Mu myaka ibiri irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rimaze riba, ryegukanywe n’abahanzi bo mu njyana imwe gusa “RnB”, muri uyu mwaka abantu bakomeje kwibaza ari nde uzatwara noneho iri rushanwa.
Muri uyu mwaka mu bahanzi 11 batangiye urugendo rwo guhatanira PGGSS III harimo abahanzi babiri gusa bo mu njyana ya RnB (Christopher na Knowless) bingana na 18,1%, bane bo mu njyana ya Hip hop/rap (Buldogg, Riderman, Fireman na Danny Nanone) bingana na 36,3 %, na batanu bo mu njyana ya (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > best_rnb
best_rnb
Articles
-
Ese injyana ya muzika ya RnB izongera kwegukana PGGSS ?
8 March 2013, by Olivier Muhirwa -
Knowless akomeje gusobanura indirimo ye “Ninkureka” yibazwaho
26 March 2013, by Rutaganda JoelButera Jeanne D’Arc uzwi cyane ku izina rya Knowless, Nyuma y’aho ashyiriye hanze indirimbo ye nshya yise “Ninkureka”, yakomeje kugenda ivugisha abantu benshi amagambo bitewe na bumwe mu butumwa buyirimo.
Iyo ndirimbo ivuga kuri zimwe mu ngabo zitabara ku rugamba zikahasiga ubuzima, n’ibyo abapfakazi b’abaruguyeho basigara batekereza mu mitima yabo.
Aganira na IGIHE, Knowless yagize ati” Naricaye numva umutima umbwira kuririmba kuri abo bakuru bacu bapfakara kubera abagabo basiga ubuzima (…) -
Nta mukunzi mfite- Knowless
30 March 2013, by Rutaganda JoelButera Jeanne D’Arc uzwi ku izina rya Knowless, mu muganda rusange wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 30 Werurwe 2013, Abaturage bo mu murenge wa kinyinya baje kugira ikibazo bamubaza cyo kuba yaba afite umukunzi mu gihe abahanzi bose uko ari 11 bazitabira amarushanwa ya PGGSS bakoreraga umuganda muri uwo murenge wa kinyinya.
Knowless mu guseka cyane yagize ati” nta mukunzi mfite”. Nyuma y’aho yaje kubabaza nimba ikibazo bamubajije ko yaba afite umukunzi hari uwa mushakira umukunzi. (…) -
Tom Close nta bwoba aterwa n’abamuvuga
20 March 2013, by Rutaganda JoelUmuhanzi Muyombo Thomas uzwi cyane ku izina rya Tom Close, Kuri ubu ni umuganga mu bitaro bya gisirikare i kanombe. Nyuma y’aho benshi bakomeje kugenda bavuga byinshi kuri Tom Close ko yaba yarasubiye inyuma muri muzika ye, Tom Close siko abibona. Avuga ko afite byinshi bishya arimo gukora kandi byiza, ahubwo abo bamuvuga ko nta bwoba bamuteye ko byakabaye byiza ko bareba ibikorwa akora.
Aganira na IGIHE, Tom Close yagize ati” Kugeza ubu abantu twese twakabaye dukora ibintu biduteza (…) -
The Ben yatanze ubutumwa mu gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi
9 April 2013, by Rutaganda JoelMugisha Benjamin uzwi cyane ku izina rya The Ben umwe mu bahanzi bazamuye injyana ya R&B mu Rwanda, nyuma y’aho kuri ubu abarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yatanze ubutumwa ku banyarwanda bose bwo kwihangana muri iki gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. The Ben yavuze ko Abanyarwanda bagomba gufata iya mbere bahindura amateka mabi igihugu cyanyuzemo.
