Ibi byagarutswe na MC Tino, umwe mu ba MC bari kuzamuka uvuga ko kubigenza gutya ari ibanga akoresha mu kuzamuka neza.
Mc Tino kandi agaragaza ibintu bitanu aba MC bakwiye kwitaho mbere yo kujya gushyushya ibirori:
1. Kubaha abitabiriye ibirori: Kugendera ku ndangagaciro z’umuntu wiyubaha akubaha n’abo bari kumwe.
2. Kumenya abantu MC ari kuvugisha: Aha Tino asaba abashyushyabirori bagenzi be kujya babanza bakamenya abantu bagiye kuvugana na bo, abo ari bo n’amateka y’igikorwa agiye (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > artmakuru
artmakuru
Articles
-
Ibintu bitanu byafasha aba MC gukora neza
27 December 2012, by Nsabimana Emile -
Nyuma yo gutandukana n’umukunzi we, Robert yerekeje kwa Katy Perry
11 June 2013, by Dean IrakUmukinnyi w’amafilimi Robert Pattinson amaze icyumweru cyose yibera kwa Katy Perry, Ibi bikibazwa na benshi niba byaba ari ubucuti cyangwa urukundo.
Mu gihe kingana n’icyumweru gusa Robert amenyanye n’umuririmbyi Katy Perry, Robert yahise afata icyemezo cyo kuba kuri uyu muririmbyi, nyuma yo gutandukana n’uwari umukunzi we Kristen.
Urubuga 7sur7 rwanditse ko kugeza ubu bikiri urujijo ku babibazaho, kuko hari abibaza niba Robert ajyanywe n’urukundo cyangwa ari ubucuti bisanzwe gusa. (…) -
Chris Brown asigaye yibanira n’umukunzi we Karrueche Tran
27 May 2013, by Dean IrakNyuma yo gutandukana na Rihanna, umuhanzi Chris Brown asigaye yibanira mu nzu imwe n’umukunzi we Karrueche Tran baherukaga gutandukana.
Urubuga TMZ ruvuga ko kuva mu gihe Chris Brown yizihirizagaho isabukuru ye y’imyaka 24 (tariki ya 5 Gicurasi), ubu asigaye abana n’uyu mukobwa.
Uru rubuga ruvuga kandi ko ngo Karrueche yazanye byinshi mu bikoresho bye nk’imyenda n’bindi mu nzu ya Chris Brown.
Basigaye bakunda gufotorwa batemberana.
Muri iyi minsi kandi Rihanna usa n’uwanzwe na Chris (…) -
Studio ’Ibisumizi’ na ’Unlimited’ zafungishijwe imiryango
16 May 2013, by Audace Willy MucyoInzu zitunganya umuziki za Ibisumizi na Unlimited Records zafunzwe mu minsi mike ishize y’iki cyumweru n’ubuyobozi bw’umurenge wa Nyarugenge kubera kutishyura imisoro n’amahoro.
Ugeze kuri izi nzu usanga abantu baheze inyuma y’imiryango kuko hariho ingufuri nini yashyizweho n’ubuyobozi bw’umurenge, hariho kandi n’urupapuro rwanditseho amagamabo agira ati: “Aha hafunzwe n’ubuyobozi bw’umurenge wa Nyarugenge kubera kutishyura imisoro n’amahoro by’akarere ka Nyarugenge. Hazafungurwa bamaze (…) -
Miss World Kenya 2012 yahakanye kuba yakundana na Mr Nice
7 May 2013, by Audace Willy MucyoMiss Shamim Nabil wabaye Miss World Kenya mu w’2012 aranyomoza amakuru amaze iminsi yandikwa ku mbuga za interineti avuga ko yaba akundana na Mr Nice.
Nk’uko Daily Post kibitangaza, ibi bije nyuma y’igihe gito Mr Nice agarutse mu muziki aho yasinyanye amasezerano na Grandpa Records ngo izamutese imbere ndetse akanatangaza ko agiye kurushinga akaba ateganya kurongora umukobwa w’umunyakenya.
