Indirimbo “Undwaza Umutima” ikimara kujya hanze, itangazamakuru ryakomeje kubaza Naason niba koko yarayihimbye asobanura iby’ugukonja k’urukundo rwe n’uwari umukunzi we “Bonne”. Nubwo yakomeje kubihakana, Naason yabwiye IGIHE ko byari ukuri ko yayihibye avuga kuri uyu mukobwa, yanakoresheje mu mashusho yayo.
Amwe mu magambo agize iyi ndirimbo agira ati “…Uru rukundo ndarwanze runtegeka kugukunda kandi utari uwo gukundwa, uri uwo guhungwa Uru rukundo sindushaka runtegeka kugukunda kansi (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > newinrnb
newinrnb
Articles
-
Naason yeruye ko indirimbo “Undwaza Umutima” ivuga ibyamubayeho
24 February 2013, by Mathias Hitimana -
Meddy aravugwaho ’Gushishura’
14 December 2012, by Nsabimana EmileIndirimbo nshya ya Meddy yise ‘Oya Ma,’ iravugwaho kuba yaba yarakozwe higanwa indirimbo nshya ya P-Square yitwa Alingo.
Umwe mu bakurikiranira hafi ibya Showbiz mu Rwanda, ashimangira ko iyi ndirimbo nshya ‘Oya Ma’ Meddy yayikoze yisanishije n’iyi ndirimbo nshya ya P-Square.
Hirya no hino ku maradiyo yo mu Rwanda, kuri za Facebook n’ahandi bakunze gucuranga indirimbo nyarwanda, usanga akenshi bavuga ko nta shiti Meddy yiganye P-Square.
Aganira na Sunday Night kuri Radio Isango Star, (…) -
U Bubiligi : Itsinda H2H rirabataramira kuri uyu wa Gatanu
27 June 2013, by Dean IrakKuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Kamena 2013, i Buruseli mu Bubiligi, abasore babiri b’Ababanyarwanda, Aimé Nshuti Régis na Uhiriwe Florent bazwi mu itsinda rya ’’H2H ’’ (From Hell to Heaven), barataramira abakunzi babo.
Iki gitaramo kizabera ahitwa « Théatre des deux gares », umuhanda (rue des deux gares 124-B, 1070 muri komine ya Anderlecht –Bruxelles), guhera saa mbiri z’umugoroba (20 :00’).
Muri iki gitaramo, aba bahanzi H2H basanzwe bazwi cyane mu muziki wa Jazz, Blues, soul na (…) -
Mani Martin yashyize hanze indirimbo ye nshya yise ’Baba ni nani’
22 March 2013, by Audace Willy MucyoMani Martin, umwe mu bahanzi b’abahanga mu njyana ya R&B ndetse no njyana za kinyafurika, yongeye gushyira ahagaragara indirimbo iri mu njyana ya Kinyafurika yise “Baba ni nani?”
Aganira na IGIHE, Mani Martin yatangaje ko iyi ndirimbo ‘Baba ni nani?’ yiganjemo ururimi rw’igiswahili, ari indirimbo yahanze akurikije ubuzima bw’umwana wavutse akisanga abana na nyina gusa, kandi nyina ntiyigere na rimwe amubwira amakuru ya se, maze uko umwana agenda akura akibaza ibye bikamuyobera, mu (…) -
Byinshi utari uzi ku mukobwa ugaragara mu ndirimbo “I’m in Love” ya The Ben
21 November 2012, by Samuel IshimweNyuma y’aho umuhanzi The Ben ashyiriye ahagaragara indirimbo yahaye izina ry’Icyongereza,“I’m in Love”, ariko iririmbye ahanini mu Kinyarwanda, umukobwa witwa Chantal Landry Sangwa ugaragara mu mashusho y’iyo ndirimbo benshi baramukunze bifuza kumumenya.
