Ni yo kipe y’abatarabigize umwuga yitabiriye Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kiri kubera muri Amerika. Ihagarariye Umugabane wa Océanie.
Bluetooth ikomora izina ku mwami wa Denmark, King Harald “Bluetooth” Gormsson kubera uruhare rwe mu kunga abantu
Mu bihe by’impeshyi uburebure bw’umunara wa Eiffel mu Bufaransa buriyongera
Indimu zifitemo isukari nyinshi kurusha inkeri
Turi ku wa 25 Nyakanga 2026. Ni umunsi wa 206 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 159 ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1959: Uwahoze ari umwami w’u Rwanda Mutara III Rudahigwa ni bwo yatangiye i Bujumbura mu Burundi. 1996: Mu Burundi Buyoya yafashe ubutegetsi abuhiritseho Sylvestre Ntibantunganya wayoboraga icyo gihugu. 1837: Abahanga William Cooke na Charles Wheatstone bashoboye gukoresha itumanaho rya Telegraph hagati y’uduce twa Euston na Camden i Londres. 2010: WikiLeaks yasohoye inyandiko zikubiyemo amabanga y’igisirikare cya Amerika mu bikorwa byacyo muri Afghanistan, birimo no kwica abasivili. Mu muziki 2001: Aaliyah yakoze igitaramo cye cya nyuma ubwo yaririmbaga “More Than a Woman” muri The Tonight Show agahitanwa n’impanuka y’indege nyuma y’ukwezi kumwe ari kuva gufata amashusho y’indirimbo muri Bahamas. Abavutse 1953: Robert Zoelick wabaye Perezida wa Banki y’Isi. 1988: Paulinho, umunya-Brésil wakiniye ikipe zirimo Tottenham Hostpurs na FC Barcelone. Abapfuye 2017: Hapfuye Barbara Sinatra wari warashakanye n’umuhanzi Frank Sinatra. 2019: Beji Caid Essebsi wabaye perezida wa Tunisie.
Turi ku wa 25 Nyakanga 2026.
Ni umunsi wa 206 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 159 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1959: Uwahoze ari umwami w’u Rwanda Mutara III Rudahigwa ni bwo yatangiye i Bujumbura mu Burundi.
1996: Mu Burundi Buyoya yafashe ubutegetsi abuhiritseho Sylvestre Ntibantunganya wayoboraga icyo gihugu.
1837: Abahanga William Cooke na Charles Wheatstone bashoboye gukoresha itumanaho rya Telegraph hagati y’uduce twa Euston na Camden i Londres.
2010: WikiLeaks yasohoye inyandiko zikubiyemo amabanga y’igisirikare cya Amerika mu bikorwa byacyo muri Afghanistan, birimo no kwica abasivili.
Mu muziki
2001: Aaliyah yakoze igitaramo cye cya nyuma ubwo yaririmbaga “More Than a Woman” muri The Tonight Show agahitanwa n’impanuka y’indege nyuma y’ukwezi kumwe ari kuva gufata amashusho y’indirimbo muri Bahamas.
Abavutse
1953: Robert Zoelick wabaye Perezida wa Banki y’Isi.
1988: Paulinho, umunya-Brésil wakiniye ikipe zirimo Tottenham Hostpurs na FC Barcelone.
Abapfuye
2017: Hapfuye Barbara Sinatra wari warashakanye n’umuhanzi Frank Sinatra.
2019: Beji Caid Essebsi wabaye perezida wa Tunisie.
Facebook