Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Gicurasi 2013, abahanzi nyarwanda bari mu irushanwa rya PGGSS III bari gukorera igitaramo hano mu Karere ka Nyanza umurenge wa Busasamana ku Kibuga cy’umupira.
Dore uko ibirori biri kugenda:
2: 53PM: Umuhanzi Kamichi niwe utangije igitaramo.
3: 52 PM: Umuraperi Bull Dogg niwe ukurikiyeho.
3: 30 PM: Urban Boyz nibo bahanzi bakurikiyeho. Bari kuririmba zimwe mu ndirimbo zabo zakunzwe nka "Simubure", "Kelele" n’izindi. Bari kumwe kandi n’umuraperi (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > artmakuru
artmakuru
Articles
-
PGGSS III : LIVE Nyanza Roadshow
25 May 2013, by Dean Irak -
Rihanna yaherekeje Chris Brown i Abidjan muri Cote d’Ivoire
30 December 2012, by Nsabimana EmileAbahanzi Rihanna na Chris Brown, bagiye gusangirira umunsi mukuru w’itangira ry’umwaka wa 2012 mu gihugu cya Cote d’Ivoire muri Afurika, aho Rihanna yaherekeje uwo bakundanye bakaza gutandukana mu mwaka w’2009.
Rihanna kuri twitter ye yagaragaje ko ari kumwe na Chris Brown mu mujyi wa Abidjan muri Cote d’Ivoire, ahazabera igitaramo cya ‘Kora Awards’, cyo guhemba abahanzi b’Abanyafurika bitwaye neza.
Mu mashusho yashyizwe kuri Youtube bagerayo, Rihanna na Chris Brown n’ikipe ibaherekeje (…) -
Iserukiramuco rya “Kigali Up” rigiye kuba ku nshuro ya gatatu
1 July 2013, by Dean IrakTariki ya 13 na 14 Nyakanga imbyino n’indirimbo nibyo bizaba biyoboye Kigali mu iserukiramuco ryiswe Kigali Up rizabera kuri Stade Amahoro i Remera. Iri serukiramuco ritegurwa n’abahanzi barimo Mighty Popo ku bufatanye na Positive Production.
Umunyarwandakazi Nicole Musoni usanzwe uba muri Canada, ni umwe mu bahanzi bakomeye bazitabira iri rushanwa, uyu Nicole akaba ari mu Rwanda.
Biteganijwe kandi ko na Nirere Shanel, wari ugiye kumara hafi umwaka yiga iby’umuziki mu Bufaransa, azaba (…) -
Udushya 11 twaranze igitaramo cya LIVE cya PGGSS III
30 June 2013, by Dean IrakMu gitaramo cyabereye muri Stade Amahoro kuri uyu wa 29 Kamena 2013, hagaragaye udushya twinshi. IGIHE twabakusanyirije tumwe muri two n’amafoto yatwo.
Dore tumwe muri two:
1. Kamichi yizihirijemo isabukuru y’amavuko; Nyina yari mu bari baje kumushyigikira
Kamichi yahiriwe no gushyigikirwa bidasanzwe ku munsi we w’amavuko, 29 Kamena kandi atakoresheje imbaraga nyinshi mu kuririmba nk’ibisanzwe..
Yamanitse icyapa kiriho ifoto ya Kamichi, amasaha arenga atatu atamanura, dore ko (…) -
“My Land” Album nshya ya Koudou
28 June 2013, by Dean IrakMu kwezi kwa Kanama uyu mwaka, umuhanzi Koudou, wahoze mu itsinda rya The Brothers yitwa Vicky azashyira ku isoko Album ye ya mbere yise My Land.
Iyi album izaba iriho indirimbo ziri mu ndimi eshatu; Ikinyarwanda, Icyongereza n’Igifaransa. Izo ndirimbo ziganjemo izikozwe mu njyana gakondo n’izumvikanamo umudiho wa Kinyafurika nka "Hobe ibyansize", "Si Iherezo", "War Busness" n’izindi.
