Umuyobozi w’itsinda Beauty for Ashes rihimbaza Imana riririmba mu njyana ya Rock, Olivier Kavutse, wagarutse mu Rwanda mu minsi mike ishize, aratangaza ko hari byinshi bijyanye n’umuziki ndetse n’umurimo w’Imana yigiye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Mu kiganiroyagiranye na IGIHE uyu muhanzi usanzwe unacuranga mu itsinda rya Beauty for Ashes, yadutangarije ko atazasubira ku ishuri kuko amasomo yigaga yarangiye.
Ati “Nize ibijyanye no kuyobora indirimbo no kuyobora abantu mu murimo (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > artgospel
artgospel
Articles
-
Umuhanzi Kavutse avuga ko hari byinshi mu muziki avanye muri Amerika
27 June 2013, by Dean Irak -
Nyuma y’imyaka 10, Alexis Dusabe agiye kumurika umuzingo wa kabiri
28 May 2013, by Dean IrakTariki ya 30 Kamena 2013 muri Selena Hotel I Kigali, umuhanzi umenyerewe mu ndirimbo zihimbaza Imana, Alex Dusabe aritegura gushyira ahagaragara umuzingo (Album) wa kabiri w’indirimbo.
Uyu muzingo yawise “Jyana I Gologota”, ukazaba ukurikiye uwa mbere yise ‘Mfite ibyiringiro’ yasohoye mu myaka 10 ishize.
Alexis Dusabe yatangarije IGIHE ko yatangiye imyiteguro yo gushyira ku mugaragaro uyu muzingo. Dusabe avuga ko yawushyizemo imbaraga nyinshi kugirango indirimbo ziwubumbiyeho zizafashe (…) -
Umuhanzi Nsanzimana Jean Bosco agiye kumurika album ye ya mbere
31 May 2013, by Audace Willy MucyoKu cyumweru taliki ya 2 Kamena 2013, umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana ’Nsanzimana Jean Bosco, azashyira ahagaragara album ye ya mbere yise “Umukunzi” igizwe n’indirimbo umunani z’amajwi gusa.
Iki giterane cyo gushyira ahagaragara album kizabera ku Gisozi, ku rusengero rw’itorero ’Yotibata Church’ guhera saa cyenda z’umugoroba, aho Nsanzimana Jean Bosco azafashwa n’abandi bahanzi nka Uwiringiyimana Theo, Stella Christine, hamwe n’amakorali atandukanye.
Aganira na IGIHE, (…) -
Dominic Nic yataramiye ku ivuko rye afashijwe na Alexis Dusabe
7 May 2013, by Audace Willy MucyoIgitaramo cyitiriwe “Intambwe zacu yazaguriye kumukorera”, cyari cyateguwe na Dominic Nic afatanije na Alexis Dusabe, cyabereye i Rubavu kuri iki cyumweru mu rusengero rwa ADEPR Bethel, aho umuhanzi Dominic Nic yahoze asengera ataraza kuririmbira i Kigali.
Muri uru rusengero rwari rwakubise rwuzuye rwanasagutswe n’imbaga y’abari baturutse imihanda yose baje kwihera ijisho, Dominic yabiseguyeho ko iki gitaramo cyategurwaga bigapfa, anatanga ubuhamya.
Dominic yavuze ko akirusengeramo, dore (…) -
Dominic Nic na Alexis Dusabe bagiye gutaramira i Rubavu
24 April 2013, by Audace Willy MucyoAbahanzi Dominic Nic Ashimwe na Alexis Dusabe bahimbaza Imana bagiye kwerekeza mu Karere ka Rubavu mu gitaramo cyo guhimbaza Imana kizaba tariki ya 5 Gicurasi uyu mwaka.
Iki gitaramo gifite insanganyamatsiko igira iti: “Intambwe zacu yazaguriye kumukorera”, cyateguwe na Dominic dore ko azaba yerekeje aho avuka mu karere ka Rubavu.
