Mu rwego rwo gusoza umwaka wa 2012 hibukwa umuco nyarwanda ngo utibagirana, Ikigo nyarwanda cy’ubuzima bushingiye ku muco (RCHC), cyateguye umunsi wo kwibukiranya umuco wa kera hibandwa ku ndirimbo Abanyarwanda benshi bari bamaze kwibagirwa kuri uyu wa gatandatu tariki ya 29 Ukuboza.
Umuco wagaragaraga mu bihangano by’abasaza bagiye bacuranga indirimbo za gakondo, usanga abenshi barimo uwitwaga Sebatunzi, Kabarira, Rujindiri, KirusuTthomas ndetse na Sentore baratabarutse, uretse uyu (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > artmakuru
artmakuru
Articles
-
Kwibukiranya umuco gakondo mu gitaramo kirimo Mushabizi waririmbye Zaninka
28 December 2012, by Mathias Hitimana -
Ally Soudy yahaye umukobwa we ubutumwa nk’impano ku munsi we w’amavuko
18 March 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi, umunyamakuru akaba n’umushyushyabirori “Ally Soudy’ uri kubarizwa muri Lta Zunze ubumwe za Amerika, yageneye umukobwa we w’imfura “Ally Waris Umwiza” ubutumwa nk’impano kuri uyu munsi yuzuje umwaka umwe w’amavuko.
Nk’uko yabitangarije ku rukuta rwe rwa Facebook, Ally Soudy yagaragaje ibyishimo byinshi n’urukundo afitiye umukobwa we Warris, cyane cyane kuri uyu munsi w’amavuko.
Yagize ati: “Sinzi icyo namuha nk’impano kuri uyu munsi yujuje umwaka ageze ku isi, umukobwa wanjye (…) -
Comedy Knights bataramira i Burundi, Arthur yiganye Perezida waho
25 April 2013, by Audace Willy MucyoMu mashusho mashya bashyize kuri Youtube, abanyarwenya bamenyerewe mu Rwanda, Comedy Knighty, bagaragaje ko bakunzwe cyane mu Burundi, aho Arthur Nkusi agaragara yigana imwe mu mico y’abarundi kugeza no kuri Perezida wa Repubulika y’u Burundi ’Pierre Nkurunziza’.
Uyu munyarwenyausanzwe ari n’umunyamakuru kuri KFM, aganira na IGIHE yavuze ko muri uyu mukino yashatse kwerekana imwe mu mico iranga Abarundi. Aha agaragara avuga uko Abarundi bagenda mu mihanda basa n’abihishahisha akanabiganira (…) -
Aganira n’umunyamakuru, Shakira yaracitswe atangaza imyaka yatakarijeho ubusugi
11 May 2013, by Rene Anthere RwanyangeMu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru w’icyamamare w’umunyamerika Jay Leno, Shakira yatangaje amwe mu makuru y’ubuzima bwe bwite amwerekeye ubwo yarimo agaruka mu bihe bye byo hambere atangira gukora muzika.
Mu gihe muri iyi minsi Shakira akomeje gucaracara mu bitangazamakuru amenyekanisha irushanwa rica kuri televiziyo “The Voice”, uyu muririmbyikazi yagarutse ku bihe bye bya mbere atangira kuririmba by’umwuga ubwo yari afite imyaka 13.
Yagize ati “Inshuti yanjye Monica yari yicaye hafi (…) -
Se wa Liam Payne wamamaye muri ‘One Direction’ yasuye hoteli umuhungu we yahanutsemo
19 October 2024, by Uwiduhaye TheosGeoff Payne ubyara Liam Payne uheruka gupfa ahanutse muri hoteli yari acumbitsemo muri Argentine, yayisuye anagera aho abafana b’umuhungu we bagiye bandika ubutumwa bamusezeraho.
IGIHE