Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aremeza ko Intumwa Dr. Muhirwa Paul Gitwaza agiye kuhimukira, akahakomereza umurimo we w’ivugabutumwa. Mu kiganiro uyu muvugabutumwa yagiranye na bimwe mu bitangazamakuru byo muri iki gihugu harimo REMA TV, yavuze ko igihe cye cyigeze kugira ngo abe mu mutima w’Afurika. Aha umutima w’Afurika yavugaga akaba ari u Burundi. Apôtre Dr. Paul Gitwaza ubusanzwe akunze gutumirwa cyane na Perezida w’iki gihugu, dore ko aherutse no kwerekeza muri iki gihugu (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > newingospel
newingospel
Articles
-
Impamvu Apotre Paul Gitwaza agiye kwimukira i Burundi
18 April 2013, by Olivier Muhirwa -
Bamwe mu bahanzi b’abanyarwanda babanje kuririmba muzika ya gospel mbere y’uko bahindura icyerekezo
12 March 2013, by M. M.Bamwe mu bahanzi nyarwanda baririmba mu njyana zitandukanye, higanjemo R’n’B na Afro-beat, mbere yo gutangira guhogoza baririmba indirimbo z’urukundo rwa babiri ndetse n’izirebana n’ubuzima muri rusange, bahoze baririmba indirimbo zo kuramya Imana rukumbi, nyuma baza guhindura icyerekezo.
Benshi muri aba n’ubwo banyuzamo bakaba bakongera gusubira ku isoko baririmba indirimbo zo kuramya Imana, ahanini bihebeye kuririmba urukundo rwa babiri ndetse n’ibijyanye n’ubuzima bwo muri iyi si. (…) -
Umuhungu wa Mobutu Sese Seko azaza kubwiriza mu Rwanda
13 May 2013, by Mathias HitimanaItorero East Wind Christian ryatumiye Pasiteri Mobutu Seko Prince Bwarza, umuhungu wa Mobutu Sese Seko wahoze ari Perezida w’icyahoze ari Zaïre, ngo aze kuvuga ubutumwa bw’Imana mu Rwanda kuko ngo ubu ari umuvugabutumwa mpuzamahanga ubarizwa mu Bufaransa.
Itorero East Wind Christian ryateguye igiterane cy’ivugabutumwa kizaba kuva kuwa 15 kugera kuwa 19 Gicurasi 2013, cyatumiwemo uwo muhungu wa Mobutu.
Mobutu Prince ngo azahamiriza imbaga y’abazitabira igiterane amwe mu mateka akomeye (…) -
Abahanzi 19 bahimbaza Imana bakoze indirimbo 30 zo mu gitabo
21 March 2013, by Audace Willy MucyoKu bufatanye bw’umuhanzi Uwimana Aimé na Kanuma Damascene, bahurije hamwe abandi bahanzi 17, batunganya umuzingo wa kabiri w’indirimbo mirongo itatu zo mu gitabo, zirimo izo guhimbaza Imana n’iz’agakiza.
Icyamuteye gukora uyu muzingo ukubiyeho indirimbo zisanzwe zimenyerewe mu gitabo ku nshuro ya kabiri, ngo ni uko we ubwe ndetse n’abandi ngo basanze izi ndirimbo zibafasha, hakaba haranateguwe uburyo amafaranga azajya ava mu kuyicuruza, azajya agabanywa abahanzi bayiririmbyemo, dore ko iri (…) -
Patient atewe ishema no guhatana n’umuhanzi akunda mu marushanwa
16 June 2013, by Dean IrakUmuhanzi mu ndirimbo zihimbaza Imana, Patient Bizimana ashimishijwe no kuba ari mu rushanwa ya “Africa Music Awards” hamwe n’umuhanzi afataho nk’ikitegererezo, Alain Moloto wo mu Gihugu cya Kongo.
