo
20 March 2014, by Mathias HitimanaNyuma y’ibyumweru umunani bahugurwa uko banoza akazi bakora mu ishuri “Tigo Sales School”, abasore n’inkumi 60 bo mu mujyi wa Kigali, bahawe impamyabumemyi banasabwa gukomeza kunoza akazi bakora, ku buryo bagera ku bikorwa by’iterambere bamwe mu bakorana n’iyi sosiyete bamaze kugeraho.
Uru rubyiruko rwahuguwe muri iri shuri, barimo abakobwa 37 n’abahungu 23. Bimwe mu byo bahuguwe birimo kunoza umurimo, gutanga serivise nziza, gucunga umutungo, ururimi rw’Icyongereza n’ibindi, byose (…) -
“Romeobuy”, sosiyete nshya yorohereza abantu gutumiza ibintu mu Bushinwa
8 September 2014, by ShabaRomeobuy ni ikompanyi ikorera mu Bushinwa ikaba yaratangiye muri 2011, yorohereza abantu kugura ibikoresho binyuranye babitumije mu Bushinwa bagafashwa gukurikirana inzira yabyo kugeza bibagezeho baba bari mu Rwanda ndetse no hirya no hino ku Isi.
Sibyo gusa kuko Romeobuy bagurisha ibikoresho bitandukanye biba binagaragara ku rubuga rwabo rwa interineti www.romeobuy.com; mu byo bagurisha harimo: ibikoresho by’ubwubatsi, ibikoresho bitandukanye by’ikoranabuhanga (telefoni z’umwimerere, (…) -
Inganda zagabanyirijwe ibiciro by’amashanyarazi
20 April 2012Kuva kuwa 1 Gicurasi 2012, ibiciro by’umuriro w’amashanyarazi mu masaha ya nijoro biratangira kugabanuka ku nganda, iki kikaba ari kimwe mu bibazo Urugaga rw’Abikorera ku giti cyabo (PSF) rubashije gukemurira inganda.
Ubu kilowate (KW) imwe mu masaha y’ijoro (kuva saa tanu z’ijoro kugeza saa moya za mu gitondo) izajya ku mafaranga 80 y’u Rwanda ku nganda.
Kuva saa moya za mu gitondo kugeza saa kumi n’imwe z’umugoroba, igiciro ni amafaranga 105 y’u Rwanda kuri KW imwe, nk’uko bisanzwe. (…) -
Icyambu cya Mombasa mu nzira yo kwagura ibikorwa
26 January 2012Imirimo yakorerwaga ku cyambu cya Mombasa igiye kwiyongera mu gihe kingana n’amezi atatu, ibi bikaba byatangajwe n’ikigo gishinzwe kwakira imisoro n’amahoro mu gihugu cya Kenya (KRA).
Igikorwa cyo kongera ibikorwa kuri iki cyambu byatangiye kuri uyu wa Gatatu twashoje ejo hashize cyiswe gushaka ibisubizo byihuse. Umwe mu bayobozi b’ikigo gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro muri Kenya Namu Wambui yagize ati " Twarangije gutegura ibyangombwa byose kugirango imirimo yakorerwaga kuri iki (…) -
Remera: AFRO-PAK ibazaniye imurikagurisha ridasanzwe
9 March 2012Kuva tariki 10 kugeza kuya 23 Werurwe 2012, kuri Stade Amahoro i Remera hazabera imurikagurisha ry’ibikoresho binyuranye byaturutse mu bihugu bitandukanye by’Abarabu no mu Rwanda.
Amakuru agera ku IGIHE avuga ko iryo murikagurisha rizagira akamaro kanini cyane kuko harimo ibikoresho bitandukanye umuntu yakenera mu buzima bwa buri munsi nk’imyenda, amasaha, imibavu (perfumes), imikufi, ibikoze mu ruhu nk’inkweto, n’udusakoshi.
Muzahasanga kandi ibikinisho by’abana, ibikoresho byo mu (…) -
Abanyarwanda batangiye kwagura ubucuruzi ku Birwa bya Maurice
24 March 2014, by Mathias HitimanaIkigo cy’igihugu cy’iterambere mu Rwanda(RDB) cyatangaje ko nyuma y’aho u Rwanda n’Ibirwa bya Maurice bisinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi n’ishoramari muri Werurwe 2013, abashoramari n’abanyenganda mu Rwanda batangiye gucururiza muri iki gihugu.
RDB yagaragaje ko ubu bufatanye bwatumye u Rwanda rwagura ubucuruzi bw’ibyoherezwa mu mahanga, kuko hari Abanyarwanda batavuzwe umubare bamaze kugeza ibikorwa by’ubucuruzi muri iki gihugu.
Mu muhango wo kwakira abanyenganda bibumbiye (…) -
Mwarimu yatsindiye imodoka ya miliyoni 28 muri “Kaby’Inzozi na Ecobank”
13 January 2014, by Mathias HitimanaStanislas Habyarimana wigisha mu ishuri ryigisha Imyuga n’ubumenyi ngiro (IPRC) yatomboye imodoka ifite agaciro ka miliyoni zisaga 28 z’amafaranga y’u Rwanda muri gahunda ya ‘Kaby’Inzozi na Ecobank’ yatangiye tariki 15 Kamena 2013.
Kaby’Inzozi, gahunda ya Ecobank yo guha amahirwe Abanyarwanda babitsa kenshi amafaranga atari munsi y’ibihumbi 60 ariko amara igihe kuri konti ya nyira yo. Uko ubitsa amafaranga meshi agatinda kuri konti kandi buri gihe, ni na ko ubona amahirwe yo gukabya (…) -
Mu myaka 7 iri imbere u Rwanda ruzaba rutagitumiza umuceri hanze yarwo
11 August 2016Mu myaka 7 iri mbere u Rwanda rwiyemeje kuzajya rugemura umuceri mu Karere ndetse ngo ntiruzongera gutumiza umuceli hanze muri iyo myaka. Iki gikorwa kikazatwara Miliyoni 150 z’amadorali y’Amerika.
Iyi ntego yashimangiwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Nzeli, 2011 mu nama yari igamije gushyira ahagaragara ingamba zo guteza imbere igihingwa cy’umuceri no ku cyongera umusaruro.
Bimaze kugaragara ko Abanyarwanda benshi bakunda kurya umuceri ariko bakaba batemera ubwoko bw’umuceri bihingira (…) -
Abanyarwanda 3 mu marushanwa mpuzamahanga y’ishoramari
9 September 2014Abanyarwanda Maria Mayanja washinze Kompanyi Angaza Ltd ibyaza ibishingwe ibindi bikoresho, Herve Tuyishime washinze Kompanyi yitwa Paniel Meat Processing iranguza amahoteri inyama hamwe na Jean Bosco Nzeyimana washinze Kompanyi yitwa Habona Ltd yubakira abaturage za biyogazi bari mu bantu 10 b’Abanyafurika bihangiye imirimo bazahatanira umwanya wa mbere mu marushanwa ya Get in the Ring: The Investment Battle.
Aya marushanwa, ategurwa na BiD Network, agamije guhuriza hamwe abashoramari (…)
IGIHE