Ubwo yahamagarwaga ngo ahabwe igihembo muri Billboard Music Awards 2013, Justin Bieber yahawe urw’amenyo n’abafana bamuvugiriza induru [boo] byo kumwereka ko batamwishimiye.
Ibi birori byabereye i Las Vegas kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Gicurasi 2013.
Justin Bieber w’imyaka 19, muri iki gitaramo ntiyigeze yicara iruhande rwa Selena Gomez n’ubwo nyuma yacyo hagaragajwe ifoto amusoma.
Justin bieber yahawe ibihembo bitatu birimo icy’umuhanzi witwaye neza w’umugabo (Top Male Artist (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > artmakuru
artmakuru
Articles
-
BMA 2013 : Justin Bieber yahawe ur’amenyo
20 May 2013, by Dean Irak -
Ba Nyampinga 3 bakomoka mu Rwanda muri Miss East Africa Belgium i Dar-es Salaam
25 November 2012, by Rene Anthere RwanyangeBa Nyampinga batatu bakomoka mu Rwanda, n’abandi bakomoka muri Ethiopia na Djibouti batumiwe mu muhango wa Miss East Africa mu gihugu cya Tanzaniya i Dar-es Salaam.
Umunyarwanda Ruba Denis, umwe mu bategura Miss East Africa Belgium, akaba anahagarariye ishyirahamwe rya “Exotic Night” rizwi cyane mu gutegura ibikorwa bitandukanye by’umuco wa East Africa mu Bubiligi, atangaza ko ba Nyampinga bazahagararira Miss East Afica Belgium mu mujyi wa Dar-es Salaam muri Tanzaniya ku itariki ya 7 (…) -
Abahanzi bo muri PGGSS III barahamya ko nta bwoba batewe no kuririmba LIVE
29 June 2013, by Dean IrakMu gihe kingana n’ibyumweru bibiri, abahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS III bamaze bitegura ibitaramo bya LIVE, baratangaza ko nta kibazo na kimwe bafitiye kuririmba Live ahubwo ko bari barategereje ko uyu munsi wo kuwa Gatandatu ugera bakereka abafana babo ibyo bamaze igihe babahishiye.
N’ubwo bamwe muri aba bahanzi 11 bari muri iri rushanwa, ari ubwa mbere bagiye gukora ibitaramo mu buryo bwa LIVE, bavuga ko babyiteguye neza, kandi ko basanze kuririmba LIVE ari byiza kurusha plaback (…) -
Aline uzwi muri "Bagupfusha Ubusa" arahakana amakuru avuga ko yapfuye
16 June 2013, by Dean IrakUmukobwa uzwi ku izina Aline, ugaragara mu ndirimbo Bagupfusha Ubusa n’izindi, arahakana amakuru yashyizwe ku rubuga rwa Facebook, yanatambutse ku maradiyo avuga ko yaba yapfuye kuri uyu wa Gatandatu bivugwa ko yakuragamo inda.
Aya makuru yakwirakwijwe cyane cyane n’abantu bakorera kuri za Facebook bivugwa ko umukobwa witwa Claudine yapfuye; bavuga ko ari nawe ugaragara mu mashusho y’indirimbo “Bagupfusha Ubusa”.
IGIHE twagerageje kuvugana na bamwe mu bakwirakwije aya makuru kuri (…) -
Tuniziya: Yakatiwe gufungwa imyaka 2 azira indirimbo yise “Abapolisi ni imbwa”
15 June 2013, by Dean IrakUmuraperi w’Umunyatuniziya Weld El 15 kuri uyu wa Kane yakatiwe igifungo cy’imyaka 2 ashinjwa kuba yaratutse polisi mu ndirimbo yakoze yise “Bouilcia Kleb” bivuga ngo “Abapolisi ni imbwa”
Muri iyi ndiririmbo aririmba agira ati “ Bouilcia kleb” bivuga ngo “abapolisi ni imbwa”, akongera ati ngo “ Nibo bakwiye kwicwa mu mwanya w’intama”.
