Mu gitabo cya kabiri cya Mose cyitwa Kuva [Iyimuka Misiri] harimo amategeko icumi Imana yahaye Abiyisiraheli, irya Gatandatu ribuza abakirisitu ‘Gusambana’, icyaha Nyagasani yanga urunuka.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeWaruziko
HomeWaruziko
Articles
-
Amafoto y’agahinda mu ndiri y’ubusambanyi i Kandapara
15 June 2016, by Munyengabe Murungi Sabin -
Amwe mu magambo akomeye yavuzwe na Nelson Mandela
11 July 2016, by Ferdinand ManiraguhaNelson Mandela Madiba ni umunya-Afurika y’Epfo warwanyije ivangura rishingiye ku ruhu ryakorerwaga abirabura rizwi nka “Apartheid” ndetse aza no kuba perezida wa mbere w’umwirabura w’iki gihugu mu 1994.
-
Uburyo wasomana n’umukunzi wawe akazahora abyibuka ubuzima bwe bwose
12 May 2016, by Kanamugire EmmanuelGusomana ni ubugeni,ni ikintu ukora kikuvuye ku mutima, ukagikora ugikunze, ukumva kikurimo atari ugupfa kwigana abandi ngo upfe gusomana utazi ibyo urimo.
-
Igitunguru cyongera imbaraga mu gukora imibonano mpuzabitsina
26 November 2013, by Rene Anthere RwanyangeUbushakashatsi butandukanye bwakozwe ku bintunguru, bugaragaza ko bishobora kuvura no kurinda indwara nyinshi ku babirya ari bibisi cyangwa bakanywa umutobe wabyo. By’umwihariko igitunguru kiriwe ari kibisi cyongera ubushake mu mibonano mpuzabitsina, by’akarusho ku bagabo kikongera imbaraga.
Urubuga rwa plaisirs sante n’urwa doctorette bavuga ko Igitunguru gikungahaye kuri vitamini A, B, C, na E n’imyunyu myinshi harimo kolore, manyeziyumu, sodiyumu, fosifori, silise, kalisiyumu, (…) -
Bimwe mu byerekana ko uwo wita inshuti burya atari yo
18 May 2016, by Ferdinand ManiraguhaNubwo ubushakashatsi bwerekanye ko kugira inshuti magara nziza yaba mu bahungu cyangwa abakobwa byongera amahirwe yo kuramba ho 22% , burya ngo niyo ufite inshuti wibwira ko ari magara kandi atari yo bituma iminsi yawe yo kurama igabanuka.
-
Telefoni icumi zihenze kurusha izindi ku isi
6 June 2016, by Ferdinand ManiraguhaUko isi itera imbere ni nako ikoranabuhanga ryiyongera aho hagenda hakorwa ibikoresho bitandukanye bifite ubushobozi bwo gukora byinshi mu byavunaga abantu ubuzima bukarushaho koroha.
-
Ibyiza byo kurara wambaye ubusa buriburi
18 February 2014Abantu bamwe batinda kuryama bibaza ku mwambaro bari burarane, ariko kandi kurara umuntu yambaye si byiza nko kurara umuntu yambaye uko yabutse, kuko bituma umuntu asinzira neza kandi umubiri we ukagira ubushyuhe bukwiriye, ndetse n’ibinure bikagabanuka umubiri ukabugwa neza.
Dore ibyiza byo kurara umuntu yambaye uko yavutse dukesha urubuga rwa Gentside.
1.Kurara umuntu atambaye bituma umubiri ushyuha: Abantu batandukanye bibwira ko kuryama bambaye ari byo bituma umubiri ushyuha, ariko (…) -
Abaherwe 5 ba mbere muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara
2 December 2016, by Kanamugire EmmanuelMuri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara, ni hamwe mu hantu hari Umutungo kamere by’umwihariko amabuye y’agaciro kuruta ahandi ku Isi;nubwo Afurika ifatwa nk’ikennye kuruta indi migabane, na ho habarizwa abatunze ibya Mirenge twatoranijemo batanu ba mbere.
-
Imijyi 10 ivugwamo ibikorwa bya satani kurusha indi ku isi
15 June 2016, by Israel IshimweMuri iyi minsi amadini amwe n’ amwe ashishikajwe no kubwiriza abantu ubutumwa bwiza bubayobora inzira yerekeza mu bwami bw’ ijuru; abandi nabo barakataje mu kuramya no gusenga Sekibi.
-
Igisura gishobora kuvamo imboga zuzuyemo intungamubiri
13 August 2016, by Kanamugire EmmanuelAmababi y’igisura ‘ortie’ iyo akoze ku mubiri harocyera ndetse hagafuruta, ariko ni imboga zikungahaye ku ntungamubiri nyinshi nk’uko abahanga mu by’imirire babitangaza.
IGIHE