Minisitiri w’umuco na siporo, Protais Mitali, anenga abahanzi bamwe na bamwe bigana imyambaro y’ahandi nyamara bakabaye bahimba iyabo y’umwihariko.
Minisitiri Mitali yabigarutseho mu nama yagiranye n’abanyamakuru ku wa Kane tariki 15 Ugushyingo, avuga ku myambarire y’abasore n’inkumi b’abahanzi nyarwanda bakomeje kuvugwaho imyambarire idahwitse nyamara baba ari indorerwamo za rubanda.
Mitali yagaragaje ko ko biteye isoni kubona hari abambara imyenda batazi n’impamvu abo bayibonanye (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > best_makuru
best_makuru
Articles
-
Minisitiri Mitali atewe agahinda n’imyambarire ya bamwe mu bahanzi nyarwanda
16 November 2012, by Samuel Ishimwe -
Jean Pierre H yujuje umwaka ari muri muzika
21 June 2013, by Rutaganda JoelJean Pierre H watangiye gushyira hanze igihangano cye cya mbere muri Kamena 2012 avuga ko atazigera yibagirwa ukwezi kwa Kamena doreko yujuje umwaka agiye mu ruhando rwa muzika, kuko aribwo inzozi ze muri muzika zagiye ahabona. Jean Pierre H azwi mu ndirimbo nka ‘Rwanda Watuboneye Izuba’, ‘Ndabaga’ n’izindi. Mu mwaka wa 2012 nibwo yashyize ahagaragara indirimbo zigera kuri enye zose zifite amashusho.
Aganiria na IGIHE, JEAN Pierre H yadutangarije ko akomeje gushyira ingufu mu buhanzi (…) -
Umuraperi ‘Mangwair’ yitabye Imana
29 May 2013, by Audace Willy MucyoUmuraperi Albert Mangwea wari uzwi ku izina rya ‘Mangwair’ wo muri Tanzania yitabye Imana ku munsi w’ejo aguye i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, akaba azashyingurwa mu mujyi wa Morogoro aho se umubyara na we yashyinguwe.
Nyakwigendera Mangwair wamenyekanye cyane mu ndirimbo nka ‘Mikasi’, ‘Kimya Kimya’ yakoranye na Jay Moe, ‘She got a gwan’, ‘Wife’ yakoranye na Daz Baba, n’izindi, yitabye Imana ku munsi w’ejo tariki 28 Gicurasi, aguye mu bitaro bya Saimt Hellen mu mujyi wa (…) -
Abahanzi 11 ba PGGSS III berekeje i Nyanza
25 May 2013, by Dean IrakAbahanzi 11 bose bari mu irushanwa rya PGGSS III berekeje kuri uyu wa Gatandatu mu Karere ka Nyanza aho bagiye gutaramira abafana babo.
Iki gitaramo kirabera mu Murenge wa Busasamana kuri Stade y’i Nyanza.
Muri iki gitaramo haraza kugaragara abahanzi Fireman na Knowless batagaragaye mu gitaramo giheruka kubera ko Fireman yari arwaye naho Knowless we akaba yari yitabiriye ibirori bya Rwanda Day byabereye i London mu Bwongereza.
Gusa muri iki gitaramo umuhanzi Mico Prosper ntari (…) -
MINISPOC yahagurukiye abahanzi babusanya n’umuco nyarwanda
11 November 2012Minisiteri y’Umuco na Siporo iratangaza ko mu gihe amategeko na politiki y’umuco bikirimo kuvugururwa, igiye gukora uko ishoboye ihashye abahanzi bakoresha amagambo, amafoto n’ibindi bibusanye n’umuco nyarwanda.
Muri iki gihe mu bahanzi b’Abanyarwanda baravugwaho gukoresha amagambo y’urukoza soni, amashusho n’imyambarire biteye isoni, ibi rero MINISPOC ibifata nko kunyuranya n’umuco ifite mu nshingano.