Ku maradiyo atandukanye, mu tubari, amaresitora, mu matelefone y’abantu n’ahandi hatandukanye, hagaragara kenshi indirimbo I’m in Love ya The Ben, uko irebwa ni nako benshi bibaza umukobwa uyigaragaramo uwo ari we ndetse banibifuza kumenya (…) -
Mfite gahunda yo kumenyekanisha ku isi muzika nyarwanda – Knowless
19 April 2013, by Rutaganda JoelButera Jeanne D’Arc uzwi cyane ku izina rya Knowless, nyuma y’aho akomeje gukorana indirimbo n’abanyamahanga kandi zigakundwa aho twavuga indirimbo yise “ Byemere” yakoranye n’umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Uganda witwa Vampino, kuri ubu amaze gushyira hanze indirimbo yakoranye n’umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria witwa Ray Blaze, iyo ndirimbo bayise “Rejoice”.
Aganira na IGIHE, Knowless yagize ati: “ Muzika yanjye ndetse na muzika nyarwanda muri rusange, ndifuza ko yamenyekana ku (…) -
Derek yashyize hanze amashusho y’indirimbo 3 ingunga
23 March 2013, by Rutaganda JoelUmuhanzi uzwi ku izina rya Sano Derek uririmba mu njyana ya R&B, kuri ubu yaba yashyize hanze amashusho y’indirimbo zigera kuri 3 ingunga. Mu gihe bidakunze kubaho mu bahanzi ko yashyira hanze indirimbo zigera kuri eshatu, Derek we yifuje kubikora kugira ngo abimburire abandi.
Aganira na IGIHE, Derek yagize ati” Njye nifuje kuzishyira hanze icya rimwe kugirango ndebe ko hari impinduka nakora muri muzika yanjye, kuko usanga benshi badatinyuka kuba yashyira hanze indirimbo zirenze imwe”. (…) -
Emmy yashyize hanze indirimbo ya mbere kuva yagera muri Amerika
23 May 2013, by Rutaganda JoelNsengiyumva Emmanuel uzwi cyane ku izina rya Emmy, kuri ubu nyuma y’aho yerekeje muri Leta Zunze Umwe z’Amerika aho yajyanye n’abavandimwe be ndetse na Se umubyara, yashyize hanze indirimbo ye ya mbere kuva ageze muri USA.
Aganira na IGIHE, Emmy yagize ati: “Iyi ndirimbo nyituye abakunzi banjye cyane badahwema kunyereka ko bankumbuye, nkanayitura abanyarwanda bose muri rusange bakunda muzika nyarwanda, maze kubazwa ibibazo byinshi kuri iyi ndirimbo kuva aho nayishyiriye hanze, ndabazwa ko (…) -
G - Bruce yerekeje muri Touch Records
3 April 2013, by Rutaganda JoelMfuranzima Bruce uzwi cyane ku izina rya G-Bruce, nyuma y’aho yari amaze igihe atagaragara kubera amasomo, G-Bruce yaje no kwerekeza muri imwe munzu nshya itunganya ibihangano by’abahanzi nyarwanda izwi ku izina rya “Touch Records”.
Aganira na IGIHE, G-Bruce yagize ati”nibyo koko maze iminsi nsa naho ncecetse ariko si uko ntacyo nakoraga. Mfite ibikorwa byanjye bya muzika narimo gutegura, birimo indirimbo nshya nza gushyira hanze nyuma y’icyunamo, kuri ubu nkaba nerekeje muri touch records (…) -
Gisa akomeje guteza impagarara mu bahanzi bagenzi be
15 May 2013, by Rutaganda JoelGisa Cyinganzo ni umuhanzi umaze gukorana indirimbo n’abahanzi benshi batandukanye, kugeza ubu Gisa ni umwe mu bahanzi barimo kuzamukana imbaraga muri muzika nyarwanda aho usanga abantu bakurikirana ibihangano bye ndetse na muzika nyarwanda muri rusange, usanga bibaza kuri ejo hazaza he. Bimwe mu bituma avugwaho cyane, ni ugukorana n’abahanzi benshi indirimbo, aho usanga bifuza ko yabafasha gukora ‘Chorus’ ibyo bita ‘inyikirizo’ mu ndirimbo zabo ari benshi.
Mu bahanzi amaze gukorana nabo (…)
IGIHE