1. Umusore yahamagawe mu rukiko, aregwa icyaha cyo gufata ku ngufu. Mbere yo kujya mu rubanza rwe, abanza kujya kureba umupfumu wari utuye mu gace atuyemo ngo amufashe gutsinda urwo rubanza rutoroshye.
Nuko umupfumu amuha umuti urigisa igitsina cye mu gihe cy’urubanza, kugira ngo azereke abacamanza ko bamubeshyera nta n’igitsina agira, azakimusubize urubanza rurangiye.
Umunsi wo kuburana ugeze, wa musore aritaba, yereka abantu bose bari mu rukiko ko nta gitsina afite, ko bamubeshyera, (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > arturwenya
arturwenya
Articles
-
Urwenya: Ibyanditswe byasohoye!
22 March 2013, by Audace Willy Mucyo -
Urwenya: Koperative zo mu Rwanda "COTAVOKA"
21 October 2012Dore ngo amwe mu mazina ya Koperative zo mu Rwanda
AVEVINYA
COTITITA
COTAMOHU
NYASTADRICO
COPROMOTRAKI
ATAMIMOKI
ATAMIMORWA
COTAVOKA
COPROMUKI
TREVINUKI
COTRAVEMONYA
COPFUMU
COOPROMABYI : Cooperative de Production du Maracuja de Byimana
KOTWIBYA: Koperative Twihangirimirimo Byangabo
ATAVEMONYAKAKAKAKAKINYEBA: Association des Taxis Velomoteurs de Nyabugogo, Kabeza, Kagugu, Kamutwa, Karuruma, Kinyinya, Nyenyeri no muri Bannyahe Umugabo yagiye gusaba umukobwa (…) -
Urwenya: Ubwo uzi ibintu wahombye?
15 March 2013, by Audace Willy Mucyo1. Umusore yari yasohokanye umukunzi we bari gusangira akarahuri, ni uko araterura ati: "Sha, ndagukunda kabisa!
Umukobwa ahita amusubiza ati: "Ibyo ni wowe ubivuze, cyangwa ni byeri wanyweye ikugezemo iri kwivugira!"
Umusore yumva kamukoze ahantu, ni uko aramusubiza ati: "Ni jyewe ubivuze, ariko si wowe nabwiraga, nibwiriraga aka kabyeri kanjye!"
2. Umupasitori n’umupadiri bari mu kabari, ubwo umupadiri abona umupastori ari kunywa fanta, aramubwira ati: “Ariko ubwo wafashe ku kabyeri (…) -
Urwenya: "Nibayajyane nza... andi!"
18 November 2012Umugabo yagiye kwa muganga bamwaka umusarani maze ajya kwiherera awushyira mu gasashi abika mu mufuka w’inyuma w’ipantalo ye. Ageze kwa Rubangura mujyi benengango bamukora mu mufuka na we arataka ati "Barayatwaye, barayatwaye!!!"
Yahamagaje abashinzwe umutekano biruka kuri benengango na we abari inyuma maze umwe aramubaza ati "Ni angahe batwaye?"
Ati "Sinayabara!"
Ushinzwe umutekano aravuga ati "Niba ari menshi reka dukomeze tubakurikire."
Bageze ku Giticyinyoni arababwira ati "Apuu! (…) -
Urwenya: Nimutumvikana ndabasohora
10 May 2013, by Olivier MuhirwaNgunda yakugiriye atya mu gitondo cya kare abyutsa umugore we ngo namuzanire icyo kwica umwaku, umugore kuko yarazi ko umugabo yikundira ibiryo azana amoko menshi ngo yihitiremo.
Ngunda afata ibijumba, byaraye, ibigori byokeje n’ibitogoshije, arangije arenzaho ikigage, uko yatamiraga inzoka mu nda zikagonga, nawe ati mwa bintu mwe bimbereye mu nda mbasabye kumwikana, mukareka gutonganira mu nda yange, kuko nimutumvikana ndabasohora.
Ngunda yarakomeje avanga ibyo kurya nibyo kunwa nkuko (…) -
Ubwo na we uri inka!
15 May 2013, by Audace Willy Mucyo1. Umuntu yaguze imodoka yanditseho 4×4, ageze iwe umwana abona ku modoka handitseho 4×4 ararakara cyane agira ati: ’’Iki kigabo ntikizi ko 4×4 ari 16”. Ahita afata ibuye yandika kuri iyo modoka ko =16. Umugabo abibonye ararakara cyane ayijyana mu igaraje basigaho irindi range barabisiba arataha.
Bucyeye wa mwana yongeye kubibona, arongera yandikaho n’ibuye ko =16, afite n’uburakari burenze ubwa mbere. Wa mugabo nyir’imodoka yaje kongera kubona bongeye ku mwandikira ku modoka yigira inama (…) -
Urwenya : Reka mbice mbishyire mu ishashi, njye kwiyerekera umugore
24 February 2012Umugabo yakundaga umugore we cyane, akamubwira utwo yabonye twose. Nyamugabo akaba yarakoraga kwa muganga, aho imirambo iba irihukira mbere y’uko ijya gushyingurwa. Umunsi umwe abona bamuzaniye umurambo w’umugabo ngo awoze abone kuwushyira muri firigo aho uruhukira, aba amukuyemo imyenda abonye ubugabo bwe akubitwa n’inkuba kubera uko bwanganaga; bwari burebure kandi bubyibushye, mbese wagira ngo ni ikiyoka.
Aribaza ati: “Ubu se umugore wanjye ibi bintu mbimubwiye yabyemera atabyirebeye (…) -
Urwenya: ... mba mpanutse nkigwa hejuru nkivunagura!
27 March 2013, by Audace Willy Mucyo1. Abasazi babiri bari bahagararanye baganira, umwe afite itoroshi. Nuko arayicana ayitunga mu kirere, maze abaza mugenzi we at:”Umva ko ujya unyirariho ngo uri umugabo! Ngaho urira uru rumuri urugere mu bushorishori!” Undi ati:”Ariko uzi ko uzi ubwenge nyabu! Uragira ngo nurire maze nubona njyeze hejuru uzimye mpite mpanuka?!!!”
====================================
2. Umugabo yakoze ubukwe bukeye ajya gukomereza amashuri ye mu muhanga. Hanyuma umuturanyi we aza gusura umugore we (…) -
Urwenya: "Mère de l’homme Dativa (Nyinawumuntu)"
7 September 20121. Abakire bateraniye mu nama harimo n’abazungu, batangiye kuvuga mazina yabo basanga nibavuga amazina y’amanyarwanda bitari bworohere abazungu kubyumva, bahitamo kubishyira mu ndimi z’amahanga, uwa mbere aba aratangiye: je m’appelle Developement Silas (Majyambere) Colonisation Jean Paul (Buhake) Good news William (Nkurunziza) Relation Alexis (Sano) Mère de l’homme Dativa (Nyinawumuntu)
2. Umunsi umwe mu ijuru habaye umunsi mukuru ni uko batumira buri kintu cyose kiba ku isi. Hazamo (…)
IGIHE