Itegeko rishya rya Pansiyo ryasohotse mu igazeti ya Leta nomero 20 yo ku wa 18 Gicurasi 2015, rivuga ko amafaranga y’izabukuru azajya atangira gutangwa guhera ku myaka 60 mu gihe yajyaga atangira gutangwa guhera ku myaka 55 y’ubukuru.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeRssb
HomeRssb
Articles
-
Imyaka abasheshe akanguhe batangiriraho gufata pansiyo yarongerewe
30 July 2015, by Philbert Hagengimana -
Itangazo rya cyamunara rya RSSB
6 November 2015, by Richard Dan Iraguha -
Ninde ufite uburenganzira bwo gusaba Pansiyo y’ubusaza?
10 April 2014, by Rene Anthere RwanyangeItegeko N0 06/2003 ryo ku 22/03/2003 rihindura kandi rikuzuza itegeko teka ryo kuwa 22/08/1974 rigenga ubwiteganyirize mu Rwanda ryavugaga ko ufite uburenganzira bwo gusaba pansiyo y’ubusaza ari umuntu witeganyirije ugejeje ku myaka 55 y’amavuko kandi utagikora umurimo ahemberwa.
Itegeko rishya No 86/2013 ryo ku wa 11/09/2013 rishyiraho sitati rusange igenga abakozi ba Leta ryahinduye imyaka yo kuba wemerewe gusaba amafaranga y’izabukuru ku bakozi ba Leta. Ingingo yaryo y’ 101 ivuga ko (…) -
Itangazo ry’akazi muri RSSB
21 January 2016, by Philbert Girinema -
RSSB yitabiriye inama ya 20 ya ASEA, iteraniyemo abasaga 300
29 November 2016, by Kanamugire EmmanuelIkigo cy’igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda ni kimwe mu byitabiriye inama ya 20 y’Ihuriro ry’Ibigo by’Imari n’Imigabane muri Afurika (African Securities Exchanges Association -ASEA) nk’ikigo gishora imari mu isoko ry’imari n’imigabane mu Rwanda.
-
Umuyobozi mushya wa RSSB yizeye ko ibibazo muri icyo Kigo bigiye gukemuka
19 August 2015, by Philbert HagengimanaUmuyobozi mushya w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda RSSB, Jonathan Gatera yatangaje ko afite icyizere cy’uko ibyitwa ibibazo biri muri icyo kigo bizakemuka ku bufatanye n’izindi nzego ndetse n’abakozi azakorana na bo.
-
RSSB yemereye n’abikorera guteganyiriza izabukuru
23 December 2014, by Noel TurikumweAbaturage barimo abahinzi, abarobyi ababaji, abacuruzi n’abandi badafite umukoresha baributswa ko gahunda yo kwiteganyiriza ubwabo ishoboka ( voluntary insurance) kugira ngo amasaziro yabo azabe meza.
Nyuma y’amezi ane Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda RSSB gitangije iyi gahunda ubuyobozi bwa Rssb burakomeza gushishikariza abaturage kugana buri shami rya RSSB riri muri buri karere kuko akabando k’iminsi gacibwa kare kakabikwa kure.
Iyi gahunda nshya irareba abantu bose batandukanye (…) -
RSSB yegukanye igihembo cy’indashyikirwa mu guhanga udushya mu karere
13 November 2013, by Mathias HitimanaIkigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) cyahawe igihembo cyo kuba indashyikirwa mu guhanga udushya muri serivisi zijyanye n’ubwiteganyirize gitanga mu karere.
Ibi byagaragajwe mu irushanwa ryabereye i Mombasa muri Kenya, ryateguwe n’ihuriro ry’ibigo by’ubwiteganyirize mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba (ECASSA-East and Central Africa Social Security Association).
Iri rushanwa ryateguwe mu rwego rw’inama ya gatandatu ya ECASSA yabereye i Mombasa muri Kenya kuva kuwa 17 kugeza kuwa 18 (…) -
Leta yamaze kwishyura ibirarane bya mituweli yari ibereyemo ibigo by’ubuvuzi
9 March 2016, by Ferdinand ManiraguhaBinyujijwe mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize (RSSB) ari nacyo cyeguriwe gucunga imisanzu y’ubwisungane mu kwivuza (mituweli) , Leta yamaze kwishyura miliyari 13.5 yari ibereyemo ibigo by’ubuvuzi aturutse mu birarane by’ubwisungane mu kwivuza.
-
Letter of Invitation (LOI) National Tender
21 September 2013, by Rene Anthere Rwanyange1. Letter of Invitation (LOI) National Tender Ref. 027/S/N/2013-2014/RSSB/OB
Title: Consultancy service for the provision of insurance service to RSSB.
2. Letter of Invitation (LOI) National Tender Ref. 028/S/N/2013-2014/RSSB/OB
Title: Hiring a Communications Consultant Company to provide various communication services
IGIHE