Umuhanzi akaba n’umunyabugeni Dady de Maximo Mwicira – Mitali, afite umunezero yatewe n’uko igihangano cye cyatoranyijwe kujya mu biranga imurikamyambaro n’imurikabugeni rizamara ukwezi mu gihugu cya Rumaniya.
Iyi nkuru yatashye i Rwanda, ubwo uyu munyabugeni Dady de Maximo yagiye mu Bufaransa guhagararira u Rwanda mu iserukiramuco ry’imyambaro ku rwego rw’Isi (Africa fashion Reception of the world fashion week).
Iki gihangano cyatoranyijwe cyaherukaga guhesha Dady de Maximo igihembo (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > artmakuru
artmakuru
Articles
-
Igihangano cya Dady de Maximo cyatoranyijwe kujya mu kumurikwa muri Rumaniya
26 June 2013, by Dean Irak -
Nicki Minaj yiyeretse abafana yambaye ubusa mu gituza
23 June 2013, by Dean IrakMu gushaka gusangiza abafana be, amafoto yerekana bimwe mu bice bye by’ibanga, umuraperi Nicki Minaj yanyujije kuri twitter ifoto yambaye ubusa mu gituza.
Kuri iyi foto Nicki minaj agaragara afashe ku mabere ye, ariko agaragaza uko ateye mu gituza.
Nicki Minaj yagaragaje ko adatewe isoni no kwerekana iyi foto yongeye kuyerekana ku nshuro ya kabiri. -
Kwigereranya na Lick Lick kwa Piano byamubereye nko gukoza agati mu ntozi
28 June 2013, by Dean IrakHari hasanzwe havugwa ihangana hagati y’abanzi buri wese yifuza ko havugwa ko ari we urusha abandi, none no mu batungaya indirimbo b’Abanyarwanda byatangiye kugaragara ko nta n’umwe ushobora gupfa kwemera ko mugenzi we amurusha kabone n’iyo wabimutera mu rushinge.
Ubwo Piano yabazwaga uko abona iterambere ry’abatunganya umuziki muri iyi minsi mu Rwanda, yabaye nk’ukomoza ku izina Lick Lick, nuko avuga ko ajya ababazwa n’uko uyu wa nyuma atakiri mu Rwanda. Piano ati “Njye nkunda guhangana, (…) -
Icyamamare Christina Aguilera yitezwe i Kigali mu Rwanda
26 June 2013, by Dean IrakIcyamamare mu muziki no mu biganiro ku ma televiziyo, Christina Aguilera, biteganijwe ko aba ari i Kigali mu Rwanda kuri uyu wa 26 Kamena 2013.
Aje mu butembere aho anateganya kugaragara mu bikorwa by’urukundo nyuma y’urugendo yagiriraga i Amsterdam mu Buholandi.
Christina Aguilera, usanzwe ahagarariye (ambassadrice) Ishami ry’Umuryango wita ku Biribwa (World Food Program) muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Muri izi ngendo ari kumwe n’umukunzi we Matthew Rutler.
Urubuga (…) -
Ngoma: Uko igitaramo cya PGGSS III cyagenze mu mafoto
8 June 2013, by Dean IrakKuri uyu wa Gatandatu abahanzi 11 bari mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star III bakoreye igitaramo mu Karere ka Ngoma.
Iki gitaramo cyabereye ku kibuga cya Paruwase ya Kibungo. Abantu bari benshi cyane kandi baragaragaza ko bishimiye kuririmbirwa n’abahanzi bikundira.
Dore nomero abahanzi bari batomboye z’uko bagombaga gukurikirana mu kuririmba: 1. Urban Boyz 2. Dream Boyz 3. Danny 4. Christopher 5. Bull Dogg 6. Knowless 7. Kamichi 8. Riderman 9. Mico 10. Fireman 11. Senderi (…) -
Kubwa 50 Cent, Hip Hop y’ubu yabaye nka defile de mode
14 March 2013, by M. M.Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru bo ku rubuga HypeTrak, 50 Cent udakunze kurya amagambo yagarutse ku kuntu abona Hip Hop muri iki gihe, avuga ukuntu kuri ubu iyi njyana iri gukata ikona rya dogere 180 ugereranyije n’aho ibintu byahoze, kuko kubwe abona yarataye umwimerere cyane kuburyo isigaye ari uruvange rwa Rap, Hip-Hop, R&B, pop, na rock (uru ruvange barwita "Hipster rap"), abantu usanga barangwa no kwambara imyenda yo mu muco wa Hip Hop, ariko ugasanga baririmba injyana (…)
-
Abahanzi 7 b’Abarundi mu gitaramo i Kigali
1 November 2012, by Dean IrakSat-B, R-Flow, Chanella, Elvis, Bamso, T-Max na Mr Happy bari mu bahanzi bagezweho mu Burundi basesekaye i Kigali mu Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Ugushyingo 2012.
Baje mu gitaramo cyitwa “Boda to Boda” bateganya gukorera muri Relax Restaurant & Bar akabari kari mu nyubako y’isoko rishya ryo mu mujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Ugushyingo 2012 guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18h00’).
Aganira na IGIHE, Sat-B, umwe muri aba bahanzi yavuze ko bishimiye uko (…) -
Ruswa ikomeje ubukana mu muziki nyarwanda
17 May 2013, by Dean IrakBenshi mu bahanzi nyarwanda baravuga ko ruswa (izwi cyane ku izina rya giti) igitangwa muri muzika kandi ko irushaho kongera ubukana. Abanyamakuru nabo bemera ko igitangwa.
Bahuriza ku kuvuga ko itangwa kugira ngo abahanzi bacurangwe (bavugweho cyangwa bandikweho) kenshi bityo babashe kwamamara.
N’ubwo nta werura ngo yemere ko nawe ari mu bayakira cyangwa se mu bayitanga, abahanzi n’abanyamakuru baganiriye na IGIHE bemeza ko uyu muco wo gutanga ruswa mu muziki nyarwanda ukiriho nk’uko (…) -
Dr Jiji mu rusobe rw’injyana muri muzika nyarwanda
31 August 2013, by Rene Anthere RwanyangeUmunyamuziki Dr Jiji, uririmba injyana zitandukanye zirimo R&B, Zouk, Afro beat n’izindi, wakoreraga muri Kenya, yahisemo gukomereza imishinga ye mu Rwanda. Ubusanzwe amazina ye ni Mugabukwari Janvier a.k.a Ladies Lover.
Uyu muhanzi w’umunyarwanda yagiye muri Kenya gukomerezayo amasomo muri kaminuza. Nyuma yo gusoza amasomo, mu mezi agera hafi kuri abiri agarutse mu Rwanda, mu kiganiro na IGIHE yadutangarije ko hari byinshi ahishiye abakunzi be.
Dr Jiji agira ati “njye ndizeza (…) -
Ntabwo abantu twumva ibintu kimwe- Dady de Maximo
2 May 2013, by Rutaganda JoelDaddy de Maximo Mwicira Mitali umunyamideli, akaba n’umunyamakuru nyuma y’uko yari amaze iminsi mu gihugu cya Denmark kuri we ngo ntiyumva impamvu abantu batekereza ko buri wese yasa n’undi.
Mu kiganiro na Sunday night Dady de Maximo yagize ati: “ Ntabwo umuntu ashobora gusa n’undi mu bikorwa cyangwa mu mitekerereze, rero umuntu yakabaye yita ku kintu kimufitiye akamaro aho kwirirwa uvuga umuntu n’ibikorwa bye kandi ufite inshingano zawe zikureba”.
Daddy de Maximo yamamaye cyane kubera (…)
IGIHE