Ni ku nshuro ya mbere Patient Bizimana ahamagawe muri aya marushanwa, abaye ku nshuro ya kane ku rwego rwa Afurika y’i Burasirazuba, atangaza ko ashimishijwe no kuba ari kumwe n’abahanzi nka Moloto, afata nk’ikitegererezo mu kuririmbira Imana mu Gihugu cy’abaturanyi cya Kongo, azwi cyane mu (…) -
Kimihurura: Precious Stones bateguye iminsi 7 yo kuramya no guhimbaza Imana
18 May 2013, by Audace Willy MucyoAbahanzi bahimbaza Imana barimo babiri bazaba baturutse mu Burundi ari bo Nduwimana David n’Intumwa Apolinaire, G-Way wo muri Uganda, n’abo mu Rwanda nka Gaby Kamanzi, Arsene Manzi, Precious Stones n’abandi batandukanye, bagiye guhurira mu giterane cy’iminsi irindwi cyo kuramya no guhimbaza Imana.
Iki giterane cyateguwe n’itsinda riramya rikanahimbaza Imana ari ryo Precious Stones, kizajya kibera kuri Women Foundation Ministries & Noble Family Church, ku Kimihurura guhera tariki ya 24 (…) -
Bright Karyango mu guteza imbere injyana ya HipHop mu ndirimbo zihimbaza Imana
21 May 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi Karyango Bright uririmba indirimbo zihimbaza Imana, aratangaza ko ashaka kwereka urubyiruko bagenzi be basengana ndetse n’abafana b’ibihangano bye anyuza mu njyana ya Hip Hop ko ari imwe mu njyana ishobora kunyuzwamo ubutumwa bwinshi kandi bukagera ku mitima ya benshi. Karyango, winjiye mu nzu zitunganya muzika bwa mbere mu w’2009, yatangiye akora HipHop ariko aririmba umubtumwa busanzwe kubera ko ababashije kumuhuza n’abatunganya muzika ari cyo gice baririmbaga nab o, nk’uko (…)
-
Abahanzi Bahati, Gaby na Patient mu bahatanira ‘Africa Gospel Music Awards’
10 June 2013, by Dean IrakAbahanzi nyarwanda Alphonse Bahati na Gaby Irene Kamanzi na Patient Bizimana baje ku rutonde rw’abahanzi bahatana mu marushanwa ya ‘Africa Gospel Music Awards’.
Aya marushanwa agiye kuba ku nshuro yayo ya kane, agaragaramo abahanzi bakomeye baririmba indirimbo zihimbaza Imana bakomoka ku mugabane w’Afurika. Alphonse Bahati na Gaby bari mu cyiciro cy’abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana bitwaye neza mu 2012 bakomoka muri Afurika yo hagati bitwaye neza.
Bahatana na : Dena Mwana (…) -
Korali ’Inkuru Nziza’ igiye kumurika album y’amajwi n’iy’amashusho
27 May 2013, by Audace Willy MucyoKu Isabato ya tariki ya 1 Kamena “2013” kuva saa munani z’amanwa ku rusengero rw’abadivantiste b’umunsi wa karindwi i Remera, Korali ’Inkuru Nziza’ izamurika album y’amajwi ya gatanu hamwe n’iyamashusho ya kabiri bise ’Byose birarangiye’.
Nku’ko Ishimwe Jackson, umutoza wa korali ’Inkuru Nziza’ yabitangarije IGIHE, imyiteguro y’iki gitaramo ihagaze neza ndetse baza bari kumwe n’andi makorali harimo ’Abakurikiyesu Family’, ’El Shadai’ hamwe na ’Tujyisioni’, hakazamurikwa indirimbo icumi (…) -
Bahati Alphonse yatangije igikorwa cyo kubakira umugore w’umukene
24 June 2013, by Dean IrakUmuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana, Bahati Alphonse yatangije kubakira umugore w’umukene urera abana batatu witwa Kangiyo Agnes, utuye i Masaka mu Karere ka Kicukiro, nk’uko yaherukaga kubitangaza.
Muri icyo gikorwa, uyu muhanzi Bahati yashyize ibuye ry’ifatizo mu kibanza cya Kangiyo, uzwi ku izina rya Mama Paradi, nk’ikimenyetso cy’uko afunguye amarembo ku baterankunga bose ngo bagire icyo baha uyu mupfakazi, umaze igihe kirenga umwaka asaba inkunga yo kubakirwa.
Aganira na (…)
IGIHE