Mu magambo yanditse kuri Facebook kuri uyu wa Gatanu ashaka kunenga itangazamakuru, Muyoboke Alex wabaye umujyanama w’umuhanzi Tom Close, aba umujyanama w’itsinda Dream Boyz, akaba anaherutse kuba umujyanama wa Urban Boyz yavuzemo ko abahanzi ari bo bamunaniza.
Ibi abitangaje mu gihe aba bahanzi bagiye batandukana nawe bo bagiye bavuga ko Muyoboke ari we wagiye abananiza anashaka indonke kurusha gushaka kubateza imbere.
Asubiza umwe mu bari bagize icyo bavuga ku magambo Muyoboke yari (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > artmakuru
artmakuru
Articles
-
Muyoboke ati ‘Sinananiwe akazi ahubwo abo dukorana nibo bafite imyumvire idasobanutse’
14 June 2013, by Dean Irak -
Alijeriya: Hagiye kongera gutorwa Nyampinga nyuma y’imyaka 10 adatorwa
19 June 2013, by Dean IrakMu gihugu cya Alijeriya hagiye kongera gutorwa Nyampinga nyuma y’imyaka 10 hadakorwa uyu muhango.
Guhagarara kw’itorwa rya Nyampinga muri iki gihugu ryatewe nuko uwatangije amarushanwa nk’aya mu 1996, Cheradi Hamdad yitabye Imana, bigatuma itorwa rya Nyampinga mu 2003 rihagarara, ariko ubu rikaba ryongeye gutangizwa n’umuhungu we Fayçal Hamdad.
Nk’uko akomeza abitangaza avuga ko guhagarara kw’itorwa rya Nyampinga ryagiye riterwa no kubua abaterankunga.
Urubuga 7sur7 rwanditse ko (…) -
Robert Pattinson yongeye kubabarizwa mu rukundo
14 June 2013, by Dean IrakUmukinnyi w’amafilimi Robert Pattinson kuri ubu ngo arababaye cyane kuko nyuma yo gutandukana n’uwari umukunzi we, yamaze gucana umubano na Katy Perry yari yerekejeho urukundo.
Nk’uko byatangajwe n’abamuba hafi, ngo Robert Pattinson amerewe nabi kuko noneho ubu ari wenyine, n Yuma yo gushaka urukundo kwa Katy Perry ntibishoke, bitewe n’ijambo “Nasomye umukobwa” yavuze rikagwa nabi uyu mukobwa yashakagaho urukundo.
Nyamara ibi ngo bishobora kuba biterwa urukundo uyu muririmbyikazi (…) -
Uganda: Bakomeje gushakisha uzaba nyampinga 2013
3 June 2013, by Dean IrakKuri iki Cyumweru, ahitwa Jinja hatowe abazitabira amarushanwa ya Nyampinga wa Uganda 2013 bahagarariye u Burasirazuba bw’igihugu .
Uwaje ku isonga yabaye uwitwa Ilwanu Margaret, w’imyaka 23 warangije muri Makerere University.
Yakurikiwe na Ankunda Brenda, w’imyaka 19 wabaye igisonga cya mbere na Kwaga Hilda, w’imyaka 24, wabaye igisonga cya kabiri.
Anita Kyarimpa aheruka gutorerwa kuba nyampinga w’u Burengerazuba bw’igihugu.
Biteganijwe ko kuwa 12 Uku kwezi hazatorwa uzahagararira (…) -
Umuhanzi Edouce yakoranye indirimbo na Ben Kayiranga uri kumufasha kuzamuka
9 September 2012, by Samuel IshimweBen Kayiranga, umwe mu bahanzi bamaze igihe mu mwuga wo kuririmba, yakoranye indirimbo yitwa “Umunsi Ni Uyu” n’umwe mu bahanzi bashya mu Rwanda witwa Edouce. Ibi ni ikimenyetso cy’ubufatanye hagati y’abahanzi bo hambere bafite inararibonye mu muziki n’abahanzi b’ubu butakundaga kugaragara.
