Mu gihe dushoje umwaka wa 2012, hari byinshi byagezweho mu buhanzi nyarwanda ariko hari n’ibibi byagaragaye abahanzi basanga bitazakomeza muri 2013 birimo ubusumbane mu kwishyurwa n’ababaca intege.
Umuraperi Riderman, avuga ko yifuza ko Salax Awards yakongerwamo icyiciro cya Hip hop y’abakobwa ikgagira agaciro ikwiye.
Ikindi ngo asanga mu myidagaduro hakwiye gucika ubusumbane bugaragara hagati y’abahanzi, by’umwihariko ab’abaturuka hanze n’abo mu Rwanda.
Ibi ariko ntabyumva kimwe na (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > artmakuru
artmakuru
Articles
-
Hari ibyagaragaye muri 2012 abahanzi badashaka muri 2013
5 January 2013, by Nsabimana Emile -
Kanye na Kim batunguranye bita umwana wabo “North West”
22 June 2013, by Dean IrakMu mpapuro z’amavuko z’umwana w’umukobwa w’umuraperi Kanye West n’icyamaamre mu biganiro byo ku mateleviziyo Kim Kardashian handitswemo ko yitwa “North West” ari ryo “Nori”.
Uyu mwana yavutse kuwa 15 Kamena 2013 mu bitaro bya Cedars-Sinai Medical Center muri Los Angeles.
Abasesenguzi baragaragaza ko iri zina North riva ku ihuzwa ry’amazina yabo ari yo Kim Noel Kardashian [ari we Kim Kardashian] na “Kanye Omari West” [ari we Kanye West]
Benshi bagaragaje ko batunguwe no kuba nta nyuguti (…) -
Itsinda ‘Sick City Entertainment’ mu gitaramo cyo kubyina
2 January 2013, by Nsabimana EmileItsinda ribyina ryo mu mujyi wa Kigali ryitwa ‘Sick City Entertainment’ ryateguye igitaramo cyo kubyina cyitwa ‘Nit’s all about dance’ kizabera ku Kacyiru kuri Ishyo Arts Center ku itariki ya kabiri Mutarama 2013 guhera saa moya z’umugoroba.
Intwali Christian, umwe mu bateguye iki gitaramo, avuga ko bagiteguye kugira ngo bateze imbere umuco wo kubyina no gukangurira urubyiruko kwirinda gukoresha ibiyobyabwenge.
Ntwari asobanura ko urubyiruko rugize iri tsinda rwifuza kugaragaza impano (…) -
Koffi Olomide: Nyuma yo gufatirwa muri Zambia yaratorotse
3 January 2013, by Mathias HitimanaUmuririrmbyi w’icyamamare ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kofi Olomide, wafatiwe muri Zambia akekwaho urugomo, yatorotse igipolisi nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byo muri icyo gihugu tariki ya 02 Mutarama 2013.
Urubuga Africa review dukesha iyi nkuru rwatangaje ko Olomide yafashwe ku wa gatanu ku wa 27 Ukuboza 2012 nyuma yo guhohotera umunyamakuru muri hoteli ya Taj Pamodzi mu gitaramo yari yahakoreye.
Polisi yo muri Zambia yabwiye ibitangazamakuru ku wa Gatatu (…) -
Juliana arahakana avuga ko nta rukundo arimo na Ian
17 May 2013, by Dean IrakMu minsi ishize muri Uganda hahwihwiswaga ko umuhanzi Julina ari gushaka uko yakwimukira muri Kenya bityo akabana na Ian Mbugua uzwi nk’umwe mu bagize akanama nkemurampaka mu marushanwa ya Tusker Project Fame-TPF.
Gusa Juliana yanyujije ubutumwa kuri facebook avuga ko ibi ari ibihuha, ashimangira ko nta rukundo afitanye na Ian ahubwo ko bahuzwa n’akazi gusa.
Yagize ati “Nabonye ibihuha bidafite shinge na rugero kuri facebook none nashakaga gushimangira nti ‘sinteganya gushyingirwa na (…) -
Abagize itsinda “Dawes” baririmba mu njyana ya Rock muri USA bamaze iminsi itatu mu Rwanda
15 March 2013, by M. M.Abagize Itsinda Dawes ririmba mu njyana ya ’Rock yoroheje’ muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bagiriye uruzinduko rwabo mu Rwanda mu cyumweru gishize mu rwego rwo gufasha mu gikorwa cy’ubukangurambaga ku ikoreshwa ry’inzitiramibu mu rwego rwo kurwanya malaria.
Iri tsinda rigizwe na Taylor uririmba akanacuranga gitari na Griffin Goldsmith ukunze gukoresha ingoma, hamwe na Wylie Geblber ucuranga gitari ya bass ndetse na Tay Strathairn ucuranga keyboards, ryaje mu Rwanda ku butumire bwa United (…) -
Tanzaniya: Byari ishavu n’agahinda mu gusezera umurambo wa Mangwea
6 June 2013, by Dean IrakUmuraperi wo mu gihugu cya Tanzaniya Mangwea uheruka kwitaba Imana mu cyumweru gishize yashyinguwe kuri uyu wa Kabiri ku kibuga cya Leaders Club i Dar es Salaam
Nk’uko bigaragara muri amwe mu mafoto y’iyi mihango, abahanzi benshi baje kwifatanya n’umuryango we bari buzuye agahinda.
Dore amwe mu mafoto: -
Justin Bieber na Usher bararyozwa indirimbo bibye
8 May 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi witwa Devin Copeland uzwi ku izina rya ’De Rico’ hamwe n’umwandikira indirimbo witwa ’Mareio Overton’ bamaze kujyana mu rukiko Justin Bieber na Usher kubera indirimbo yitwa ’Somebody to Love’ bavuga ko babibye.
Kugeza ubu, De Rico yamaze kugeza ikirego cye mu rukiko rwo muri Leta ya Virginia, dore ko we n Mareio umwandikira indirimbo bemeza ko hari byinshi biri mu ndirimbo yabo ya mbere bisa neza neza n’ibyo muri Somebody to Love ya Bieber na Usher, bityo bakabishyuza amadolari ya (…) -
Saga Assou yarushijeho gukaza umurego mu muziki
28 June 2013, by Dean IrakUmuhanzi Saga Assou ahora atunga agatoki itangazamakuru ryo mu Rwanda arinenga ko ritamucurangira ibihangano bye bishya asohora; ariko ibi avuga ko bitamucira ishati. Ubu yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Have I Told You”
Muri iyi ndirimbo aririmba mu Cyongereza gusa, Saga, wamamaye cyane ku izina rya Mc Monday, agaragara aririmbira umukobwa mwiza w’inzobe anamucurangira gitari. Muri iyi ndirimbo y’urukundo, Saga amugaragariza ko amukunda amuzanira indabo bakishimana.
Muri iyi (…) -
Indirimbo Kanda Amazi na Imitobe byashyize KINA Music mu kato
30 June 2013, by Dean IrakDj Bissosso hamwe na bagenzi be bakora umwuga wo gucuranga indirimbo cyane cyane mu tubari n’ahandi hantu hahurira abantu benshi bafashe umwanzuro wo guhagarika gucuranga indirimbo za Kina Music bitewe n’impagarara indirimbo Kanda Amazi yateje.
Mu ibaruwa ifunguye bagejeje mu itangazamakuru, abadjs banditse bavuga ko banenze Producer Clement Ishimwe biturutse ku magambo bavuga ko aherutse gutangaza agira ati “Umusaruro "Kanda Amazi" yabonye si uko abadjs bayicuranga.”
Ibi Dj Bissosso (…)
IGIHE