Nk’uko yabitangarije IGIHE, Dominic Nic yavuze ko iki gitaramo kizakorwa mu buryo bwa Live kandi ko azaririmba indirimbo nyinshi ziganje kuri album ze zombi (…) -
Alexis Dusabe yahereye muri ADEPR Gakinjiro amenyekanisha album ye nshya
10 March 2013, by Dean IrakKu mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 9 Werurwe 2013, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Alexis Dusabe yakoreye igitaramo cy’ivugabutumwa mu rusengero rwa ADEPR Gakinjiro cyashimishije abakristu bari bahakoraniye ariko anamenyekanisha umuzingo w’indirimbo we mushya yise “Njyana i Gologota”.
Alexis Dusabe yabwiye IGIHE ko iki gitaramo kidakwiye kwitiranywa n’ibindi bitaramo byo kumurika album abahanzi basanwe bakora. Ati “Ibitaramo byo kumurika album ntabwo ari intego (…) -
“Theo Bosebabireba” arasabwa kunyomoza amakuru yavuze cyangwa akajyanwa mu nkiko
24 June 2013, by Dean IrakUmunyamakuru witwa Samuel wo kuri Radio Flash FM aratangaza ko niba umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana, Uwiringiyimana Theogene, atemeye kujya kuri Radio Authentique ngo anyomoze amakuru yatangaje azamujyanwa mu nkiko.
Uti ayo makuru ni ayahe?
Ni uko uyu muhanzi umenyerewe ku izina rya Theo Bosebabireba yavuganye n’uyu munyamakuru kuri Radio Flash FM akamubwira ko yagiye mu Bwongereza kandi ko ko urugendo rwagenze neza. Nyuma y’igihe gito Theo yaje kongera gutangariza Radio (…) -
‘Frère Manu’ agiye gutaramira i Musanze iminsi itatu
22 May 2013, by Audace Willy MucyoUmuhanzi Frère Manu agiye gutaramira abo mu ntara y’Amajyaruguru, i Musanze, agaragaza imbaraga ziri muri muzika y’indirimbo zihimbaza Imana.
Ku nshuro ya 4 ategura ibiterane by’ivugabutumwa ryamamaza Imana hirya no hino mu Rwanda, umuhanzi akaba n’umucuranzi wo mu karere ka Rubavu ‘Frère Manu’ agiye gutaramira abo mu ntara y’Amajyaruguru, mu karere ka Musanze, aho mu gihe cy’iminsi itatu, guhera tariki ya 31 Gicurasi kugera tariki 2 Kamena 2013, azaba ari kuri Paruwase ya ADEPR Muhoza, (…) -
Gitwaza, Agueze na Ampiah bagiye gusengera itorero mu minsi itatu
7 May 2013, by Audace Willy MucyoKu bufatanye bw’Itorero ’Zion Temple Celebration Centre’ na ’Global Revival Ministries’, hateguwe igiterane cy’iminsi itatu cy’insanganyamatsiko igira iti: “Guhagurutsa Urubyaro rw’Intumwa", kizigishirizwamo n’abavugabutumwa bakomeye.
Mu itorero Zion Temple ry’Intumwa Gitwaza Paul, hagiye kubera igiterane kizitabirwa na Apostle Sino Agueze uzaturuka muri Leta zunze ubumwe za Amerika, na Pasiteri Robert Ampiah-Kwofie wo muri Ghana, aho kizaba kigamije guhagarutsa Itorero mu ijambo ry’Imana (…) -
Hateguwe igitaramo cyiswe ‘Gospel Bye Bye Vacances’ kuri uyu wa Gatandatu
19 April 2013, by Audace Willy MucyoHateguwe nanone igitaramo cyiswe “Gospel Bye Bye Vacance’’ gitegurwa n’itsinda ‘Urugero Media Group’ rifatanyije na ‘Fruits of Love Ministries’ kizabera Kicukiro-Centre kuri Glory To God Temple ku wa Gatandatatu tariki 22 Mata 2013 guhera saa munani (14h).
Iki gitaramo kigiye kuba ku nshuro ya kabiri, kiba gifite intego yo gufasha abanyeshuri gusubira ku mashuri yabo bajyanye impamba y’ijambo ry’Imana, nk’uko Ndabarasa Sebatware Costa, ushinzwe ibikorwa muri Urugero Media Group, (…)
IGIHE