Koudou, usigaye ukorera muri BMCG na band yitwa The S.T.O.R.M. (yo muri BMCG) arateganya kwiyereka (…) -
Huye: Abakunzi ba Orchestre Impala basabye ko bakongera kwishyura bwa kabiri
12 November 2012, by Olivier MuhirwaMu bitaramo Orchestre Impala ikomeje gukorera hirya no hino mu gihugu, ubwo yacurangiraga i Huye kuri uyu wa Gatandatu abakunzi babo babasabye ko bakongera kwishyura bwa kabiri igihe bari bamaze gucuranga.
Ku isaha ya saa munani nibwo Orchestre Impala yari itangiye gucurangira mu nzu mberabyombi y’Akarere ka Huye, ahari abakunzi b’iyi Orchestre baturutse hirya no hino muri Huye no mu nkengero zayo. Bigeze ku isaha ya saa cyena haje kuvuka ibibazo bya tekiniki bituma bahagarara gucuranga (…) -
Abahanzi 11 ba PGGSS III berekeje i Karongi
31 May 2013, by Dean IrakAbahanzi 11 bari mu irushanwa rya PGGSS III baraye mu Karere ka Karongi mu Ntara y’i Burengerazuba aho bitegura gukorera igitaramo kuri uyu wa Gatandatu.
Umuhanzi Senderi International Hit niwe utaje muri aba bahanzi, ariko nawe biteganijwe ko ahagera kur iuyu wa Gatandatu.
Aba bahanzi bazataramira Abanyakarongi guhera i saa saba mu Mujyi ahitwa ku kibuga cy’umupira w’amaguru.
Igitaramo kizarangira ahagana mu ma saa kumi z’umugoroba, aho abahanzi bazahita berekeza mu mujyi wa Kigali. (…) -
Abanyarwanda baba muri Malaysia bateguye igitaramo
29 June 2013, by Dean IrakMu rwego rwo kwizihizaho isabukuru yo kwibohora, Abanyarwanda baba mu gihugu cya Malaysia bateguye igitaramo bise “Rwandan 51st Independace and Liberation Night in Kuala Lumpur Malaysia.”
Iki gitaramo kizabera mu Murwa mukuru wa Malaysia ari wo Kuala Lumpur, tariki ya 5 Nyakanga 2013.
Kizashyushywa na Dj Esggy wamenyekaniye cyane mu mu mujyi wa Huye akaba ari no mu batangije Rosty Club i Kigali.
Uyu musore, ubu usigaye abarizwa ku mugabane wa Aziya, aganira na IGIHE yatangaje ko (…) -
Kidumu agiye kurushingana n’Umunyakenya
30 April 2013, by Rutaganda JoelNimbona Jean Pierre umuhanzi uzwi cyane ku izina rya Kidumu, ku myaka igera kuri 38 y’amavuko agiye gushakana n’umukobwa ukomoka mu gihugu cya Kenya, mu muryango w’aba Kikuyu.
Inkuru dukesha Rwanda Today, iravuga ko Kidumu afite abana bagera kuri 5 bafite ba nyina batandukanye, umufasha we umwe akomoka muri Congo, undi agakomoka mu Burundi, naho undi agakomoka mu Rwanda. Uwo mukobwa nawe akaba ari umuhanzi utaramenyekana cyane ndetse akaniga muri Kaminuza ya Kenya University, ariko kugeza (…) -
Impamvu Akarere ka Huye katazaberamo igitaramo cya ‘Primus Guma Guma’
18 June 2013, by Dean IrakAkarere ka Huye gafatwa nka kimwe mu bicumbi by’ubuhanzi mu Rwanda ntikazaberamo igitaramo cy’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star kuri iyi nshuro yaryo ya gatatu kuko abaritegura babuze ahantu hisanzuye hakorerwa icyo gitaramo.
Aganira na IGIHE, Mushyoma Joseph umenyerewe ku izina rya Bubu yagize ati “Ubusanzwe twakoreraga igitaramo muri Stade Kamena ya Huye, umwaka ushize kuko yari iri kuvugururwa twagikoreye kuri Musee, ariko naho twaje gusanga ari hato cyane bityo tubura ahandi (…)
IGIHE