Nyuma yo gutangaza ko azarushinga n’umunyakenyakazi, ibitangazamakuru bitandukanye byagiye byandika (…) -
Habonetse ifoto y’umuntu wo mu 1939 usa na Jay-Z neza neza
10 May 2013, by Audace Willy MucyoAbakozi bo mu kigo cya Schomburg Center cyo mu mujyi wa New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika, babonye ifoto y’umuntu wo mu myaka y’1939 usa n’umuraperi Shawn Corey Carter uzwi ku izina rya ‘Jay-Z’ ahantu hose.
Ubonye iyo foto wese, yahitaga abona ari Jay-Z neza neza, yabona ko ari umugabo wabayeho muri za ‘30, bikamubera urujijo.
Reba uko abayibonye bayigagaho: Unfortunately your browser does not support IFrames. Is Jay-Z Is a Time Traveler? - Watch More Celebrity Videos (…) -
Umuraperi Rick Ross araregwa kutishyura amasaha yo kwambara
29 June 2013, by Dean IrakUmuraperi w’Umunyamerika Rick Ross araregwa kutishyura amasaha atatu ahenze yo kwambara yose hamwe afite agaciro gasaga ibihumbi 90,000 $ ni ukuvuga angana na miliyoni 58 n’ibihumbi magana atanu (58,500,000Rwf) uyashyize mu manyarwanda.
Bivugwa ko iri deni Rick Ross yibagiwe kuryishyura kuko yarifashe muri Kanama 2012. Ubu ryongeye kugaruka rijya mu itangazamakuru rizanjywe n’uwitwa Johny, umucuruzi Rick Ross yaguzeho aya masaha. Imwe muri zo ni iya diyama ifite agaciro ka 55,000 $, naho (…) -
Umukobwa wa Michael Jackson arwariye aho se yapfiriye
9 June 2013Nyuma yo kugerageza kwiyahura akajyanwa mu bitaro byo hafi ye, Paris Jackson, ubu yoherejwe mu bitaro Ise, Michael Jackson yapfiriyemo.
Ubwo yagombaga gukurikiranwa agera kuri 72 kuva aho ashakiye kwiyahura, Paris yoherejwe mu ibitaro bya Ucla Medical Center ari naho se umubyara, Micheal Jackson yarwariye mbere yo kwitaba Imana.
Ntibyashobokeye itangazamakuru gufata amashusho ya Paris ubwo yajyanwaga muri ibi bitaro, kuko bahise babuzwa n’abashinzwe kumurinda ubwo yahageraga
Michael (…) -
U Bwongereza: Bamwe mu rubyiruko bajyanwa mu birori no gukora imibonano mpuzabitsina
12 June 2013, by Dean IrakUbushakashatsi bwakorewe mu gihugu cy’u Bwongereza bwagaragaje ko rumwe mu rubyiruko rwitabira imyidagaduro kugira ngo rufatireyo ibiyobyabwenge no kugira ngo rukorereyo imibonano mpuzabitsina.
Huffington poste dukesha iyi nkuru ivuga ko ubushashatsi bwakorewe mu gihugu cy’u Bwongereza ku rubyiruko rugera 2000 rwitabira rwitabira ibirori by’ibyino, umwe kuri bane (1/4) yatangaje ko bakoranye imibonano mpuzabitsina n’umuntu bahuriye mu birori badasazwe baziranye.
21 % bavuze ko (…) -
Kigali: Abahanzi bifuza kwamamara baracyazitirwa
6 June 2013, by Dean IrakKugira ngo umuhanzi mu Rwanda ajye mu cyiciro cy’umuhanzi w’icyamamare biracyagoranye cyane, ahanini bitewe n’imiterere y’intangazamakuru, amikoro, ubwoko bw’indirimbo akora n’ibindi.
Ubwo IGIHE twaganiraga na bamwe mu bahanzi bazwi ariko bikunze kuvugwa ko bamaze igihe mu buhanzi ariko batamamara ngo bagere ku yindi ntera yo hejuru, bavuga ko umuziki wo mu Rwanda ukigoranye mu ngeri nyinshi.
Dore zimwe mu mpamvu abahanzi batanga:
Jack B, umuhanzi
Avuga ko abategura amarushanwa (…)
IGIHE