Nk’uko tubikesha France 24, habaye imvururu nyinshi nyuma y’uko abacamanza bavuga umwanzuro w’urubanza, aho inshuti n’abahanzi b’uwakatiwe batari (…) -
Umuhanzi Stromae yatangiye kwamamaza Album ye ya kabiri
25 May 2013, by Dean IrakNyuma yo gusohora Album ya mbere yise ‘Cheese’ umuhanzi w’Umubirigi ufite inkomoko mu Rwanda Stromae yatangiye ibikorwa byo kumenyekanisha Album ye ya kabiri.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Gicurasi 2013 ubwo Stromae yari mu kiganiro cyanyuze kuri Televiziyo France 2 yaririmbye zimwe mu ndirimbo ze nshyashya ziri kuri Album ye ya kabiri yise "Formidable".
Urubuga 7su7 dukesha iyi nkuru rwanditse ko uyu muhanzi kandi ari kugenda arushaho kugaragara mu bikorwa bisa nk’ibisekeje mu rwego (…) -
Coco Finger yasubiranye n’uwahoze ari umujyanama we
15 March 2013, by Audace Willy MucyoNyuma y’ubwumvikane buke bagiranye, bikagera aho batandukana, umuhanzi wo mu gihugu cya Uganda uzwi kw’izna rya ’Coco Finger yongeye kwiyunga n’Umujyanama we ’Emma Carlos’ ndetse banafata gahunda nshyashya yo kongera gukorana.
Kuri ubu Emma Carlos yishimiye gutangirana ukwezi kwa Werurwe acyeye ku mutima, nyuma yo kongera kuba umujyanama wa Coco Finger, bamaze kwiyunga babifashijwemo na ’Steve Jean’, umwe mu batunganya indirimbo uzwi cyane muri aka gace ka Afurika y’Uburasirazuba.
Coco (…) -
Mariah Carey na Nick Cannon bizihije isabukuru y’imyaka itanu bamaranye
2 May 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzikazi Mariah Carey n’umugabo we Nick Cannon baraye bakoze ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 5, bakaba baranabyaranye abana babiri b’impanga.
Inkuru dukesha Mirror, iravuga ko tariki ya 30 Mata 2013, Mariah Carey n’umugabo we Nick Cannon bizihije isabukuru y’imyaka 5 bamaranye, bizihiza n’iy’imyaka 2 ya Monroe na Moroccan, umuhungu n’mukobwa babo b’impanga.
Ibi birori byabereye ahitwa Disneyland muri Leta ya California, Mariah Carey akaba yari yambaye ikanzu ndende y’umweru (…) -
Kamichi yankoreye ibintu bizajya bituma mubona nkaseka– Bissoso
14 May 2013, by Rutaganda JoelBissoso umwe mu ba Dj bakomeye muri aka karere k’Afurika y’Iburasirazuba, nyuma y’aho ari nawe mu Dj watsindiye isoko ryo kujya acurangira abahanzi bari mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya gatatu, kuri ubu yaba avuga ko ibyo umuhanzi Kamichi yamukoreye ubwo bari i Rusizi atazigera abyibagirwa kugeza ashaje.
Aganira na IGIHE n’ibitwenge byinshi cyane, Dj Bissoso yagize ati: “ Kuva natangira gucuranga Kamichi niwe muhanzi wa mbere wansekeje numva ndwaye umutwe, Kamichi (…) -
Anita Pendo aravuga ko abona hari abitiranya urukundo
8 May 2013, by Rutaganda JoelAnita Pendo umunyamakuru, umushyushya birori (Mc), kuri ubu avuga ko asanga hari benshi bakwiye kumenya bimwe mu bituma urukundo rubaho cyangwa ntirubeho hagati y’abakundana, kuko ukunda umuntu bitewe n’umutima wawe uburyo umwishimiye, ugatandukana n’umuntu bitewe n’ibitagenda neza hagati yanyu. Ibi bibaye nyuma y’aho bitangarijwe ko ari kumwe n’umukunzi mushya witwa David, akaba ari umwe mu batunganya ibihangano by’abahanzi "Producer" mu nzu yitwa ’Future Records’. nyuma y’aho atandukaniye (…)
IGIHE