Aganira na IGIHE, The Ben yagize ati ”Amahano yagwiririye igihugu cyacu ntazongere kubaho ukundi, kandi ahanini (…) -
Dream Boys ntiyifuza MC Tino muri PGGSSIII
27 April 2013, by Rutaganda JoelUmwe mu bashyushya rugamba MC, umunyamakuru, akaba n’umuhanzi uba mu itsinda rya TBB, uzwi ku izina rya MC Tino, kuri ubu nyuma y’aho atangaje ko yifuza ko iri rushanwa rya PGGSSIII rya kwegukanwa n’itsinda rya Urban Boys, irindi tsinda naryo riri muri iryo rushanwa rya PGGSSIII ryitwa Dream Boys, ntibifuza ko MC Tino yazayobora iri rushanwa.
Nk’uko Platini wo mu itsinda rya Dream Boys yabitangaje abinyujije k’urukuta rwe rwa facebook, yagize ati: “ Niba bamwe mubakozi ba Guma Guma bazi (…) -
Knowless mu Busuwisi
29 November 2012, by Dean IrakSaa munani z’ijoro zo kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Ugushyingo 2012, Jeanne Ingabire Butera uzwi cyane ku izina rya Knowless arerekeza mu gihugu cy’u Busuwisi ku mugabane w’u Burayi.
Mu kiganiro kirambuye yagiranye na IGIHE, Knowless yavuze ko agiye mu bitaramo bitandukanye.
Yavuze kandi ko izi ngendo akorera mu Burayi hari byinshi agenda yigiramo by’umwihariko mu buhanzi bwe.
Muri iki cyumweru, Knowless yashyize hanze amashusho y’indirimbo iri mu njyana ya Reggae yitwa “Nzaba Mpari”, (…) -
Patrick Nyamitali yasobanuye byinshi ku ndirimbo nshya ihimbaza Imana yashyize ahagaragara
3 June 2013, by Rutaganda JoelPatrick Nyamitali nyuma y’aho yari amaze igihe atagaragara mu ruhando rwa muzika nyarwanda, benshi bibazaga aho yaba yaragiye, gusa kuri ubu yashyize hanze indirimbo ihimbaza Imana yise “Iyo ataba wowe” anagira byinshi ayivugaho.
Mu kiganiro na IGIHE, Patrick Nyamitali yasobanuye byinshi kuri muzika ye uburyo ayibona na gahunda afite imbere.
IGIHE: Muraho neza Patrick?
Patrick: Muraho muraho?
IGIHE: Hari hashize iminsi utumvikana cyane mu bihangano bishya, ese waba wari uhugiye mu (…) -
Mani Martin azitabira iserukiramuco ‘Amani’ i Goma
3 April 2013, by Audace Willy MucyoMu iserukiramuco ryiswe ‘AMANI Festival’ rizajya rihuza abahanzi baturuka mu bihugu byose byo ku isi bakora muzika nyafurika, yiganzamo cyane ubutumwa bw’amahoro rizabera i Goma; Mani Martin ni umwe mu bazaserukira u Rwanda.
Iri serukiramuco ritegurwa n’inzu ndangamuco ya Republika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Bufaransa, bifatanyije na Centre Culturelle de Jeunes de Goma, rizafungurwa ku mugaragaro kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Mata 2013, ariko ibikorwa byaryo nyirizina bizaba (…) -
Victor Fidel wo mu Itsinda rya The Brothers yakoze indirimbo ku giti cye
15 December 2012, by Nsabimana EmileUmuhanzi Victor Fidel, umwe mu bari bagize itsinda the Brothers, yasohoye indirimbo ku giti cye yise ‘Hobe Ibyansize’, akaba yarayikoze yahinduye izina akoresha mu buhanzi.
Ubusanzwe uyu muhanzi yamenyekanye muri The Brothers rigizwe n’abahanzi batatu yitwa Victor Fidel, ubu akaba yitwa Koudou.
Victor Fidel si we wa mbere ugaragaje ko yifuza gukora wenyine no kubaka izina rye atari mu itsinda, kuko mugenzi we Danny Vumbi yabanje kwiyomora kuri The Brothers ariko akomeza gukorana n’iri (…)
IGIHE