Iyo ndirimbo iri mu njyana ya Zouk mu Kinyarwanda n’Igifaransa yakozwe mu rwego rwo gufasha umuhanzi Edouce kumenyekana no hanze y’imbibi z’u Rwanda. Aba bahanzi bahise bayikorera amashusho. Iyi ndirimbo (…) -
50 Cent yitangiye gukoresha imihango yose y’ishyingura ry’umwana w’umukobwa warashwe
29 May 2013, by Dean IrakCurtis Jackoson uzwi ku zina rya 50 Cent yiyemeje gukoresha imihango yose y’ishyingura ry’umwana w’umukobwa witwa D’aja Robinson w’imyaka 14 uherutse kwicwa.
Uyu D’aja Robinson yishwe arashwe ari muri bisi mu gace kitwa Queeens aho yari avuye mu gitaramo kiswe Party Sweet 16.
Umuraperi 50 Cent, uherutse guha amafaranga umuryango w’uyu mwana uherutse kuraswa, yemeye kandi kuzitangira buri kintu cyose kizakenerwa mu mihango yo kumushyingura.
Abinyujije ku rubuga rwa Facebook 50 (…) -
P-Square na Dr Josee Chameleon bageze i Kigali
14 December 2012, by Nsabimana EmileAbahanzi Dr Josee Chameleone w’Umugande n’itsinda rya P-Square ryo muri Nigeria, bageze i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa kane tariki ya 13 Ukuboza 2012.
Aba bahanzi baje mu gitaramo giteganyijwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 14 Ukuboza 2012, mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango FPR Inkotanyi umaze ushinzwe.
Biteganyijwe ko aba bahanzi bagirana ikiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa gatanu mbere y’igitaramo.
Aganira na IGIHE, Mike Karangwa, umwe mu bari gutegura iki (…) -
Jennifer Lopez yagaragaje ko ahenze cyane
2 April 2013, by Mathias HitimanaKu bwo kwiyumva nk’icyamamare, Jennifer Lopez yohereje urutonde rw’ibintu bihenze akeneye, kugira ngo yitabire kuririmba mu Buhinde mu ifungurwa ry’amarushanwa yaho ya Crickets.
Nk’uko tubikesha urubuga 7sur7, Jennifer Lopez umuhanzi w’Umunyamerikakazi bakunze kwita J-Lo, yatumiwe mu gikorwa cyo gufungura ku mugaragaro imikino yo mu cyiciro cya mbere ya crickets mu Buhinde muri uku kwezi kwa Mata dutangiye, bakangwa n’ibyo yasabaga, asimbuzwa undi.
Icyateye izo mpinduka ku munota wa (…) -
Auddy yashyize hanze amashusho y’indirimbo y’icyunamo
29 March 2013, by Rutaganda JoelUmuhanzi Auddy Kelly uzwi cyane mu ndirimbo zifite injyana gakondo, wamenyekanye cyane mu ndirimbo nka “Ndakwitegereza”, kuri ubu yashyize hanze amashusho y’indimbo y’icyunamo yise “Ntukibagirwe”.
Aganira na IGIHE, Auddy Kelly yagize ati”nari mfite gahunda yo gukora indirimbo ijyanye n’icyunamo, ariko nza guhura n’abantu bakorana na Mzee wanjye nawe wazize Genocide yakorewe abatutsi, bamfasha kuba nashyira mu bikorwa igitekerezo nari mfite cyo gukora indirimbo y’icyunamo”.
Reba (…) -
Jay-Z yifatanyije na Kanye West mu kwizihiza isabukuru y’amavuko
10 June 2013, by Dean IrakKuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Kamena umuraperi w’Umunyamerika Kanye West yizihije isabukuru y’imyaka 36 y’amavuko mu mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Uyu muhango wari urimo ibyamamare Jay Z n’umugore we Beyonce. Hari harimo kandi n’umuraperi Nas.
Kuri uyu munsi, umukunzi we Kim Kardashian, umutwitiye umwana yamwoherereje ubutumwa bugira buti “Umunsi mwiza w’amavuko nshuti magara, rukundo rw’ubuzima bwanjye, roho yanjye!!!!!! Ndagukunda kurusha amagambo!”
Dore amwe (…)
IGIHE