Mu kinagiro na Makuza Lauren ushinzwe iterambere ry’umuco muri MISPOC ati “Kuva na (…) -
Amber Rose yibutse ko Ne-Yo yamwangiye kugaragara mu ndirimbo ye kubera umusatsi
1 November 2012, by Samuel IshimweKu rubuga rwa Twitter, Amber Rose yatangaje ko aherutse gukora urugendo rwo kongera kuzirikana ukuntu Ne-Yo yamwangiye kugaragara mu ndirimbo ye y’amashusho yiswe “Miss Independent” amuziza kutagira umusatsi.
Urubuga rwa internet sohh.com rwatangaje ko Rose yimwe na Ne-yo amahirwe yo kugaragara mu ndirimbo kuko kubera ko atagira umusatsi, nyamara we yishimira kumurika ubwiza bwe n’agasatsi gake ku mutwe.
Rose yagize ati “Ndibuka mu 2009 ubwo nihatiraga kugaragara muri video ya Ne-Yo, (…) -
Amafaranga; impamvu nyamukuru y’itandukana rya Muyoboke na Urban Boys
16 May 2013, by Audace Willy MucyoImpande zombi nta n’umwe werura ngo avuge impamvu nyakuri yatumye batandukana, ariko inshuti za hafi za Super Level zivuga ko Urban Boys na Muyoboke batandukanye kubera kutumvikana impuzandengo y’amafaranga bazajya bagabana.
Imbarutso yabaye amarushanwa ya Primus Guma Guma Super Star III, aho bamwe mu bagize itsinda rya Urban Boys bivugwa ko ngo basanze aho kugabana 70% Muyoboke akiharira 30% batandukana.
Umwe muri izi nshuti zabo utifuje ko twatangaza amazina ye yagize ati: “Impamvu (…) -
Hateguwe igitaramo cyiswe “Urugendo rw’indirimbo mu Rwanda” hibukwa Mzee Sentore
2 April 2013, by Audace Willy MucyoKuri uyu wa gatatu tari ya 3 Mata isaa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba (18h30’), hazaba igitaramo kizaba ari nyarwanda ku buryo bwuzuye, hakazibukirwamo nyakwigendera Mzee Sentore Athanase, hanazirikanwa ibikorwa bye.
Muri iki gitaramo kizabera ku Kacyiru mu nzu nini ya ‘Ishyo Arts Center’, hateganyijwe ko hazerekanwa ibyakorwaga mu gitaramo gakondo, harimo imbyino zikomoka mu duce twose tw’u Rwanda, imivugo n’ibyivugo, amahamba, n’ibicurangisho gakondo nka ‘Inanga’, ‘Umuduri’, (…) -
DJ Bob na DJ Zizou barashinjanya amarozi
15 March 2013, by Rutaganda JoelDj Bob na Dj Zizou, bamwe mu bazamura muzika nyarwanda, kuko usanga abahanzi benshi bamenyekana kubera akazi abo bombi bakoze, kuri ubu hagati yabo barashinjanya amarozi.
Nubwo hatagaragazwa uburyo DJ Bob ashinja Dj Zizou kuroga, Dj Zizou yanditse ku rubuga rwa facebook agaragaza ko icyo kibazo gihari ndetse agiye kuzamurega.
Dj Zizou kuri facebook yagize ati ”Aho bigeze ngiye kwitabaza inzego z’ubutabera, kuko sinibaza impamvu Dj Bob anyita umurozi nkaho hari umuntu azi naroze". (…) -
Kim Kardashian atwite umwana wa Kanye West
31 December 2012, by Nsabimana EmileUmuraperi Kanye West n’umugore we Kim Kardashian ukora kuri televiziyo, baratangaza ko bizeye kubyara umwana mu minsi iri imbere nk’uko Kardishian yabishimangiye kuri uyu wa mbere tariki ya 31 Ukuboza 2012.
"Ni byo jye na Kanye twiteze uruhinja." Uku ni ko Kardashian yatangaje ku rubuga rwe bwite rwa ’nternet’.
Kuri uru rubuga Kardashian yakomeje agira ati "Dutegereje kugira intangiriro nziza z’umwaka wa 2013."
Kim Kardashian w’imyaka 32 yatangiye gushyuha mu by’urukundo rwe na Kanye (…)
IGIHE